Gikonko: Ingorane z’ibiciro ku banyamuryango ba UCORIBU Abahinzi b’umuceri bo mu turere twa Gisagara, Huye na Nyanza two mu ntara y’amajyepfo bibumbiye mu ihuriro UCORIBU barasaba kongererwa igiciro bahabwa ku muceri bavuga ko kiri hasi ugereranije n’ibisabwa mu kuwuhinga, bikaba bituma bakorera mu gihombo. Bamwe muri aba bahinzi bavuga ko iyo weze bahitamo kuwugurisha n’abandi […]Irambuye
Abanyamuryango b’icyahoze ari koperative CEVETEKA, ikora imirimo yo gutwara abagenzi kuri moto mu murenge wa Kinazi ho mu karere ka Huye mu ntara y’amajyepfo, bakaba barirukanwe nyuma y’uko iyi koperative isenyewe muri COTAMOHU ikorera mu mujyi wa Butare, barasaba gusubizwa amafaranga y’imigabane yabo bavuga ko yacunzwe nabi indi ikanyerezwa n’ubuyobozi bw’iyi koperative. Photo: Abanyamuryango ba CETEVEKA […]Irambuye
70% by’abanyeshuri bashobora kuzongera gufashwa- Guverineri Munyantwari Mu kiganiro yagiranye n’abanyeshuri ba kaminuza nkuru y’u Rwanda kuri uyu wa mbere tariki ya 02 Gicuransi 2011, kigamije kubasobanurira uko igikorwa cy’amajonjora mashya cyakozwe, guverineri w’intara y’amajyepfo Munyantwari Alphonse yavuze ko hakurikijwe imibare yavuye muri aya majonjora mashya, abanyeshuri bagera kuri 70% bashobora kuzongera kubona ariya mafaranga […]Irambuye
Kamonyi – Abaturage bakora mu mushinga wa Ministere y’ubuhinzi wo gutunganya igishanga cya Ruburoga kiri mu karere ka Kamonyi baravuga ko bamaze hafi amezi abiri batarahembwa na rimwe. Bemeza ko bari bafitanye amasezerano n’uyu mushinga ko bazajya bahembwa nyuma ya buri byumweru bibiri. Nubwo bano baturage bakomeje gukora bavuga ko ari ukwizirika umukanda kuko umushahara […]Irambuye
Toni 40 basabwe n’inyange ngo zirabagoye Umuyobozi w’intara y’iburasirazuba Dr Kirabo Aisa yakanguriye abibumbiye muri cooperative COPANA kongera imbaraga mu buhinzi bwabo bw’inanasi, hakongerwa umusaruro bityo nabo bakarushaho kwiteza imbere. Ubu buhinzi bukorerwa ku butaka bwa Ha 135 mu murenge wa Sake, bukaba bukorwa n’abahinzi 308. Abibumbiye muri iryo shyirahamwe bakaba batangazako ahanini bakunda guhura […]Irambuye
Musha: Abanyamuryango ba Cooperative Buhanga Cofee bafite ikibazo cy’aho kugemura Kawa Abanyamuryango ba Cooperative Buhanga Cofee iherereye mu kagari ka Kinama umurenge wa Musha akarere ka Gisagara barinubira kuba ngo batakigemura kawa yabo nk’uko bisanzwe biturutse ku bibazo uruganda rusanzwe ruyibagurira rwagize bikaba bibatera igihombo gikomeye. Bamwe muri abo banyamuryango bavuganye n’ Umuseke .com batangaje […]Irambuye
Abakuwe mu mazu ya nyakatsi bo mu murenge wa Huye akarere ka Huye bavugako bamaze igihe kirekire baba mu buzima butaboroheye bitewe no kunyagirirwa mu mazu adasakaye, kuri ubu baremezako baba bagiye kuva muri ubu buzima aho kuri uyu munsi ku bufatanye na AMI (ASSOCIATION Modeste et Innocent) umurenge wa Huye watanze amabati azasakara amazu […]Irambuye
Abanyamuryango ba koperative COTTAMOHU (Copérative des transports de taxis et de moto de Huye), batangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 21 Mata 2011 ko banejejwe cyane n’inguzanyo y’amamoto ku nguzanyo bahawe na Vision Finance. Baganira n’umuseke.com bamwe mu banyamuryango ba koperative bahawe aya mato batangaje ko bashimishijwe n’iki gikorwa bakaba bavuga […]Irambuye
Mu gihe isoko ry’umujyi wa Butare ritarafungura, abakoreraga mu mazu y’ubucuruzi (agiye gusenywa) y’ahazwi ku izina ry’Icyarabu mu murenge wa Ngoma ho mu karere ka Huye mu ntara y’amajyepfo baratangaza ko batorohewe no kubona aho kwimurira ibicuruzwa byabo. Ni muri gahunda yo kuvugurura umujyi wa Butare aho akarere ka Huye kasabye abasanzwe bakorera ubucuruzi aha […]Irambuye
Nyakibanda – Abaturage batuye mu kagari ka Nyakibanda ho mu murenge wa Gishamvu bakaba muri iki gihe cya mbere cy’ihinga barahinze ibigori mu kabande ka Murori baratangazako umusaruro bakuye muri aka kabande urimo ubapfira ubusa kandi ubuyobozi mbere y’uko bahinga bwari bwabemereyeko nyuma yo gusarura buzabashakira isoko, nyamara ngo nyuma yo gusarura bwabashakiye amashitingi yo […]Irambuye