Tags : AU

Ingabo za Uganda zitwaje ibikoresho bya gisirikare bikomeye zagiye muri

Ingabo za Uganda zitwaje ibikoresho bya gisirikare biremereye kuri uyu wa kane tariki 14 Nyakanga zambutse umupaka zerekeza muri Sudan y’Epfo, mu bikorwa byo gucyura abaturage ba Uganda babuze inzira kubera imirwano yabaye mu minsi ishize i Juba, nk’uko AFP ibivuga. Umurongo muremure w’ibimodoka za gisirikare 50, zeherekejwe n’ibimodoka by’intambara biriho imbunda ziremereye ni zo […]Irambuye

U Rwanda rurasaba ibisobanuro U Burundi ku rupfu rwa Amb.Bihozagara

Itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, rivuga ko tariki ya 31 Werurwe, 2016 Leta y’u Rwanda yamenyeshejwe ku wa Gatatu iby’urupfu rwa Ambasaderi Jacques Bihozagara wanabaye Minisitiri. Rivuga ko ibyo u Rwanda rwamenyeshejwe ko urupfu rwa Bihozagara rwabaye giturumbuka mu buryo budasobanutse “suddenly in unclear circumstances”, tariki ya 30 Werurwe 2016. […]Irambuye

CAR: Ingabo z’u Bufaransa ziraregwa guhatira abana gusambana n’imbwa

Ubuyobozi bw’Umuryango w’abibumbye bwatangaje ko harimo gukorwa iperereza ryimbitse ku birego bishya bishinja ingabo za UN zikomoka mu Bufaransa zikorera muri Centrafrica guhohotera abana b’abakobwa bakabahatira gusambana n’imbwa. Si ubwa mbere ingabo z’u Bufaransa zikorera muri Centrafrica zishinjwe guhohotera abana. Mu mwaka ushize zavugwagaho gufata abana 69 ku ngufu kandi bagakorerwa  n’ibindi bikorwa by’ihohotera bikozwe […]Irambuye

EU ishobora guhagarika amafaranga yahaga ingabo z’u Burundi ziri muri

*Leta ya Nkurunziza yasaruraga miliyoni 13 z’Amadolari buri mwaka aturutse kuri iyi gahunda, *Ibi bihano bishobora kugira ingaruka zikomeye ku Burundi n’ubundi bwari buri mubihano, *Kudatanga aya mafaranga ngo biratuma Pierre Nkurunziza ajya mu mishyikirano n’abatavuga rumwe na we. Umuryango w’Uburayi urateganya gukuraho amafaranga wageneraga ingabo z’U Burundi zijya mu butumwa bw’amahoro muri Somalia, Leta […]Irambuye

Syria: Bitunguranye Putin yafashe icyemezo cyo gucyura ingabo z’U Burusiya

Ingabo z’U Burusiya zigomba gutangira kuva muri Syria nyuma y’icyemezo cyatunguranye cyane cyo kuzicyura cyafashwe na Perezida w’igihugu Vladimir Putin. Ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi na Leta zunze Ubumwe za America, bakiriye icyo cyemezo n’ubwitonzi, bavuga ko gishobora gutuma Leta ya Syria ijya kugitutu cyo kwitabira ibiganiro n’abayirwanya. Ibiganiro by’amahoro bigamije gusoza intambara imaze imyaka […]Irambuye

Angola: dos Santos umaze imyaka 35 ku butegetsi ngo azarekura

Perezida wa Angola Jose Eduardo dos Santos wa kabiri umaze igihe kirekire ku butegetsi muri Afrika, yatangaje ko mu 2018 azatanga ubuyobozi. Icyo gihe azaba yujuje imyaka 39 ayobora igihugu kuko yagiye ku butegetsi mu 1979. Ibi yabitangarije muri kongere y’ishyaka riri kubutegetsi rya MPLA. Yagize ati: “Nafashe umwanzuro wo kuzarekura ubutegetsi, nkarangiza ibikorwa byanjye […]Irambuye

Somalia: Igitero cya ‘drone’ ya USA cyahitanye abarwanyi 150

Igitero cyagabwe n’indege itagira umupilote ya America cyahitanye abarwanyi 150 ba al-Shebab, umutwe w’inyeshyamba za kisilamu zirwanira muri Somalia zikanagaba ibitero muri Kenya. Umuvugizi mu biro by’ingabo za America, Capt. Jeff Davis yatangaje ko icyo gitero cyari kigambiriye ahantu hitoreza Al Shabab nk’uko bitangazwa na BBC. Yagize ati “Twamenye ko bari bagiye kurangiza bakava aho […]Irambuye

Impunzi z’Abarundi ntizifuza kuva mu Rwanda ngo zijyanwe ahandi

*U Rwanda bahahungiye nk’igihugu basangiye byinshi, ururimi, abavandimwe, *Bafite impungenge z’umutekano w’aho bazimurirwa. *Umwe mu bakozi ba HCR yadutangarije ko Umurundi washaka gutahuka ubu yakwirwariza kuko ngo umutekano nturagaruka iwabo ku buryo batangira gufashwa gutahuka. Umuseke waganiriye na bamwe mu mpunzi z’Abarundi mu nkambi ya Mahama, abenshi bavuga ko icyemezo bagifashe uko kije, ariko ngo […]Irambuye

Chad: Idriss Deby aziyamamariza manda ya 5

Perezida wa Chad, Idriss Deby, uri ku butegetsi kuva mu 1990, yatangaje ko aziyamama mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri manda ya gatanu ateganyijwe mu kwezi kwa Mata 2016. Deby yatangaje ko yifuza gusubizaho umubare wa manda nta rengwa Perezida atagomba kurenza igihe azaba yongeye gutorwa nk’uko bitangazwa na Reuters. Idriss Deby yafashe ubutegetsi muri Coup […]Irambuye

en_USEnglish