Tags : Airtel

Huye – Riderman, King James na The Ben babwiye abantu

Mu gitaramo cyo kubwira abaturage iby’iyi Promotion ya Airtel yitwa “Tera Stori” abantu benshi cyane i Huye bagaragaje ko bayishimiye. Iyi Promotion iha amahirwe umufatabuguzi wa Airtel guhamagara no gukoresha impuga nkoranyambaga ku mafaranga 30 gusa kandi umunsi wose. Muri iyi week end abahanzi batatu bakomeye mu Rwanda aribo The Ben, Riderman na King James basusurukije […]Irambuye

Ishuri rya Nyundo ni igikorwa gikomeye ku muziki w’u Rwanda

AMAFOTO: Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi cyane ku izina rya The Ben kuri uyu wa gatanu ubwo yerekezaga mu gitaramo akorera i Rubavu yasuye ishuri rya Nyundo rifasha abafite impano y’umuziki kuzamuka, akaba yavuze ko iri shuri ari igikorwa gikomeye ku muziki w’u Rwanda. The Ben, Riderman na King James barahurira kuri Stage Umuganda i Rubavu kuri […]Irambuye

Airtel_Rwanda na RwandaOnline mu korohereza abantu kwishyura Serivise za Leta

Mu rwego rwo kworoshya uburyo bwo kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga, Airtel_Rwanda na RwandaOnline Platform Limited (ROPL) bashyize hamwe kugira ngo bafashe abantu kuba bakwishyura Serivise za Leta zinyuranye mu buryo bworoshye hakosheshejwe urubuga rwa Leta “Irembo”. Urubuga www.irembo.gov.rw ni urubuga abaturage bifashisha bashaka Serivisi za Leta kuri internet. Rukaba rufasha abaturage gusaba no kwishyura Serivisi mu […]Irambuye

Airtel Rwanda yatangije igikorwa kigamije Kwimika ubumuntu yise “Airtel Touching

Airtel-Rwanda yatangije igikorwa yise “Airtel Touching Lives Initiative” kigamije Kwimika ubumuntu, kikazashakisha mu gihugu hose abantu babayeho nabi, mu buzima bugoye kugira ngo bafashwe gutera imbere. Muri iki gikorwa “Airtel Touching Lives Initiative”, umuntu ku giti cye, umuryango cyangwa itsinda ry’abantu bemejwe n’abaturanyi cyangwa abantu runaka bazatezwa imbere. Iki gikorwa kizamara amezi ane, ariko ukwezi […]Irambuye

Airtel yatangiye gufasha ibigo mu kubonera igisubizo ibibazo bifite

Airtel-Rwanda yatangije gahunda yo kwegera ibigo binyuranye ikabifasha kubonera umuti ibibazo binyuranye bahura nabyo, cyane cyane mu byerekeranye n’itumanaho. Mu muhango wo gutangiza iyi gahunda yiswe “Airtel Business”, umuyobozi mukuru wa Airtel Rwanda Micheal Adjei yavuze ko kuba Airtel ari ikigo cy’itumanaho cya gatatu ku Isi n’abakiliya Miliyoni 353 muri Afurika na Asia bidakwiye kurekera […]Irambuye

Abakozi ba Airtel-Rwanda mu kumenyekanisha ibicuruzwa byabo mu baturage

Kuri uyu wa gatanu, abakozi b’ikigo cy’itumanaho ‘Airtel-Rwanda’ basoje gahunda yo kuzenguruka mu bice binyuranye by’Umujyi wa Kigali basobanura ibyo bakora, Serivise n’ibicuruzwa batanga. Ni nyuma y’uko ngo abafatabuguzi benshi bakomeje gusaba ibisobanuro ku bicuruzwa na Serivise Airtel itanga. Ikipe z’abakozi ba Airtel zageze mu bice nka Nyabugogo, Nyamirambo no mu Mujyi rwagati, basobanura ibicuruzwa […]Irambuye

Abatsinze bwa nyuma muri Ni Ikirengaaa! ya Airtel batemberejwe Rubavu

Abanyamahirwe Singirankabo Francois, Jean Paul Musabwa, Iyamuremye Eloi na Nyirarukundo Valerie batsinze irushanwa rizwi nka “Ni Ikirengaaa!” ry’ikigo cy’itumanaho Airtel-Rwanda batemberejwe mu Karereka Rubavu mu ndege bahagurutse ku kibuga cy’indege cya Kigali mu mpera z’icyumweru gishize. Iyi gahunda ya Ni Ikirengaaa! ya Airtel yari igamije guha abafatabuguzi bayo amahirwe yo gutsindira ubwasisi bungana na 300%, ndetse […]Irambuye

Airtel yashyize igorora abafatabuguzi bayo muri ibi bihe bya St

Mu gihe Abanyarwanda batangiye kwitegura kwizihiza umunsi wahariwe abakundana uzwi nka “St Valentin/ Valentine’s Day” , Airtel Rwanda yahaye impano abafatabuguzi bayo, aho izajya iha inyongera ya 100% umufatabuguzi wese uguze internet (internet bundles). Iyi mpano ya Airtel ikaba yaratangiye gutangwa tariki 27 Mutarama kugera 15 Gashyantare 2016. Iyi nyongera ikazajya ihabwa buri mufatabuguzi uguze […]Irambuye

Polisi yagaragaje abahamagaraga abantu bababeshya ngo batsindiye ibihembo

*Aberekanywe ni abasore batanu bakiri bato, *Barakekwaho kuba bamwe mu bajya bahamagara umuntu bamubwira ko yatsindiye ibihembo, bakamurya amafaranga, *Bafashwe bamaze gutekera umutwe umukecuru ko, Jeanette Kagame yemeye kurihira umwana we amashuri bamwaka amafaranga 53 000, *Aberekanywe bose bakomoka mu karere ka Nyanza. Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa gatanu yerekanye abasore batanu bakurikiranwyeho guteka […]Irambuye

Mupfasoni yatsindiye moto ya 11 muri Poromosiyo ya Tunga ya

Kuri uyu wa gatanu tariki 30 Ukwakira 2015, mu muhango wo gushyikiriza umunyamahirwe wa 11 watsindiye Moto ya 11 muri Poromosiyo ya “Tunga” ya Airtel-Rwanda, Mupfasoni Sonia wayegukanye yatangaje ko afite ibyishimo bidasanzwe kuko ariwe wegukanye iyi Moto. Nyuma yo gutangarizwa inkuru nziza na Airtel ko yatsindiye Moto,  Mupfasoni Sonia utuye mu Murenge wa Gatsata, Akarere […]Irambuye

en_USEnglish