Kuri uyu wa 14 Ukwakira uwari Visi Perezida wa Sena ushinzwe amategeko, Senateri Bernard Makuza ni we bagenzi be batoreye kuyobora Inteko Ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe wa Sena. Asimbuye kuri uyu mwanya Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo wari umaze iminsi 27yeguye. Nk’uko bigenwa n’itegeko, amatora yo gutora Perezida wa Sena abera imbere ya Perezida wa […]Irambuye
Protais Murayire wari umuyobozi w’Akarere ka Kirehe yeguye ku mirimo ye ku mugoroba wo kuri uyu wa 13 Ukwakira, nyuma y’inama njyanama y’Akarere yateranye ikakira kandi ikemeza ubwegure bwe, aya makuru yahise amenyekana ahagana saa moya n’igice z’iri joro. Tariki 8 Ukwakira 2014, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yanenze cyane umuyobozi w’aka karere nyuma yo […]Irambuye
Ku mugoroba wo kuwa 13 Ukwakira 2014 urwego rushinzwe amagereza (RCS) mu Rwanda rwakiriye na Komisiyo y’abadepite igenzura imikoresherezwe y’umutungo wa Leta, PAC, basabye uru rwego kwitekerereza no kwifatira imyanzuro mu byo rukora. Umuyobozi w’uru rwego akaba yasabye imbabazo ku makosa yo gutanga isoko ku bagaburira abagororwa nta matangazo y’ipiganwa atanzwe. Uyu munsi abagize iyi […]Irambuye
Ku mihanda mikuru mu mujyi wa Kigali ku mugoroba iyo uhagendagenda nibura muri metero 100 ushobora kuhabona umupolisi cyangwa umusirikare bacunga umutekano w’abaturage n’ibikorwa remezo by’igihugu. Gusa hamwe na hamwe aho batari abajura b’imbaraga nabo baboneraho kwambura ku ngufu abantu bagendagenda, cyane cyane mu bice bya Remera na Nyamirambo. Ubu bwambuzi bukorwa n’insoresore ziza ari nk’ebyiri […]Irambuye
Mu rubanza Urukiko rukuru ruburanishamo Ubushinjacyaha na Charles Bandora ku byaha uyu akekwaho bya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ibyibasiye inyokomuntu akurikiranyweho, kuri uyu wa 13 Ukwakira undi mutangabuhamya w’Ubushinjacyaha yashinjuye uregwa anasaba urukiko gutesha agaciro inyandiko mvugo zose yakoreshejwe n’ubugenzacyaha n’Ubushinjacya ngo kuko yazikoreshejwe ku gahato akanizezwa ibihembo byo kuzafungurwa. Nyuma yo kumva ubuhamya bw’undi mutangabuhamya […]Irambuye
Polisi ku Muhima kuri uyu wa 13 Ukwakira yerekanye abagabo babiri Nsabe Arsene na Mihigo Constatin bafunzwe bazira urusaku rw’imiziki yo mu tubari bakoreramo ibangamira abaturage n’urusaku rw’aho bakorera. Ni nyuma y’iminsi Polisi yihanangiriza abafite ibikorwa bitera ‘urusaku’, abanyamadini bamwe na bamwe bakaba bamaze iminsi bafatwa bashinjwa iki cyaha. Mihigo Constatin ni umubitsi mu kabari […]Irambuye
Intumwa za rubanda za turutse mu Nteko Nshingamategeko yo mu gihugu cya Israel ziyobowe na Perezida w’abashyiraho amategeko mu bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati (Middle East country’s lawmakers), Ronen Plot, zageze i Kigali ku cyumweru mu ruzinduko rw’iminsi ine rugamije gukomeza no kwagura ubufatanye hagati y’ibihugu byombi nk’uko bikubiye mu itangazo ryashyizwe ahagaragara. Biteganyijwe […]Irambuye
Dr Jean Damascene Ntawukuliryayo weguye mu kwezi gushize ku buyobozi bw’Umutwe wa Sena w’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, biteganyijwe ko kuri uyu wa 14 Nzeri hazakorwa amatora yo kumusimbura ku buyobozi bw’uru rwego rwashyizweho n’itegekonshinga ryatowe mu 2003. Itegeko riteganya ko mu gihe cy’iminsi 30 havuyeho umuyobozi w’uru rwego hagomba kuba habonetse undi. Inama yo gutora […]Irambuye
Abayobozi b’amadini n’amatorero barindwi naba DG babiri nabo batawe muri yombi mu mpera z’iki cyumweru bazira urusaku. Polisi y’Igihugu ivuga ko nubwo itagamije guhana ariko bagiye guhita bakorerwa Dosiye zigashyikirizwa ubushinjacyaha. Abafashwe ni Pasitori Munyamahoro Charles w’Itorero Methodiste Libre Kicukiro, Pasitori Matinda Gustave, Pasitori Badehe Kuguma Leon na Pasitori Cikuru Vincent Muburanyi bo muri CERPAR […]Irambuye
Nyuma y’umwaka iteme rya Nkubi ryo mu karere ka Ruhango ryangiritse, kuwa gatandatu ryongeye kwangirika maze risigira agace ka Gitwe ubwigunge, kugeza ubu uretse moto nta modoka ishobora kuritambukaho kuko ubuyobozi bwahisemo kurifunga. Ubuyobozi bwatangaje ko kuwa mbere riba ryatunganyijwe. Iri teme ribarizwa mu murenge wa Bweramana aho riri mu muhanda uturuka Ruhango werekeza Gitwe, Buhanda, Karongi, […]Irambuye