Tags : Bernard Makuza

2015-16: Mu mihigo ikomatanye Leta yahize guhanga imirimo 314 000

Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi agaragazaga ibyagezweho mu mihigo y’umwaka wa 2014-15, mu cyumweru gishize, yavuze ko kwesa imihigo byavuye kuri 66,5%  mu mwaka wa 2013-14 bigera kuri 74,8%, avuga ko mu mihigo y’uyu mwaka wa 2015-16 Leta izahanga imirimo mishya 314 000. Anastase Murekezi avuga incamake y’imihigo uko yeshejwe, yavuze ko Leta yabashije guhanga imirimo […]Irambuye

Mu itegeko ry’umuryango rishya umugore yarega asaba kwihakana umwana

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 8 Gicurasi, Abasenateri bagize Komisiyo ishinzwe imibereho myiza, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage yasuzumye itegeko rishya ry’umuryango no kurinononsora basanga hari ingingo zikomeye zirengagijwe. Uyu mushinga w’itegeko rigenga umuryango, ni ivugurwa ry’itegeko ryariho ryashyizweho mu 1988. Komisiyo ishinzwe imibereho y’abaturage mu Nteko Nshingamategeko, umutwe w’abadepite bari barisuzumye mbere y’uko […]Irambuye

Amafoto: Abaturage baragana Inteko basaba ko Itegeko Nshinga rihinduka

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 8 Gicurasi, Perezidante w’Inteko Nshingamategeko umutwe w’abadepite Hon Mukabalisa Donatile yakiriye abaturage baturutse mu karere ka Rubavu bazanye ubusabe bwabo ko itegeko nshinga ryahinduka Perezida Paul Kagame akaziyamamaza nyuma ya 2017. Ingingo y’101 y’Itegeko Nshinga ry’u Rwanda ibuza umukuru w’igihugu cy’u Rwanda kwiyamamariza kuyobora igihugu mandat zirenze ebyiri. Ku […]Irambuye

Ngororero: Abahinzi b’icyayi nabo ngo barashaka Kagame nyuma ya 2017

Kuri uyu wa kane tariki 30 Mata 2015 abahinzi b’icyayi 1 800 bo muri Kopertive COTRAGAGI-RUBAYA mu karere ka Ngororero bashyizeho umukono ku ibaruwa banditse basaba ko ingingo ya 101 y’Itegeko Nshinga ibuza umukuru w’igihugu kwiyamamariza manda zirenze ebyiri yahinduka kugira ngo Perezida Paul Kagame akomeze kubayobora kubera ibyo yabagejejeho nk’uko babivuga. Bavuze ko Perezida Paul Kagame […]Irambuye

Nyabihu: Abahinga Icyayi bitoyemo uzajya mu Nteko gusaba ko Itegeko

26 Mata 2015 – Abaturage bo mu mirenge itandatu igize Koperative y’abahinzi b’icyayi mu karere ka Nyabihu (COOPTHEGA), bakoze inama yo gusuzuma ibyo bagezeho no kugabana inyungu y’amafaranga million ebyiri bungutse, bakaba ngo nyuma yo kubona ko iterambere bafite barikesha Perezida Kagame, banditse basaba Inteko Nshingamategeko ihindura ingingo ya 101, ndetse bemeza umuturage uzajyana iyo baruwa […]Irambuye

Perezida mushya wa Sena ni Bernard MAKUZA

Kuri uyu wa 14 Ukwakira uwari Visi Perezida wa Sena ushinzwe amategeko, Senateri Bernard Makuza ni we bagenzi be batoreye kuyobora Inteko Ishinga amategeko y’u Rwanda  umutwe wa Sena. Asimbuye kuri uyu mwanya Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo wari umaze iminsi 27yeguye. Nk’uko bigenwa n’itegeko, amatora yo gutora Perezida wa Sena abera imbere ya Perezida wa […]Irambuye

Perezida wa Senat y'u Rwanda yeguye. IMPAMVU….

17 Nzeri 2014 – Kuri uyu mugoroba mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe wa Senat bakiriye ubwegure bwa Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo wari umuyobozi w’inteko ishinga amategeko umutwe wa Senat. Ni mu gihe hari hateganyijwe inama idasanzwe yari yateranyije abasenateri. Dr Ntawukuriryayo ngo yeguye kuri iyi mirimo ku mpamvu ze bwite. Muri Senat hateraniye inama […]Irambuye

Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hatangijwe ukwezi kw’umufundi

Kuri uyu wa gatandatu tariki 26 Nyakanga mu Rwanda hose hatangijwe ukwezi kwahariwe umufundi,  gufite insanganya matsiko igira iti “ Umurimo unoze, Gutanga serivise nziza no Kwizigamira.” Iki gikorwa kikaba cyahuriranye n’umunsi w’umuganda. Imihango yo gutangiza uku kwezi kwahariwe umufundi  mu Rwanda yateguwe na sendika y’abafundi mu Rwanda ariyo STECOMA.  Iki gikorwa kizihijwe ku rwego […]Irambuye

en_USEnglish