Kigali, 10 Ukwakira 2014 – Isano y’icuruzwa ry’abantu cyane cyane abana b’abakobwa n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina ndetse n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu rubyiruko ni ibyaha bifite umuvuduko udasanzwe ku isi no mu Rwanda. Mu nteko ishinga amategeko kuri uyu wa gatanu byateranyije inama nyunguranabitekerezo ku kubirwanya mu muryango nyarwanda, inama yari iyobowe na Mme Jeannette Kagame watangiye […]Irambuye
Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma kuri uyu wa kane tariki 9 Ukwakira 2014 rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza rwa Ntibarihuga Daniel wo mu mudugudu wa Nyagasozi, akagari ka Ruhanga umurenge wa Kigina mu karere ka Kirehe, mu ntara y’Uburasirazuba ukurikiranweho n’ubutabera icyaha cyo kwica umugore we Mukantwari Violette amukubise agafuni mu mutwe. Ntibarihuga Daniel nyuma yo […]Irambuye
Kuri uyu wa 10/10/2014 Kizito Mihigo, umuhanzi wamamaye mu Rwanda, hamwe n’abareganwa nawe Cassien Ntamuhanga, Jean Paul Dukuzumuremyi na Agnes Niyibizi bari imbere y’urukiko rukuru ku Kimihurura aho baje kuburana ku byaha baregwa birimo Ubugambanyi bwo kugirira nabi ubutegetsi buriho cyangwa Perezida wa Repubulika. Ntamuhanga na Dukuzumuremyi bavuze ko batiteguye kuburana uyu munsi bituma urukiko rwongera gusubika […]Irambuye
Kanombe – Kuri uyu wa 09 Ukwakira 2014,Urukiko rukuru rwa gisirikare rwatanze umwanzuro ku bujurire bwa Col Tom Byabagamba, Frank Rusagara na Francois Kabayiza ku cyemezo cy’Urukiko rw’ibanze rwa gisirikare cyo kubafunga iminsi 30 mbere y’iburanisha ry’urubanza mu mizi. Uru rukiko rukuru rwanzuye ko umwanzuro w’urukiko rw’ibanze ugumyeho kuko abaregwa bashinjwa ibyaha urukiko ruvuga ko […]Irambuye
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye Ban Ki-moon yatangaje mu ijoror ryo kuri uyu wa gatatu abantu batatu bashinzwe gukurikirana (managers) ikibazo cya Ebola ku bw’Umuryango w’Abibumbye mu bihugu bya Guinea, Liberia na Sierra Leone aho iyi ndwara yiganje. Marcel Rudasingwa ni umwe mu bahawe uyu murimo. Itangazo ryatanzwe n’umuvugizi wa UN ryavuze ko Marcel Rudasingwa ukomoka […]Irambuye
Mu nama nyunguranabitekerezo y’Intara y’iburasirazuba yateranye kuri uyu wa 08 Ukwakira i Rwamagana, igahuriza hamwe abayobozi barenga 1500 b’iyi ntara kuva ku rwego rw’umudugudu kugeza kuri Guverineri, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yagaragaje akababaro yatewe no gusanga hari abayobozi bamwe babujijwe kubaza ibibazo muri iyi nama kugeza ubwo ubwabo bamwoherereza ubutumwa bugufi (SMS) inama irimo. […]Irambuye
Nyuma y’aho akanama k’abadepite gashinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’imari ya leta kabajije ikigo REB, kuri uyu wa gatatu tariki ya 8 Ukwakira 2014 hari hatahiwe icyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda y’i Butare nayo yagaragawemo imicungire mibi, Dr. Ndushabandi Desiré umuyobozi wa Kamunuza wungirije ushinzwe imari n’ubutegetsi yasobanuye amakosa yakozwe n’uburyo ageragezwa gukosora bigeraho arira ariho […]Irambuye
Col Tom Byabagamba wahoze ayoboye ingabo zirinda umukuru w’igihugu ari kuburanishwa n’inkiko za Gisirikari ku byaha byo kwakira imbunda mu buryo bunyuranyije n’amategeko ndetse no gukwirakwiza impuha zangisha rubanda ubutegetsi buriho. Mu rubanza kuri uyu wa 07 Ukwakira yavuze ko yibaza isomo urubanza rwe ruzasigira abanyarwanda. Col Byabagamba ashinjwa ibyaha bitatu byo guhisha nkana ibimenyetso […]Irambuye
Mu gihe cy’amasaha agera kuri atatu abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Uburezi, (REB) bamaze imbere y’abadepite bagize commission yo gukurikirana imari ya leta (PAC), babazwa amakosa yaranze iki kigo mu gukoresha nabi imari ya leta, kuri uyu wa kabiri tariki 7 Ukwakira 2014, abayobozi ba REB babuze icyo bavuga biyemeza guhindura imikorere. Gahunda ya ‘One Laptop per […]Irambuye
Kanombe – Kuri uyu wa 7 Ukwakira 2014, nibwo urukiko rukuru rwa gisirikari rwumvaga ubujurire rw’abasirikari bakuru Col Tom Byabagamba, (Retired ) General Frank Rusagara ndetse n’umushoferi we Rtd Sgt Francois Kabayiza ku ifungwa ry’agateganyo bakatiwe n’urw’ibanze rwa gisirikare. Nyuma y’impaka zamaze amasaha agera kuri ane hagati y’ubushinjacyaha n’abunganira abaregwa, urukiko rwavuze ko ruzatanga umwanzuro […]Irambuye