Nyamagabe basezereye kwitwa “Abatebo”, agatebo kayora ivu, ubu bayora amafaranga

Ageze i Nyamagabe aho akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza, ku munsi wa gatatu, Perezida Kagame Paul Umukandida wa RPF-Inkotanyi, yizeje guhindura amateka ya “Nyamagabe” yitwaga Gikongoro, mu Batebo, aho bigeze ngo bitwa aba TresBons, Kagame “Abanyarwanda basezereye kwitwa abatebo, agatebo kayora ivu…” Imparirwamihigo za Nyamagabe, Kare cyane, bamwe bizinduye saa kenda z’urukerera, saa kumi … bajya […]Irambuye

Kagame i Gisagara ati “Uko munshaka niko mbashaka, niko nzabakorera

Mu Karere ka Gisagara, Perezida Kagame Paul yahageze nyuma y’umwanya muto avuye mu karere ka Nyaruguru, yakiriwe n’abaturage benshi bo muri aka karere bahuriye mu murenge wa Ndora, akaba yabasabye gukora bagatera imbere mu bufatanye kuko ngo umutekano urahari na politiki nziza, keretse bo binaniwe. Karangwa Theogene umusangiza w’amagambo yavuze byinshi RPF-Inkotanyi iyobowe na Perezida […]Irambuye

I Nyaruguru biteguye kwakira Kagame ukomeje kwiyamamaza mu Majyepfo

Ku isaha ya saa 8h00, abaturage ba Nyaruguru bamaze kugera kuri site iri ahazwi cyane nka Ryabidandi, mu murenge wa Nyagisozi. Barararirimba indirimbo zisingiza ibikorwa by’ubutwari bya Perezida Kagame Paul. Nyuma yo kugera mu karere ka Ruhango na Nyanza ku wa gatanu aho yatangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza, Kagame Paul umukandida wa RPF-Inkotanyi arakomereza ibi bikorwa […]Irambuye

Iyo ushaka kwihuta ujyenda wenyine, iyo ushaka kugera kure ujyana

*Kagame yasuhuje ab’i Nyanza n’AbaRayon Sports *Ikizwi kizava mu matora ni “ukugera aheza” *Amashyaka yiyunze na RPF “yarebye kure” Ku isaha ya saa munani n’iminota 20, Perezida Paul Kagame Umukandida wa RPF-Inkotanyi yari ageze i Rwabicuma mu kagari ka Mushirarungu mu mudugudu wa Kirwa, mu gikorwa cya kabiri cyo kwiyamamaza, yasabye ab’i Nyanza gukorana bakagera […]Irambuye

Nigeria: Umugabo yashyize umwana ku isoko ngo abashe gushyungura umubyeyi

Ku wa gatatu abagabo babiri b’imyaka 30 harimo uwashatse kugurisha umwana we w’imyaka itandatu ngo abashe gutegura ikiriyo cya nyirakuru w’umwana, n’inshuti ye, bagejejejwe imbere y’urukiko mu  mujyi wa Ibadan baregwa gushaka kugurisha umuntu. Abo bagabo umwe watangajwe ku izina rya Haruna Sule ni we se w’umwana wari kugurishwa, ngo yashakaga amafaranga yo gushyingura nyina […]Irambuye

RDB yatanze inshingano yo guteza imbere ikoreshwa ry’ikoranabuhanga

Ku gicamunsi kuri uyu wa kane mu nzu y’iby’ikoranabuhanga ya Telecom House icyigo cy’ikoranabuhanga RISA, cyahawe inshingano yo guteza imbere uburyo bwo gukoresha ikoranabuhanga mu buzima bwa buri munsi, byakorwaga na RDB. RDB mu bijyanye n’ikoranabuhanga yasigaranye inshingano yo guteza imbere ubucuruzi n’ishoramari rishingiye ku ikoranabuhanga no kongera ibicuruzwa hanze bikomoka mu ikoranabuhanga. U Rwanda […]Irambuye

 Bamwe barakemanga imyambaro yitwa ko ari “Made in Rwanda”

Nta gihe kinini gishije Leta y’u Rwanda ishyizeho ingamba nshya zo gufasha Abanyarwanda guhaha no kwambara ibyakorewe mu Rwanda ibizwi nka “Made in Rwanda”, iyi gahunda iteza imbere ibikorerwa imbere mu gihugu mu bice byose by’ubuzima, mu myambaro inengwa ko igitamboro kitwa ‘igitenge’ cyamize ibindi bitambaro ndtse abahanga imyenda bakakitirira iyi gahunda kandi kigurwa hanze […]Irambuye

Bienvenu Kayira azakoresha igitaramo muri USA

Bienvenue Kayira umwe mu bahanzi nyarwanda baba muri America (USA), agiye gukoresha igitaramo kizaba gikubiyemo ubuhamya bukomeye bw’ibyo Imana yamukoreye, avuga ko yamukijije Cancer. Azanashyira hanze Album ye izaba yitwa “Mu nzu y’Imana”. Bienvenu Kayira ni umusore,  atuye mu mujyi wa Phoenix muri Leta ya Arizona. Ubusanzwe asengera mu itorero rya HOPE OF LIFE INTERNATIONAL […]Irambuye

Congo yemeje ko i Goma hari icyorezo cya Cholera kimaze kwica

Ku wa kabiri w’iki cyumweru umuyobozi wungirije w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Feller Lutahichirwa yatangaje ko hari icyorezo cya Cholera. Avuga ko kiri kugaragara mu mujyi wa Goma uhana urubibi n’umujyi wa Rubavu wo mu burengerazuba bw’u Rwanda no mu gace ka Nyiragongo kegeranye n’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Icyorezo cya Cholera kimaze kwandurwa n’abantu […]Irambuye

Ghana: Umugabo amaze kubyara abana 100 ku bagore 12 arashaka

Isi yizihije umunsi mpuzamhanga wahariwe abaturage, BBC yasuye umugabo wo muri Ghana umaze kubyara abana 100 avuga ko azakomeza kubyara n’abandi. Kofi Asilenu, w’imyaka 80 y’amavuko ni umugabo wabyaye abana 100 ku bagore be 12. Atuye, we n’umuryango we mu cyaro kitwa Amankrom, kuhagera mu modoka ni iminota 45 uvuye ku murwa mukuru wa Accra. […]Irambuye

en_USEnglish