Amasomo yose yari yarahagaritswe muri INES yakomorewe

Nk’uko bigaragara mu ibaruwa Minisiteri y’Uburezi yandikiye Ishuri rikuru rya INES rikorera mu Karere ka Musanze, amasomo atatu yari yahagaritse kubera kutuzuza bimwe mu byasabwaga yakomorewe, gusa hari ibyo Minisiteri igisa ko iri shuri ryuzuza. Iyi baruwa yanditse mu Cyongereza, Umuseke ukaba wabonye kopi, ivuga ko amasomo ya Biomedical Laboratory Sciences, Civil Engineering n’iryitwa Food […]Irambuye

Malawi: Umubyigano ku kibuga cy’umupira waguyemo abantu umunani

Nibura abantu umunani bapfuye bazize umubyigano abandi 40 barakomereka nyuma y’umubyigano ku kibuga cy’umupira w’amaguru (Bingu National Stadium) mu murwa mukuru, Lilongwe. Abantu ibihumbi bari bateraniye kuri iki kibuga cyakira abantu ibihumbi 40, ahari hagiye kubera umukino wo kwizihiza isaburkuru y’ubwigenge bw’iki gihugu hagati y’ikipe ikundwa na benshi yitwa Nyasa Big Bullets na Silver Strikers. […]Irambuye

Magufuli yatumiwe mu ngendo 60 hanze y’igihugu yanga kujyayo

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli yatangaje ko yanze kwitabira ubutumire 60 bwamusabaga kujya hanze y’igihugu nyuma y’aho abereye Perezida mu myaka ibiri ishize. Magufuli yabwiye abaturage ko ashaka gukorera Tanzania mbere na mbere. Ku wa kabiri tariki 4 Nyakanga ubwo yari mu gace ka Sengerema ageza ku baturage umuyoboro w’amazi meza nibwo yabitangaje. […]Irambuye

Ibikorwa bya Korea ya Ruguru byatumye USA na Koreya y’Epfo

Nyuma y’uko ku wa Kabiri Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu cya missile ballistique gishobora kurasa muri Alaska muri Leta zunze Ubumwe za America, Korea y’Epfo na USA na byo byarashe missile nyinshi mu nyanja y’Abayapani. Kugeza ubu ubutegetsi bwa Seoul na Washington buremeza ko amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Koreya zombi ashobora guseswa kubera […]Irambuye

Kurwana, ubusambanyi, ubusinzi…Muri Muhanga Technical Center

Hashize igihe kitari gito mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (Muhanga Technical Center) riherereye mu Kagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye, mu Karere ka Muhanga rivugwamo imyitwarire mibi y’abana bahiga. Abaturiye icyo kigo n’abakoramo bavuga ko uburere abanyeshuri bafite buteye agahinda kuko babashinja kwibera mu busambanyi, ubusinzi, ubujura no guteza imvururu. Mu mpera z’icyumweru gishize mu kigo […]Irambuye

Patrick Muhire amaze imyaka 9 ahanga imideli

Abakurikiranira hafi iby’imideli mu Rwanda bazi inzu y’imideli ‘Inkanda House’ ya Patrick Muhire, uyu ni umwe mu bahanga imideli bubatse izina, guhanga imideli yabitangiye mu 2008. Guhanga imideli yabitangiriye mu bukwe bwa mushiki we. Ati “Mu 2008 nibwo natangiye guhanga imideli, twari twazengurutse ahantu hose dushaka imyenda yo kwambara mu bukwe bwa mushiki wanjye twayibuze, […]Irambuye

Iyo tubona abantu twabohoye babyina biradushimisha – Col Mutangana

Mu gitaramo cy’Inkera y’Urugamba kuri uyu wa 3 Nyakanga hazirikanwa Ubutwari bw’ababohoye u Rwanda, ku rwego rw’akarere ka Musanze, Colonel Mutangana ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Divisiyo ya kabiri yavuze ko urugamba rw’amasasu rwarangiye hasigaye urwo kubona Abanyarwanda bose ingabo za RPA zabohoye bishimye. Igitaramo cyabereye mu murenge wa Shingiro ku rusengero rw’Abadivantisiti b’Umunsi wa […]Irambuye

Ruhango: Bibohoye amazi y’igishanga yabateraga indwara

Kuri uyu munsi u Rwanda rwizihije ku nshuro ya 23 imyaka ishize rwibohoye,  Abaturage bo mu Murenge wa Ntongwe mu kagari ka Nyarurama baruhutse kuvoma ibishanga, nyuma yo guhabwa amazi meza bagezeho binyuze mu bikorwa bya Army Week, bavuga ari intambwe ishimishije mu kwibohora. Abo mu kagari ka Nyarurama, mu murenge wa Ntongwe, bavuga bagorwaga no […]Irambuye

en_USEnglish