Umujyi wa Kigali wahejeje inyuma y’urugi abakozi ba Radiant

Saa moya za mu gitondo ubwo bari bageze ku kazi biteguye gukora, abakozi ba Radiant Insurance Company basanze ku marembo hari ba “Local Defence” bababuza kwinjira, kuko Umujyi wa Kigali wategetse ko nta mukozi n’umwe ugomba kwinjira imbere mu nyubako. Nta bisobanuro byinshi bigeze bahabwa kuko itangazo rimanitse ku miryango itatu y’aho Sosiyete y’Ubwishingizi Radiant […]Irambuye

Ibintu 9 biranga Intwari

Tariki ya Mbere Gashyantare buri mwaka u Rwanda rwizihiza Umunsi Mukuru w’Intwari z’Igihugu. Inzego z’intwari z‘igihugu ni eshatu arizo Imanzi, Imena n’Ingenzi. Imanzi ni intwari y’ikirenga yagaragaje ibikorwa by’akataraboneka birangwa n’ubwitange, akamaro n’urugero bihebuje. Imena ni intwari iyinga Imanzi, inkwakuzi mu kugaragaza ibikorwa byiza bidasanzwe mu gihugu birangwa n’ubwitange, akamaro n’urugero bihanitse. Naho Intwari y’Ingenzi […]Irambuye

Uganda: Inteko irasaba abasirikare kwisobanura kuri “Coup d’Etat” bavuze

Ishyaka Riharanira Demokarasi muri Uganda tyo ryamaze gutangaza ko ryatangiye gahunda yo kureba uburyo abayobozi bakuru b’igisirikare cya Uganda bagezwa imbere y’ubutabera bagasobanura impamvu batangaje ko bashaka guhirika ubutegetsi. Mu minsi ishize nibwo Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yagiye yumvikanamo bombori bombori. Ubwo ishyaka riri ku butegetsi muri ganda ryari mu mwiherero mu minsi yashize, […]Irambuye

Ethiopia: Habura amasegonda 1800 abayobozi banze gusinya amasezerano

Benshi bari babyiteze kuko bumvaga ko ariwo muti ntakuka, ariko mu gihe haburaga iminota mirongo itatu, abakuru b’ibihugu bagombaga gushyira umukono ku mugambi wo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahise babihagarika. Muri iyi mihango yari kubera i Addis Abeba muri Ethiopia ahakoraniye inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika yahagaze mu kanya nk’ako guhumbya ndetse […]Irambuye

Perezida Kabila yarusimbutse

Ntibirasobanuka neza, ndetse inzego za Leta zirinze kugira byinshi zitangaza ariko amakuru akomeje gucicikana aravuga ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila yarusimbutse mu cyumweru gishize. Urubuga 7sur7.cd rwatangaje ko ubwo Joseph Kabila yari avuye muri Congo Brazzaville kuwa Kane w’icyumweru gishize yari agiye kwivuganwa n’abantu, ariko ubwo bugizi bwa nabi bukaburizwamo […]Irambuye

Rubavu: Abajura bibye ibintu bifite agaciro ka Miliyoni 11

Mu Murenge wa Kanama muri Centre ya Mahoko abajura bibasiye inyubako batwara ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo amaterefoni n’ibindi bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni cumi n’imwe, abatungwa urutoki n’inkeragutabara zirinda umutekano muri uwo Murenge. Mu cyumweru gishije, mu ijoro ryo kuwa kane, nibwo mu Murenge wa Kanama, abajura badukiriye imiryango itatu y’iduka batwara ibicuruzwa bitandukanye […]Irambuye

Gakenke: Bitarenze amezi 2 ababaga mu icuraburindi bazaba bacana

Umunsi wa Gatandatu wa nyuma wa buri kwezi, Abanyarwanda bahurira hamwe bagakora umuganda mu bikorwa bitandukanye mu rwego rwo kubaka igihugu. Uyu munsi Minisisitiri w’Intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi yifatanyije n’abatuye mu Murenge wa Busengo, Akarere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru ahacukuwe imiringoti mu rwego rwo kurwanya isuri. Minisisitiri w’Intebe yasabye abatuye muri aka gace […]Irambuye

Afunzwe azira kwamamaza ibihuha no kugomesha rubanda

Gicumbi: Kuva mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Mutarama 2013, umuturage witwa Mukamana Leocadie yavuzwe ho gukwirakwiza ibihuha mu baturage agamije kubangisha ubuyobozi bw’igihugu. Bijya gutangira, nk’uko urwego rw’ubushinjacyaha bubivuga, Mukamana Leocadie ngo yabwiye Umunyabanga Nshigwabikorwa w’Umurenge wa Rubaya, ko mu kwezi kwa kane uyu mwaka, ubwo Abanyarwanda bazaba bibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe […]Irambuye

Ni iki Bibiliya ivuga ku babana bahuje ibitsina?

Bibiliya itubwira neza ko kubonana kw’abahuje ibitsina ari icyaha. Bimwe mu byanditswe biri muri Bibiliya bitwereka neza ko ari ikizira ku Mana ko abahuje ibitsina babana nk’umugore n’umugabo   Imana yaremye umubago n’umugore, bafite imitere itandukanye kandi bafite ibitsina bitandukanye kugira ngo buzuze inshingano zabo nk’umugore n’umugabo. Bikwiye kumvikana neza ko ubusambanyi hagati y’abantu badahuje […]Irambuye

en_USEnglish