Nyuma y’uko icyorezo cya Ebola gikomeje koreka imbaga cyane cyane muri Afurika y’Iburengerazuba n’iyo hagati, Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima ku Isi “World Health Organisation (WHO)” wamaze gutangaza ko mu Gushyingo y’uyu mwaka hazaba habonetse urukingo rwa Ebola. WHO w’icyumweru gishize WHO yatangaje ko imibare y’abamaze guhitanwa na Ebola muri uyu mwaka wonyine imaze kugera […]Irambuye
Kuwa kane w’iki cyumweru tariki o4 Nzeri, ubwo abakozi ba MINISANTE basuraga abaturage bo mu Murenge wa Nyarubaka, mu Karere ka Kamonyi mu rwego rwo kureba aho ishyirwa mu bikorwa rya gahunda y’ “Iminsi 1000” ku mwana bigeze, Kazungu Leopold, umukozi ushinzwe imirire muri Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) ashima ko ku bufatanye n’abaturage imirire mibi y’abana […]Irambuye
Nyuma y’uko mu Gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) hagaragaye ubwandu bwa virusi itera ebola, ndetse iki cyorezo kikaba gikomeje no guca ibintu, Minisiteri y’Ubuzima yasabye ko abagenzi bose baba barakandagiye mu gihugu cya Guinea-Conakry, Liberia na Sierra Leone mu minsi 22 ishize kutongera kwemererwa gukandagira ku butaka bw’u Rwanda. Mu itangazo Minisiteri […]Irambuye
Umunyu ukabije buri mwaka ngo uhitana abantu miliyoni 1,6 ku isi, ibi biremezwa n’ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuwa gatatu tariki ya 13 Kanama n’Abanyamerika mu rwego rwo gukangurira abantu kugabanya umunyu barya hagamijwe kugabanya imfu zaterwa nawo. Dr Dariush Mozaffarian, Perezida w’ishami rya ‘Sciences’ muri Kaminuza ya Tufts, ndetse akaba yaragize uruhare runini muri ubwo bushakashatsi, […]Irambuye
Updated 3.00PM – Icyorezo cya Ebola gikomeje gutera inkeke umugabane wa Africa nyuma y’uko kuva mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka yaboneka muri Guinea ubu abantu 932 bamaze kwicwa n’iyi ndwara mu bantu 1711 ubu bamaze kwandura (OMS). Kuri uyu wa 07 Kanama hari ibihuha byakwiriye mu bantu biciye ku mbuga nkoranyambaga ko iki cyorezo cyaba […]Irambuye
Iri tsinda ry’abaganga baturuka mu gihugu cy’Ubwongereza bibumbiye mu mushinga wa ‘Rwanda Legacy of Hope’, Pasiteri Ntavuka Osée Umuyobozi w’itsinda yatangaje ko bifuza kuzenguruka ibitaro bitandukanye byo mu gihugu kugira ngo bafashe Abanyarwanda bafite ibibazo by’indwara z’uruhu zimaze igihe. Umuyobozi wa Rwanda Legacy of Hope, Ntavuka Osée yatangarije Imvaho Nshya ko gahunda yo gufasha abarwayi […]Irambuye
Indwara z’umwijima Hepatitis C na B, zikomeje guhitana abantu batari bacye mu Rwanda no ku Isi muri rusange kubera ko kuzivuza bikomeje kuba ku giciro cyo hejuru, dore ko kugeza ubu bisaba nibura amafaranga agera kuri miliyoni imwe buri kwezi kugira ngo ubashe kubona ubuvuzi n’ubwo n’abazivura ari bacye mu gihugu. Ejo kuwa mbere tariki […]Irambuye
Mu nama rusange ya mbere y’Urugaga rw’abanyamwuga mu rwego rw’ubuzima “Rwanda Allied Health Professions Council (RAHPC)”, abayobozi b’uru rugaga batangaje ko mu rwego rwo guhangana n’ibibazo bikigaragara mu rwego rw’ubuzima by’umwihariko serivisi mbi bagiye gukaza ibikorwa byo kugenzura no guhana abantu bakora mu rwego rw’ubuzima batubahiriza akazi kabo. Uru rugaga ruhuza abanyamwuga barimo abaganga b’amaso, […]Irambuye
Uwimana Anonciatha w’imyaka 28 wo mu mudugudu wa Kabere, mu kagari ka Buhanda, mu murenge wa Bweramana, ari mu Bitaro bya Gitwe aho icyarimwe yabyaye abana batatu, maze we n’umufasha we batangaza ko bagiye guhagarikira urubyaro aho. Uyu mubyeyi washakanye na Hitimana Athanase, ku nshuro ye ya mbere yabyaye umwana w’umuhungu, ubwo tariki ya 14 […]Irambuye
Umwe mu bayobozi bakuru muri Minisiteri y’ubuzima y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda batagomba kugira impungenge ku Icyorezo cya Ebola kuko ingamba zo guhangana nacyo zateguwe mu Rwanda. Ibi bivuzwe nyuma y’uko mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo habonetse abarwayi b’iyi ndwara ifatwa nk’iyica vuba kandi igakwirakwira kurusha izindi ku Isi. Nathan Mugume ukuriye […]Irambuye