Digiqole ad

Ishuri rya Nyundo ni igikorwa gikomeye ku muziki w’u Rwanda – The Ben

 Ishuri rya Nyundo ni igikorwa gikomeye ku muziki w’u Rwanda – The Ben

The Ben asura ishuri rya Nyundo

AMAFOTO: Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi cyane ku izina rya The Ben kuri uyu wa gatanu ubwo yerekezaga mu gitaramo akorera i Rubavu yasuye ishuri rya Nyundo rifasha abafite impano y’umuziki kuzamuka, akaba yavuze ko iri shuri ari igikorwa gikomeye ku muziki w’u Rwanda.

The Ben asura ishuri rya Nyundo
The Ben, Riderman na King James barahurira kuri Stage Umuganda i Rubavu kuri uyu wa gatandatu tariki 04 Gashyantare, mu gitaramo cyateguwe muri gahunda ya ‘Promotion’ ya Airtel yitwa ‘Tera Stori’.
Ibi bitaramo biri mu rwego rwo gushishikariza abafana babo kugura ifatabuguzi rya Airtel (sim cards za Airtel) no gukoresha uburyo bwo guhamagara buhendutse bwiswe ‘Tera Stori’.
Ikindi gitaramo kizabera i Huye.

Uwo bicaranye imbere ya tableau yitwa Mighty Popo
Abanyeshuri bari bateze amatwi
Bamwe baririmbye indirimbo zabo bakira The Ben
Uyu ni umwe mu bana biga gucuranga gitari
Na we ashobora kuzaba umuStar mu gihe kirii imbere
Ishuri rya Nyundo rifasha abato gukuza impano mu muziki
The Ben asanga iri shuri ari ingirakamaro
The Ben azasubira muri America amaze gucurangira ab’i Huye

Amafoto/ISHIMWE Innocent

UM– USEKE.RW

1 Comment

  • Ngo asubirahe mwishinyagura tramp ntazamwemerera

Comments are closed.

en_USEnglish