Gare ya Muhanga yatashywe by’agateganyo

Ibigo bishinzwe gutwara abantu byari bimaze iminsi bikorera imbere y’inzu z’ubucuruzi, kuri ubu byatangiye gukorera by’agateganyo muri Gare iri hafi ku kuzura. Hari hashize igihe iyi Gare nshya itegerejwe n’abacuruzi batari bake nubwo imirimo yo kuyubaka no kuyitaha yagiye yigizwa inyuma bitewe n’uko amafaranga yagendaga aboneka. Gutinda kuzura  kandi kw’inyubako ya gare biri mu bintu […]Irambuye

Gas izagezwa mu ngo no mu nganda nk’uko amazi ahagezwa –

*Igiciro cya gazi kigeze ku mafaranga 1100 cyavuye ku frw 1600, *Leta ngo izakomeza guhanarira ko ibiciro bimanuka no kurwanya ababizamura. Ageza ku bagize Inteko ishinga amategeko, Sena n’Aabadepite ijambo rijyanye n’ibyo u Rwanda rumaze kugeraho mu by’ingufu n’amashanyarazi, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yavuze ko kuba intego ya MW 563 u Rwanda rwahigiye kugeraho muri […]Irambuye

G.S Mulinja barira ku masahane atogeje, umuntu utazwi yafunze amazi

Bamwe mu banyeshuri biga ku Rwunge rw’amashuri rwa Mulinja ishuri ryo mu murenge wa Kazo, mu karere ka Ngoma bavuga ko muri iyi minsi bakoresha amasahani atogeje bitewe n’uko amazi bakoreshaga yafunzwe mu buryo ubuyobozi bw’ishuri buvuga ko butamenye impamvu.  Mu rwego rwo kwirwanaho amasahani bayahanaguza ibyatsi. Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma buvuga ko iki kibazo […]Irambuye

Wa mugabo w’i Kirehe ‘wiyitiriye BDF akambura abaturage’ yafashwe

Amakuru agera ku Umuseke ni uko Iyamuremye ukekwaho kwambura abaturage ababeshya ko akorera ikigo gitanga ubwishingizi ku mishinga y’urubyiruko n’abagore (BDF), bityo akazabafasha kubona inguzanyo yatawe muri yombi. Mu cyumweru gishize twabagejejeho inkuru ivuga ko hari umugabo witwa Iyamuremye Francois Xavier wo mu karere ka Kirehe bivugwa ko yiyitiriye ko akorera BDF akusanya amafaranga million enye […]Irambuye

Nyaruguru: Bashimye Imana aho ibagejeje bavuga ko aka karere kavuye

Kuri iki cyumweru  mu karere ka Nyaruguru mu giterane cy’amasengesho kiswe Rwanda Shima Imana, abanyamadini n’amatorero basabwe kurushaho gukunda igihugu kandi basengera amatora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe tariki ya 3-4 Kanama uyu mwaka. Muri iki giterane, Mayor w’akarere ka Nyarugura, Habitegeko Francois yibukije abitabiriye aya masengesho ko bakwiye gushima Imana kuko nta muntu wabura icyo ashima. […]Irambuye

Rusizi: Rwiyemezamirimo amaze umwaka n’igice yarambuya abaturage bamuburiye irengero

Abaturage bavuga ko ubukene bubageze ahabi ni abo mu mirenge ya Nzahaha na Bugarama bamaze umwaka n’igice bambuwe amafaranga na rwiyemezamirimo Seburikoko wabakoresheje umuhanda ugana ku rugomero ruzatanga amashanyarazi rwa Rusizi III ngo bamuburiye irengero bamaze kuzuza uyu umuhanda. Aba baturage bavuga ko kwamburwa bibasize mu marira no mu bukene, ngo bagurishije amatungo yabo, abandi […]Irambuye

Rwamagana: Abafite aho bahuriye n’ubuhinzi barasabwa kwita ku kazi bakora

Abakozi mu mirenge yose y’akarere ka Rwamagana bafite aho bahuriye n’ubuhinzi barasabwa ko buri cyumweru bazajya bakora igenamigambi ry’ibikorwa byabo bakisuzuma niba inshingano zabo zo gufasha abaturage kwiteza imbere bazuzuza neza. Ibi barabisabwa n’ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana nyuma y’amahugurwa y’iminsi ibiri bahawe n’inzobere mu buhinzi zo muri Kaminuza ya Kibungo. Akarere ka Rwamagana muri rusange […]Irambuye

Huye: Uruganda rukora ibiryo by’amatungo ruratangira igerageza

Uruganda rukora ibiryo by’amatungo birimo iby’amafi, inkoko n’ingurube, ruzatangira gukorerwa igerageza mu cyumweru gitaha, ruje gukemura ikibazo cy’ibiciro cy’ibiryo by’amatungo byari bihenze kuko byavaga kure. Ni uruganda ruzuzura rutwaye miliyari enye na miliyoni 300 z’amafaranga y’u Rwanda. Biteganijwe ko mu cyumweru gitaha ari bwo hazatangira gukorwa igeragezwa ryarwo. Nigwize Regine, umworozi w’inkoko avuga ko ibyo […]Irambuye

Hari uwo basanganye Cholera ku Gisenyi. Ab’i Rubavu baraburirwa…

Umuyobozi w’ibitaro bya Gisenyi yabwiye Umuseke ko hari umurwayi basanganye icyorezo cya Cholera n’abandi bari bafite ibimenyetso by’iyi ndwara bose bavuye hakurya muri Congo Kinshasa. Hari amakuru yemeza ko mu bitaro bya Gisenyi hari abarwayi bafite ibimenyetso bya Cholera ndetse ko umwe muri bo ibizamini byagaragaje ko afite iyi ndwara. Maj Dr Kanyankore William uyobora […]Irambuye

Nta na rimwe intambara iba umuti w’ikibazo – Papa Francis

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis yasabye ibihugu by’ibihanganjye biri mu nama ya G20 ibera mu mujyi wa Hamburg, mu Budage ko nta na rimwe intamabara ijya ikemura ibibazo. Papa yasabye ko mu buryo bwihutirwa imvururu n’intambara muri Africa no mu Burasirazuba bwo Hagati zashakirwa umuti, avuga ko abantu miliyoni 30 babayeho mu gahinda n’imihangayiko […]Irambuye

en_USEnglish