Kucyumweru tariki 12 Kamena 2016, mu mudugudu wa Nyagisenyi, Akagali ka Kabyiniro, umurenge wa Cyanika mu karere ka Burera, ahagana mu masaa moya n’igice z’ijoro (19 :30’) umukobwa w’imyaka 21 yafashwe ku ngufu n’abasore batatu barimo n’uwamurambagizaga. Umwe muri aba basore witwa Jean w’imyaka 26 warambagizaga uyu mukobwa ashaka ko bazashingana urugo, yajyanye na bagenzi […]Irambuye
Igihugu cya Eritrea cyirashinja Ethiopia gushoza intambara ku mupaka ibi bihugu byombi bihuriyeho , ariko utarumvikanwaho gusa igihugu cya Ethiopia cyo ntacyo cyirabitangazaho. Ni mu mirwano yabayeho kuri iki cyumweru hagati y’ingabo ku mpande z’ibihugu byombi. Imirwano yatangiye ejo kucyumweru mu karere ka Tsorona kurubibi rurinzwe cyane kuko rutarabasha kumvikanwaho nyiraho, Eritrea ishinja Ethiopia ko […]Irambuye
Iby’iyi ndwara ya Chorela iri kuvugwa i Karongi cyane mu murenge wa Bwishyura byavuzwe n’umuyobozi w’Akarere ka Karongi mu nteko rusange ya FPR-Inkotanyi mu Burengerazuba kuri iki cyumweru, aho yavuze ko iyi ndwara, ituruka ku mwanda, ubu yagaragaye mu murenge wa Bwishyura. Umuseke wagerageje gushaka amakuru ku nzego z’ubuzima mu karere ariko zivuga ko ayo […]Irambuye
Mu kaga kagwiririye abari mu rubyiniro rw’abakundana bahuje ibitsina mu mujyi wa Orlando muri Florida mu gicuku cyo ku cyumweru, umwe muri bo ni umusore witwa Eddie, yandikiye nyina yihishe muri za toilettes, ati “Maman ndagukunda. Araje(umwicanyi). Ngiye gupfa.” Ni mu butumwa bugufi bandikiranye bwatangajwe na Associated Press. Eddie, umusore w’imyaka 30, nawe yari muri […]Irambuye
Umukino w’umunsi wa 12 muri shampionat y’ikiciro cya mbere muri Congo Kinshasa kuri stade Concorde de Kadutu hagati y’ikipe ya OC Muungano y’i Bukavu na Sanga Balende y’i Mbuji-Mayi ntiwarangiye kuko wahagaze ku munota wa 15 umusifuzi akubiswe n’abafana mu mvururu zaaturutse ku cyemezo cye. Abafana b’ikipe ya Muungano nibo bateye izi mvururu nk’uko bitangazwa […]Irambuye
Mu kiganiro na Televiziyo Al Jazeera y’i Doha muri Qatar, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo umunyamakuru Mehdi Hassan yamubajije kubya raporo z’impuguke za UN yashinje u Rwanda kwinjiza abana mu ngabo zo kurwanya u Burundi, Minisitiri Mushikiwabo amusubiza ko ari nka we ushaka kuvanaho ubutegetsi runaka atakoresha abana nk’uko iyo raporo ibishinja u […]Irambuye
Abakozi ba Komisiyo yo kuvugurura amategeko kuwa kane bakoze igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi basura urwibutso rwitwa Commune rouge i Rubavu ariko kandi banaremera umupfakazi wa jenoside utishoboye bamugabira inka yonsa inahaka. Bayobowe n’umuyobozi w’iyi komisiyo John Gara babanje kwirebera amateka yabaye aha barebeye ku mibiri irenga 4 500 ishyunguye muri uru rwibutso, babwirwa […]Irambuye
Ikipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 mu mupira w’amaguru mu ijoro ryakeye yasezerewe n’iya Misiri mu gushaka ticket yo gukina igikombe cya Africa cy’ibihugu muri icyo kiciro itsinzwe kuri za Penaliti 3 – 2. Amavubi yari yagerageje gukora amateka yo gutsindira ikipe ya Misiri iwayo igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Vedaste Niyibizi wa Sunrise […]Irambuye
Ni mu masezerano yasinywe kuri uyu wa gatanu na Minisitiri Dr Agnes Binagwaho na Kwon Deok Cheol wungirije Minisitiri w’ubuzima n’imibereho myiza muri Korea aho ibihugu byombi byemeranyijwe ku bufatanye mu nzego z’ubuzima no guhana amakuru, cyane cyane Korea igafasha u Rwanda guteza imbere ikoranabuhanga mu buzima. Ubufatanye bw’ibihugu byombi ngo buzanaba hagati y’amashuri makuru […]Irambuye
Ubuyobozi bwa APR FC bwari bwahagaritse abakinnyi bane kubera imyitwarire mibi. Ariko ngo nyuma yo kwandika basaba imbabazi bababariwe. APR FC ubwo yari imaze gutsindirwa i Rusizi na Espoir FC tariki 21 Gicurasi 2016, ubuyobozi bwa APR FC bwafashe umwanzuro wo guhagarika bamwe mu bakinnyi bayo, babashinja imyitwarire mibi. Nyuma y’uyu mukino bivugwa ko Iranzi […]Irambuye