Ahagana saa yine n’igice z’igitondo kuri uyu wa gatanu ikamyo yari ipakiye ibitaka iturutse ruguru nko mu Bugesera yageze Kicukiro – Centre icika feri maze umushoferi agerageza kuyishyira ku ruhande ariko agonga abantu benshi bamwe bari mu modoka, moto, n’abagenzaga amaguru, kugeza ubu umubare w’abapfuye nturamenyekana, umwe mu baturage batabaye mbere yabwiye Umuseke ko yabonye […]Irambuye
Nyarubuye mu karere ka Kirehe habereye ubwicanyi bw’indengakamere muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri Paroisse yaho hiciwe abarenga ibihumbi 35 bari bahahungiye, bivugwa ko harokotse umugore umwe gusa wari wajugunywe mu musarani akaza kuvanwamo akiri muzima, aya mateka mabi cyane ngo ni inyigisho ikomeye ku kurwanya Jenoside n’ingengabitekerezo yayo, nibyo byavanye abanyeshuri n’abakozi b’ishuri rya Tumba […]Irambuye
Ikigo cy’Imyuga n’ubumenyingiro (Ruhango Vocation Training Center)abanyeshuri bahiga bari guhindura za mudasobwa zishaje mo Televiziyo mu gihe cy’iminota makumyabiri. Izi televiziyo ngo zizagenerwa abaturage batazigiraga. Iri shuri ry’Imyuga n’Ubumenyingiro(VTC Ruhango) riherereye mu mujyi wa Ruhango rifite ishami rimwe gusa ryigisha ikoranabuhanga rya Electronic, abanyeshuri baryigamo bavuga ko ubumenyi bahabwa mu gihe cy’amezi atandatu butuma babasha […]Irambuye
*Abaganga ngo bemeje ko azakira neza akabasha kugenda Isaac Iranzi Ndahiro wavukanye indwara yitwa Exstrophy of cloaca akavukira mu muryango udafite ubushobozi bwo kuyivuza, byabaye ngombwa ko umubyeyi we asaba abagiraneza kumufasha mu gihe yari yarabuze uko asubiza umwana we mu Buhinde kubagwa bwa kabiri. Umugiraneza yarabibfashije ubu Iranzi avuyeyo vuba aha ndetse abaganga […]Irambuye
Usibye u Burundi, u Rwanda, Tanzania, Kenya na Uganda kuri uyu wa 08 Kamena ibi bihugu nabyo byatangaje ingengo y’imari yabyo mu mwaka mushya w’imari wa 2016/2017. Kenya niyo izakoresha ingengo y’imari nini igera kuri miliyari 22,8 z’amadorari ya Amerika, inshuro 20 z’ingengo zy’imari yatangajwe n’u Rwanda. KENYA Henry Rotich Minisitiri w’imari wa Kenya niwe […]Irambuye
TOP SEC investment ltd is looking for qualified candidates for the following posts; Company Recovery Officer (1 position) Responsibilities: Collecting company revenues, Producing and distributing client invoices To produce, in collaboration with the finance department, a collection plan, detailing the actions to be taken as the payment is in arrears. To coordinate with Director of […]Irambuye
Imodoka yo mu bwoko bwa Mitsubishi Fuso yafatiwe mu kagali ka Gisa mu murenge wa Rugerero ku muhanga wa Kigali – Rubavu irimo umushoferi n’umwunganizi we batwaye 400Kg z’urumogi. Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire umuvuguzi wa Police Iburengerazuba avuga ko aba bari batwaye iyi modoka batawe muri yombi mu gihe iperereza ryatangiye. Abari […]Irambuye
Nyuma yo kubura umwanya uhoraho muri St Truiden, myugariro w’umunyarwanda, Salomon Nirisarike yasinye amasezerano y’imyaka ibiri akinira AFC Tubize ku giciro kigera kuri miliyoni 223 mu manyarwanda. Salomon Nirisarike akiniye St Truiden yo mu kiciro cya mbere mu Bubiligi imyaka ibiri gusa, kuko yayigiye mo mu ntagiriro z’umwaka w’imikino wa 2014-2015 ubwo yari mu kiciro […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu Urukiko rwa Arusha rwakatiye umugabo Issac Abakuki gufungwa imyaka itatu cyangwa se agatanga ihazabu ya miliyoni eshatu z’amashilingi ya Tanzania nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutuka umukuru w’igihugu John Pombe Magufuli ku rubuga rwe rwa Facebook. Uyu mugabo Abakuki ubwe yiyemerera ko ibyanditswe kuri Facebook ye ari we ubwe wabyanditse. Umucamanza […]Irambuye
Mu ijoro ryakeye inama y’ubutegetsi y’ikigega mpuzamahanga cy’imari (International Monetary Fund) nyuma yo gusuzuma uko ubukungu bw’u Rwanda buhagaze n’uko butera imbere yemeje guha u Rwanda inguzanyo ingana na miliyoni 204$ azishyurwa mu mezi 18 nk’uko bikubiye mu itangazo basohoye. Aya mafaranga ngo ahawe u Rwanda kugira ngo rugire icyo rwizigamira mu madevise maze ruhangane […]Irambuye