Aje gusimbura umwongereza Lee Johnson, uwahawe akazi ubu ni umuholandi Hendrik Pieter de Jongh ugiye kuba ushinzwe iterambere rya tekiniki mu mupira w’amaguru mu Rwanda. yahawe amasezerano y’imyaka ibiri ashobora kongerwa nk’uko bitangazwa na FERWAFA. De Jongh uri i Kigali, yatangaje kuri uyu wa kabiri ko gahunda ye mu myaka ibiri ari uguteza imbere umupira […]Irambuye
*Kuva 2012 kugeza ubu Malaria yiyongereye kuri 300%, imfu ziyivaho ziyongera kuri 37% *Ubu ngo nta mpungenge z’ubuziranenge ku nzitiramibu ziri gutangwa Kuri uyu wa kabiri Minisiteri y’ubuzima yatanze ikiganiro cy’uko indwara ya Malaria ihagaze mu Rwanda n’ingamba zihari mu kuyirwanya kuko yiyongereye cyane mu bihe bishize, Dr Agnes Binagwaho yasobanuye ko mu mezi ane […]Irambuye
Abantu batatu nibo byemejwe ko bahitanywe n’igisasu cyaturikiye mu mujyi wa Ngozi kuri uyu wa kabiri mu gitondo. Abakomeretse benshi ngo ni abashoferi batwara Taxi. Grenade yaturikijwe n’umusirikare ngo waba yashakaga kuyitera mu bantu abikora nabi nawe iramuhitana. Umusirikare wari ufite iyi grenade ngo niwe yaturikanye ari hagati mu bantu ndetse ngo bikekwa ko yashakaga […]Irambuye
Sepp Blatter wahoze ari perezida wa FIFA yavuze ko tombola z’ibikombe bikinwa iburayi ziba mo amanyanga, kandi ko n’ahandi henshi ku isi ngo bikorwa. Mu gutombola udupira tumwe tuba twakonjeshejwe ku buryo uhitamo amenya niba agakonje ari Real Madrid amenya niba agahitamo cyangwa akohorera. Sepp Blatter yamennye aya mabanga mabi ko ibi bikorwa muri tombola […]Irambuye
Iburasirazuba, agace kibasirwa n’izuba ryinshi cyane cyane muri ibi bihe by’impeshyi. Umurenge wa Karenge uherereye mu gice cy’amajyepfo y’Akarere ka Rwamagana hegereye ikiyaga cya Mugesera. Mu bihe bishize, nubwo izuba ryakunze kuhatera inzara, ubu ngo biri guhinduka bamenye gukoresha amazi y’ikiyaga. Umunyamakuru w’Umuseke ufata amafoto Evode Mugunga n’umunyamakuru wandika Callixte Nduwayo bahasuye mu cyumweru gishize, […]Irambuye
Kuri uyu wa mbere Minisitiri Dr Diane Gashumba yasobanuriye Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’Igihugu y’ Inteko Ishinga Amategeko uko bakoresheje ingengo y’imari iheruka n’icyo bateganyiriza itaha. Abadepite bamubwiye ko MIGEPROF ifite akazi gakomeye basaba ko Minisiteri ayoboye ishyira imbaraga mu kwita ku miryango yo mu byaro ntikorere hejuru gusa. Iyi Minisiteri umwaka utaha w’ingengo y’imari […]Irambuye
Myugariro w’ibumoso wari umaze imyaka ibiri muri Rayon sports, Emmanuel Imanishimwe yasinyiye AFC Leopards yo muri Kenya imyaka ibiri. Gusa ngo ashimira Rayon sports cyane yamuhaye amahirwe yo kwigaragaza nyuma y’igihe gito avuye mu kiciro cya kabiri. Uyu musore yaraye asinye amasezerano yo gukinira AFC Leopards mu ijoro ryakeye i Kigali. Ni nyuma y’amezi ane […]Irambuye
Makanaki….Iyi ni imvugo yaranze abakiraga abanyarwanda mu nkambi y’agateganyo ya Nyagatare yo mu karere ka Rusizi kuri uyu wa mbere ubwo bakiraga abantu 81 batashye bava muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, basanze umubare munini ari uw’abatashye inshuro ya kabiri bagamije kwifatira inkunga ihabwa abatahutse. Abataha bava mu mashyamba ya Congo iyo bakiriwe hifashishwa uburyo […]Irambuye
Ku bitaro bya Gihundwe biherereye mu karere ka Rusizi abakozi bamwe b’ibitaro nibo babona agahimbazamusyi (prime) abandi ntibakabone, ni nyuma y’uko inama y’ubuyobozi bw’ibitaro yemeje ko agahimbazamusyi kajya gahabwa abaganga gusa n’umuyobozi w’ubutegetsi (Admin) w’ibitaro. Ibi ngo byatumye abatanga izindi servisi muri ibi bitaro badohoka kuko hari ibyo badahabwa kimwe n’abandi bakozi. Umuseke wasanze abarwayi […]Irambuye
Mu gihe habura iminsi ibiri gusa ngo Rayon sports yakire Amagaju mu mukino wa shampiyona, abakinnyi bane gusa nibo bakoze imyitozo kuri uyu wa mbere kuko abandi banze gukora batarahembwa. Abakinnyi ba Rayon Sports bavuga ko bafitiwe ibirarane by’imishahara y’amezi abiri, n’ibirarane by’uduhimbazamusyi tw’imikino ine. Kutishimira kudahemberwa igihe, byatumye bafata umwanzuro wo guhagarika imyitozo. Umuseke […]Irambuye