Tags : barack Obama

Umuryango wa Obama uvuye muri White House ugiye mu nzu

Nyuma y’uko bavuye mu kiruhuko mu kirwa cy’umukire w’inshuti ya Obama witwa Richard Branson, ubu uyu muryango wahoze uba mu nzu y’Umukuru w’igihugu cya USA, ugiye gutura mu nzu ya Miliyoni 4.3$. Abana ba Obama babaye abangavu baba muri White House bashobora kuzahakumbura cyane. Indege ikibageza ku kibuga, abaturanyi babo baje kubakirana ubwuzu kuko ngo […]Irambuye

Perezida wa Philippine ngo Imana yamubujije kongera gutukana

I Manila muri Philippine, Perezida w’iki gihugu, Rodrigo Duterte uherutse kwita Perezida Barack Barack Obama ko ari ‘umuhungu w’Indaya’  akanamusaba kujya I kuzimu, yavuze ko yasezeranyije Imana ko atazongera kuvuga amagambo nk’aya atayihesha icyubahiro. Uyu muperezida uzi ku izina ry’Umuhannyi (the Punisher), azwiho kutihanganira abacuruzi b’ibiyobyabwenge aho amaze guhanisha banshi igihano cy’urupfu kuva yajya ku […]Irambuye

Umuvandimwe wa Obama wari umaze igihe ari umu-Democrat ngo azatora

Malik Obama usangiye umubyeyi umwe (Se) na Perezida Barack Obama yatangaje ko nyuma y’igihe kinini ari umu-Democrat ubu yinjiye mu ishyaka ry’aba-Republican ndetse ko yiteguye kuzaha ijwi Umukandida wo muri iri Shyaka, Donald Trump. Uyu mugabo umenyerewe ku izina rya Abong cangwa Roy arusha Barack Obama imyaka itatu, bombi bakaba bavuka ku mubyeyi umwe (Se), […]Irambuye

USA: Michel Obama n’abakobwa be barasura Afurika

Kuri iki cyumweru, (ejo/ Muri USA) Umugore wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Michel Obama n’abakobwa babo, Sasha na Malia baratangira urugendo bagiye kugirira muri Afurika  mu bukangurambaga bwo kwimakaza uburezi ku bakobwa. Ibiro bya ‘White House’ biratangaza ko uru rugendo rw’iminsi Itandatu, Michel Obama n’abakobwa be bazasura ibihugu byo ku mugabane w’Afurika […]Irambuye

Syria: Bitunguranye Putin yafashe icyemezo cyo gucyura ingabo z’U Burusiya

Ingabo z’U Burusiya zigomba gutangira kuva muri Syria nyuma y’icyemezo cyatunguranye cyane cyo kuzicyura cyafashwe na Perezida w’igihugu Vladimir Putin. Ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi na Leta zunze Ubumwe za America, bakiriye icyo cyemezo n’ubwitonzi, bavuga ko gishobora gutuma Leta ya Syria ijya kugitutu cyo kwitabira ibiganiro n’abayirwanya. Ibiganiro by’amahoro bigamije gusoza intambara imaze imyaka […]Irambuye

Ange yaba areshya ate? Asumba Tony parker na Dwyane Wade

Buri wese wabonye ifoto ya Perezida Kagame ubwo yakirwaga na Perezida Barack Obama kuwa kabiri w’iki cyumweru, icyamutangazaga ni uburebure bwa Ange Kagame, umukobwa wa Perezida Kagame. Ni muremure bitangaje. Perezida Obama areshya na metero imwe na centimetero 85 (1.85m), ahagararanye na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ubona ko ari abagabo bareshya mu burebure. Michelle […]Irambuye

Obama yatangije inama yatumiyemo abayobozi ba Africa bose

Washington – Kuri uyu wa 05 Kanama Perezida Barack Obama wa USA na Vice Perezida we Joe Bidden bafashe umwanya munini bagaragaza ko Leta z’unze ubumwe za Amerika zitaye ku iterambere rya Africa, bagaragaza mu ngero no mu mibare ibyo Amerika imaze gukorera Africa. Nyuma hakurikiyeho ikiganiro kigufi cyahuriyemo ba Perezida Paul Kagame, Macky Sall […]Irambuye

Obama yakiriye urubyiruko rw’abanyAfrica harimo Abanyarwanda 6

Washington DC – Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Nyakanga i Washington, Perezida Obama yakiriye itsinda ry’urubyiruko rugera kuri 500 rw’abanyafrica, aba ni abatoranyijwe kujya muri gahunda ya Perezida Obama yitwa YALI, muri bo harimo abanyarwanda batandatu, umwe muri bo akaba ari Marcel Mutsindashyaka umuyobozi wa Umuseke IT Ltd ifite uru rubuga www.umuseke.rw Perezida […]Irambuye

en_USEnglish