Tags : AU

Africa yunze Ubumwe yabonye umuyobozi mushya, Idriss Déby

Mu nama rusange ya 26 y’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (African Union, AU) kuri uyu wa gatandatu i Addis-Abeba, Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yahaye ubuyobozi Idriss Déby wa Tchad, ku kuyobora uyu muryango mu ba Visi Perezida harimo Paul Kagame w’u Rwanda. Perezida Idriss Déby agitorwa yagize ati «Duhura kenshi, tuvuga byinshi, ariko ntidukora […]Irambuye

Somalia: al – Shabab yigaruriye imijyi ingabo za Kenya zavuyemo

Muri Somalia abarwanyi bagendera ku mahame ya Kisilamu bo mu mutwe wa al-Shabab binjiye mu mijyi imwe barayigarurira nyuma y’amasaha make ingabo za Kenya ziyivuyemo kubera igitero ziherutse kugabwaho n’izi nyeshyamba.   BBC Swahili avuga ko imijyi yigaruriwe n’aba barwanyi irimo Al-Adde, Hosingoh na Badhaadhe. Amakuru aravuga ko mu mujyi wa Hosingoh aba barwanyi binjiyemo […]Irambuye

Burkina Faso: Gen Diendere wakoze Coup d’Etat yasabye imbabazi

UPDATE: Kuwa kabiri tariki 22 Nzeri, Mu kiganiro yagiranye na BBC kuri telefoni ari ahantu hatazwi, Gen Gilbert Diendere yavuze ko uretse gusaba imbabazi ku makuba yakurikiye ifatwa ry’ubutegetsi ku ngufu, aricyo cyonyine cyakorwa. Yagize ati “Sinibaza ko gusaba imbabazi bya ari ikibazo.” Yavuze ko hakiri kubaho ibiganiro n’abayobozi b’ingabo ariko ngo ntibaragera ku bwumvikane. […]Irambuye

Gen Adolphe Nshimirimana inkoramutima ya Nkurunziza yiciwe mu Kamenge

Gen Adolphe Nshimirimana, wahoze ari Umugaba mukuru w’Ingabo n’ushinzwe ubutasi mu Burundi kugeza mu 2014 ubu akaba yari ashinzwe ubutumwa bwa Perezida Nkurunziza, yiciwe mu gitero cyagabwe ku modoka yari imutwaye kuri iki cyumweru i Bujumbura muri quartier Kameenge. Ibiro ntaramakuru Reuters biravuga ko imodoka ya Gen Adolphe Nshimirimana yarashweho igisasu rya ‘roquette’, mu gitondo cyo kuri […]Irambuye

Burkina Faso: Hatangiye imirimo yo gutaburura umurambo wa Sankara

Aya yari amasezerano leta ya Burkina Faso yiyemeje, kuri uyu wa mbere yiyemeje kuyashyira mu bikorwa. Gutaburura imva zishyinguyemo uwari Perezida Thomas Sankara n’inshuti ze 12 zicanywe na we mu 1987 byatangiye none mu murwa mukuru Ouagadougou. Ibi byakozwe mu rwego rwo gushyira ahagaragagara uburyo aba bantu bishwemo. Imirimo yo gutaburura iyi mirambo yatangiye kuri […]Irambuye

en_USEnglish