Tags : APR FC

Djamal Mwiseneza yageze muri APR FC

Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko umukinnyi Djamal Mwiseneza amaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri yo gukina mu ikipe ya APR FC kuri uyu mugoroba wo kuwa 06 Kanama 2014. Mwiseneza mu magambo macye yabwiye Umuseke ko ‘ibyo ari ko bimeze’ ariko ibirambuye azabitangaza ejo (kuwa kane). Mwiseneza w’imyaka 28, amaze iminsi atumvikana na Rayon Sports, ikipe […]Irambuye

Djamal yasubiye i Nyanza gusaba amasezerano barayamwima

Mwiseneza Djamal amasezerano ye muri Rayon Sports yari yarangiye, ubuyobozi bw’iyi kipe bwaramwegereye ngo yongere amasezerano aranga ubuyobozi butangaza ko yifuza amafaranga menshi, hari amakuru avuga ko uyu musore yifuzwaga n’ikipe ya APR FC. Uyu munsi uyu musore  yasubiye i Nyanza gusaba ayo masezerano barayamwima. Theogene Ntampaka umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports yabwiye Umuseke ko […]Irambuye

Iranzi J. Caude yamaze kumvikana na Simba ya Tanzania

Iranzi Jean Claude wari umukinnyi wa APR FC yo mu Rwanda amakuru aremeza ko yamaze kwemera kujya mu ikipe ya Simba ku madolari ibihumbi 15 ya Amerika, ubu ngo akaba ategereje guhabwa ayo mafaranga agasinya amasezerano. Cassim Dewaji Umunyabanga Mukuru  w’ikipe ya Simba mu cyumweru gishize yabwiye Umuseke ko Iranzi yifuzaga amadorari 20 000$ ariko […]Irambuye

Haruna mu myitozo muri APR FC no muri Studio kwa

Haruna Niyonzima umukinnyi mpuzamahanga ukomoka i Rubavu agakina mu ikipe ya Yanga Africans muri Tanzania, hari amakuru avuga ko yaba agiye kugaruka mu ikipe ya APR FC yahozemo, gusa we yabwiye Umuseke ko ubu kuba ari kugaragara mu myitozo ya APR FC ari uko ari mu biruhuko. Muri ibi biruhuko arimo avuga ko mu gitondo […]Irambuye

APR 3 – 1 Kiyovu. Imituku 3 ku mukino w’igikombe

Mu mukino ubanza wa ½ cy’igikombe cy’amahoro  wabereye kuri stade ya Kigali  i Nyamirambo kuri uyu wa 11 Kamena,  ikipe ya APR FC yatsinze ikipe ya Kiyovu Sport umukino ibitego 3-1. Kuri uyu mukino hatanzwe amakarira atatu arukura. Watangiranye ishyaka ku makipe yombi buri ruhande rushaka gutsinda kare, APR FC niyo yabanje gufungura amazamu ku […]Irambuye

Mashami niwe wagizwe Ass. Coach mu Amavubi. Ariko ntarabibwirwa

10/06/2014 – Mashami Vincent usanzwe  utoza ikipe ya APR FC niwe FERWAFA yemeje ko aba umutoza wungirije mu ikipe y’igihugu Amavubi nk’uko ubuyobozi bwa FERWAFA bwabitangarije Umuseke. Uyu mutoza ariko we yatubwiye ko atarabimenyeshwa kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru. Kayiranga Vedaste visi perezida akaba n’umuvugizi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yabwiye Umuseke ko nyuma yo […]Irambuye

APR FC 2 – 1 Rayon Sports. AMAFOTO

Kucyumweru tariki 08 Kamena 2014 kuri stade ya Kigali i Nyamirambo ikipe ya APR FC ibitego bibiri byagiyemo bikurikiranye mu gice cya mbere nibyo byasezereye Rayon Sports yabonye igitego kimwe mu gice cya kabiri, ikabura icyo kwishyira birangira isezerewe muri 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro. Amwe mu mafoto yaranze uyu mukino: Photos/Plaisir MUZOGEYE/UM– USEKE ububiko.umusekehost.com  Irambuye

APR FC 2 – 1 Rayon Sports, isezerewe mu gikombe

08 /06/2014 – Kuri stade ya Kigali i Nyamirambo ikipe ya APR FC amahirwe yari ayayo uyu munsi, ibitego bibiri byagiyemo bikurikiranye mu gice cya mbere nibyo bisezereye Rayon Sports yabonye igitego kimwe mu gice cya kabiri, ikabura icyo kwishyira birangira isezerewe muri 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro. Abafana benshi, umwuka w’umupira n’amahari ya ruhago nibyo byari […]Irambuye

Uko amakipe ubu akurikiranye mu gukusanya imifuniko ya Turbo. APR

Ku cyumweru cya kabiri cy’iri rushanwa APR FC niyo yafashe umwanya wa mbere iwambuye Gicumbi FC mu irushanwa ryo gukusanya imifuniko y’amacupa y’iki kinyobwa cyateye inkunga shampiyona ishize, APR uyu munsi yerekanye imifuniko 7 632 iyayikurikiye kuri uyu wa 30 Gicurasi ni Etincelles yazanye imifuniko ya Turbo King 6 026. Ju cyumweru cya kabiri ikipe […]Irambuye

Avram Grant watoje Chelsea, yabuze abavandimwe muri Jenoside

Umuyahudi wigeze gutoza ikipe ya Chelsea mu gihugu cy’Ubwongereza, Avraham Grant umaze iminsi micye mu Rwanda, yaraye agaragaye ku mukino wahuje APR FC na Kiyovu Sports. Mu kiganiro kigufi yagiranye n’abanyamakuru yababwiye ko yaje kwifatanya n’abanyarwanda mu mateka ahuje nabo. Uyu mutoza yageze kuri uyu mukino ubura igihe gito ngo urangire, abanyacyubahiro bari kuri uyu […]Irambuye

en_USEnglish