Tags : APR FC

Police FC yatije APR FC Ntaribi nayo ibatiza Ntamuhanga

Steven Ntaribi umunyazamu w’ikipe ya Police FC yatijwe mu ikipe ya APR FC mu rwego rwo kuziba icyuho cy’umuzamu Jean Claude Ndoli wa APR wavunitse. APR nayo yahise itiza Police FC umukinnyi wo hagati Tumaine Ntamuhanga na myugariro Turatsinze Heritier. Ku myitozo ya nimugoroba wo kuri uyu wa 21 Mutarama Ntamuhanga Tumaine ntabwo yagaragaye mu […]Irambuye

Update: Peter Kagabo yasinye imyaka ibiri muri Rayon

Update: Ku mugoroba wo kuwa gatanu tariki 10 Ukwakira, umukinnyi Peter Otema (Peter Kagabo) wakiniraga ikipe ya Police Fc yashyize umukono ku masezerano y’imyaka ibiri gusa ntabwo hatangajwe umushahara n’ikiguzi cyatanzwe kuri uyu mukinnyi. Andi makuru avugwa mu ikipe ya Rayon Sports ni ay’umukinnyi Sina Jerome ushobora kuba yaranze kujya i Nyanza ngo asange bagenzi […]Irambuye

Kubera amikoro ‘Super Cup’ mu Rwanda ntikibaye – FERWAFA

Irushanwa ribanziriza itangira rya shampiyona mu Rwanda rihuzaga ikipe yatwaye  igikombe cya shampiyona n’iyatwaye igikombe cy’Amahoro ntirikibaye kubera impamvu z’amikoro nk’uko FERWAFA yabitangarije Umuseke kuri uyu wa 07 Ukwakira. Umuvugizi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) avuga ko umukino wa Super Cup  utakibaye kubera kuko nta bushobozi bwo kuwutegura no guhemba amakipe bwabonetse. Bonnie Mugabe […]Irambuye

Ingengo y’imari ya FERWAFA umwaka utaha ni miliyari 3 na

Remera, 11 Nzeri – Inteko rusange y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda iterana rimwe mu mwaka yaraye iteranye ihuje abanyamuryango ba FERWAFA ifata imyanzuro itandukanye. Umwe mu ikomeye harimo guhagarika ikipe y’igihugu y’abagore n’iy’abatarengeje imyaka 17 mu mwaka utaha. Muri iyi nteko rusange bemeje ko ikipe y’igihugu nkuru y’abagore n’iyabatarengeje imyaka 17 bazisheshe mu gihe cy’umwaka […]Irambuye

APR FC isezereye Rayon muri ¼ kuri za penaliti

Nyamirambo – Umukino wa 1/4 mu irushanwa CECAFA Kagame Cup ikipe ya APR FC ni yo itahanye intsinzi ikaba isezereye ikipe ya Rayon Sports kuri Penaliti 4 – 3, nyuma y’aho iminota 90 y’umukino yari yarangiye amakipe yombi anganyije ibitego 2-2, kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Penaliti ya mbere amakipe yose yayihushije, nyuma kapiteni wa […]Irambuye

CECAFA: Rayon vs APR, abatoza bombi barahiga

Abatoza bombi ni bashya, nibwo bwa mbere bagiye guhura ku mukino uvugisha benshi mu Rwanda. Gusa buri mutoza arahiga ko azandagaza undi ku mukino wa 1/4  cya CECAFA Kagame Cup kuri uyu wa 19 Kanama i Nyamirambo. Umubiligi Jean Francois Losciuto yabwiye abanyamakuru ko azi neza ikipe ya APR FC kandi agomba kuyiyereka kuri uyu […]Irambuye

CECAFA: Rayon Sports na APR FC zihuriye muri 1/4

Nyamirambo, CECAFA Kagame Cup 2014 –  Ku mukino wo kuri uyu wa 17 Kanama wahuzaga APR FC na KCCA yo muri Uganda urangiye ikipe ya APR FC itsinzwe igitego kimwe ku busa, ibi bituma mu mikino ya 1/4 iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda izakina na mukena wayo w’ibihe byose mu Rwanda Rayon Sports. Igitego cya […]Irambuye

CECAFA: APR FC bitoroshye nayo yabonye tike ya 1/4

Kuri Stade ya Kigali i Nyamirabo kuri uyu wa 15 Kanama 2015 APR FC yabashije kubona ticket yo gukomeza muri 1/4 cy’amarushanwa ya CECAFA Kagame Cup 2014 bitoroshye kuko yanganyije na Gor Mahia ibitego 2 – 2. Vital’o ifite iki gikombe yasezerewe rugikubita, Gor Mahia nayo yahise isezererwa none. APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino […]Irambuye

Amwe mu mafoto waba utabonye kuri APR FC na Telecom

Telecom, ikipe yo muri Djibouti iri kwihagararaho muri CECAFA uyu mwaka. Umukino yaherukaga yatsinze KCC yo muri Uganda ibitego 2 – 1, nimugoroba yagiye cyane APR FC yayobonyemo igitego kimwe ku busa. Amakipe yo muri Djibouti kera yari azwiho kunyagirwa byinshi mu marushanwa.   Photos/Plaisir MUZOGEYE UM– USEKE.RWIrambuye

Police FC na APR FC buri imwe yatsinze kimwe mu

Remera – Mu irushanwa rya CECAFA Kagame cup kuri uyu wa 09 Kanama ikipe zihagarariye u Rwanda za Police FC na APR FC zitwaye neza ku munsi wa mbere zitsinda amakipe zari zihanganye buri imwe igitego kimwe ku busa bwa mukeba we. Rayon Sports nayo ihagarariye u Rwanda umukino wayo krui uyu wa gatanu yawunganyije […]Irambuye

en_USEnglish