*Tariki ya 25 Mata, Isi yose irizihiza umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya Malaria; *Hagati y’umwaka wa 2000-2014, Malaria yahitanye abantu 1,834,765…barimo 1,741,880 bo muri Afurika; *Kuva 2000-2014, mu Rwanda abahitanywe na Malaria ni 2,414; *MINISANTE ngo igiye gutanga Inzitiramibu 6, 201,501 mu Turere twose n’Ibigo by’amashuri. Icyegeranyo cy’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS) […]Irambuye
Kuva aho ibitaro “Baho International Hospital” bitangiye gutanga Serivise yo gutera intanga ngabo abagore babuze urubyaro, biratangaza ko muri 15 bakoreyeho igerageza, ubu batatu batwite ndetse ngo umwe muri bo arenda kubyara. Akenshi mu Rwanda imiryango ibuze urubyaro irivuza, byakomeza kwanga ikajya mu bihugu byo mu mahanga nk’Ubuhinde n’ahandi. Umwaka ugiye gushira, Ibitaro mpuzamahanga Baho […]Irambuye
Laboratoire isuzumirwamo indwara y’ibitaro iri muri 32 zatoranyijwe muri Africa y’Iburasirazuba mu gupima indwara zambukiranya imipaka ikaba no muri eshanu zatoranyijwe mu Rwanda mu gupima indwara z’ibyorezo zambukiranya imipaka. Ubuyobozi bw’ibitaro bya Nyagatare buvuga ko iyi Laboratwari ishobora gupima indwara nka Ebola, Cholera n’izindi zikomeye zambukiranya imipaka zidakunzwe gupimirwa mu bitaro by’uturere. Masengesho Vedaste umuyobozi […]Irambuye
Ibicurane ni indwara Abanyarwanda benshi bafata nk’iyoroshye ndetse bamwe na bamwe ntibitabira kuyivuza uko bikwiye nyamara ari indwara ishobora kugira ingaruka zikomeye ku muntu cyane ku bana, abantu bari muzabukuru, ndetse no ku bantu barwaye indwara zikomeye nk’Umutima nk’uko inzego z’ubuzima mu Rwanda zibivuga. Kuri iri uyu wa gatatu tariki 09 Werurwe, mu Rwanda hateraniye […]Irambuye
*Ibitaro bya Butaro ubu bifite abarwayi 1 300 barwaye Cancer *Abenshi ni abagore barwaye cancer y’ibere n’inkondo y’umura *Cancer y’ibere yihariye 1/2 cya Cancer zindi, ariko iravurwa igakira *Ku bitaro bya Butaro bamaze gusuzuma abantu 5 000 mu myaka ine *Abarwaye Cancer bavurirwa ubuntu i Butaro Ibitaro bya Butaro ni umwihariko ku ndwara za Cancer […]Irambuye
Nubwo nta mibare ifatika, mu Rwanda kimwe n’ahandi ku isi hagaragara abantu bafite ubumuga bwo kutabona buterwa ahanini n’indwara yibasira cyane cyane abageze muzabukuru yitwa ‘Ishaza’. Ubushakashatsi bunyuranye bugaragaza ko ngo 75% by’abatabona bafite uburwayi bw’ishaza, umubare munini ukaba uboneka muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara. Dr. David Muhire Karama, umuganga ushinzwe indwara z’amaso […]Irambuye
Mu biganiro bigamije gushakira igisubizo ubwiyongere bw’indwara zitandura bukomeje kuzamuka mu Rwanda, ibigo bitanga ubwishingizi bw’indwara basabye Leta gushyiraho ikigega cyihariye cyafasha abaturage batabasha kwivuza indwara nka Kanseri, Diyabete n’izindi kubera ubukene no kuba ubwishingizi batanga budashobora gukemura byose. Muri iki cyumweru, Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe wa Sena yatangiye ibiganiro n’abaturage, ibigo bitanga […]Irambuye
Amajyepfo – Ikigo nderabuzima cya Gikonko kimaze imyaka 10 kivura ubu burwayi bwibasira abana bwo kuzana amazi menshi mu mutwe, ku bitaro bya Kibagabaga, CHUK, King Faisal niho bashobora kuyivura, ariko byananirana bakakohereza i Gikonko mu karere Gisagara. Cynthia Kayitesi umwana we niho yakiriye nyuma yo kuzenguruka ibindi bitaro byinshi mu Rwanda, ashima cyane serivisi […]Irambuye
Ibi ni ibyemezwa n’abaganga bo ku bitaro bya Caraes-Butare bavuga ko imibare y’abanyarwanda baza kwa muganga kwivuza indwara zo mu mutwe yazamutse cyane muri iyi myaka, ibi ngo bigaragaza ko imyumvire yahindutse, ibyo gufungirana, guheza no gusengera abarwayi bo mu mutwe ngo bigenda bicika mu miryango. Gonzague Kayitare umuyobozi w’Ibitaro bya Caraes-Butare avuga ko bishimishije […]Irambuye
Inzobere z’abaganga bavuye mu Bwongereza n’Ubudage zigiye kuvura abarwayi 27 bari bamaze igihe kirekire bategereje kubagwa Kanseri, ubushye n’izindi inkovu zidakira. Kuri yu wa kane, ukaba umunsi wa gatatu w’iki gikorwa kirimo kubera mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali “CHUK”, inzobere zari zimaze kubagwa abarwayi 18, mu gihe batenya kubaga abarwayi 27 bitarenze iki cyumweru. […]Irambuye