Sauti Sol, itsinda rya muzika rikunzwe cyane mu karere ryatangaje gahunda y’ibitaramo byaryo byo kumenyakanisha Album yabo y’umwaka ushize yitwa “Live anda Die in Africa” Iri tsinda rizataramira mu Rwanda tariki 24/08/2014 ahantu hataratangazwa. Sauti Sol baheruka mu Rwanda mu 2015 aho nabwo bashimishije abantu benshi muri Kigali Up kuri Stade Amahoro mu ndirimbo zabo […]Irambuye
Guverinoma ya Sudani y’Epfo yemeye kuri uyu wa gatanu ko hakoherezwa ingabo zo mu karere kurinda amahoro, ni nyuma y’imirwano ihaheruka mu kwezi gushize ndetse n’intambara ihatutumba ishobora gushozwa na Riek Machar uherutse kuva muri Guverinoma akajya mu ishyamba akavuga ko azagaruka ku ngufu. Riek Machar ariko akiri Visi Perezida yahose asaba ko izi ngabo […]Irambuye
Imikino Olempiki yatangiye i Rio de Janeiro muri Brésil, abakinnyi barenga 11 000 barahatana mu mikino 28 itandukanye kugeza tariki 21/08/2016. Ku gicamunsi cya none Adrien Niyonshuti na Joanna Umurungi nibo ba mbere bari buhatane mu banyarwanda bariyo. Niyonshuti arasiganwa muri Road Race, uwa mbere aregukana umudari wa zahabu. Naho Joanna arasiganwa koga 100m style […]Irambuye
Philémon Twambajimana atuye mu Kagali ka Nyarusozi umurenge wa Nyabinoni, mu Karere ka Muhanga afite imyaka 30 y’amavuko akaba afite ubumuga bukomatanyije avuga ko yavanywe mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe, ashyirwa mu cya gatatu kandi ngo kubona ibyo kurya n’imuyambaro ari umutwaro ukomeye. Philémon Twambajimana abana na nyina gusa nta se afite, yagize ubu […]Irambuye
Nyagatare – Mu mudugudu wa Gatebe, Akagali ka Karushuga mu murenge wa Rwimiyaga kuri uyu wa kane hatashywe ibyumba by’amashuri 12 byubatswe n’umusaruro ukomoka mu bukerarugendo aho 5% by’uwo musaruro bijya mu bikorwa by’iterambere hafi y’abaturiye pariki. Mu 2015/16 ubukerarugendo bwinjije miliyoni 318$ nk’uko bitangazwa n’ikigo gishinzwe kwihutisha iterambere RDB ari nacyo gifite ishami ry’ubukerarugendo […]Irambuye
Mu gihe hari ikibazo kinini cyo kubura akazi ku rubyiruko rurangije za Kaminuza abarangije amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro bo batinzwa no kurangiza kuko n’iyo bakiri kwiga baba batangiye gukora ku ifaranga. Ni mu buhamya butangwa na bamwe rubyiruko rurangije imyuga mu kigo kiri i Mubumbano bavuga ko ubuzima bwabo buri guhinduka. Abanyeshuri 45 b’urubyiruko biganjemo abacikirije […]Irambuye
Byabaye mu masaba ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa kane mu kagali ka Gatare umurenge wa Nkungu ubwo abakobwa babiri Mahoro Joselyne na Uwiringiyimana Odette bombi b’ikigero cy’imyaka 17 bagwiriwe n’ikirombe cy’amatafari bahita bahasiga ubuzima, abandi batatu bari kumwe nabo bakomeretse ubu bakaba bari kwitabwaho. Aba bakobwa bari abakozi mu kirombe gikorerwamo amatafari […]Irambuye
DRCongo – Umuvigizi wa Opérations Sokola II yo kurwanya imitwe yitwaje intwaro muri Congo yatangaje ko kuva mu 2015 kugeza mu kwezi gushize kwa karindwi 2016 ingabo za Congo ngo zishe abarwanyi ba FDLR 140, zifata matekwa 323 naho abagera ku 191 bamanika mbunda bitanga ku ngabo za MONUSCO. Yariho atanga raporo y’ibyakozwe mu guhiga […]Irambuye
Kigali – Raporo kuri “Debt Dynamics and Development Finance in Africa” yakozwe na United Nations Conference on Trade and Development (UNCTAD) igaragaza ko ikigero cyo gufata inguzanyo zo mu mahanga cyazamutse vuba vuba mu bihugu byo muri Africa y’Iburasirazuba mu myaka itanu ishize, u Rwanda na Ethiopia biri imbere mu gufata izi nguzanyo nyinshi. Iyi […]Irambuye
Israel Bimpe uri gusoza amasomo ye muri Pharmacie muri Kaminuza y’u Rwanda kuri uyu wa kane yatorwe kuba umuyobozi w’impuzamashyirahamwe y’abiga Pharmacie ku isi (International Pharmaceutical Students’ Federation, IPSF). Israel Bimpe yatorewe mu nama rusange ya 62 ihuje abahagarariye amashyirahamwe y’abanyeshuri biga Pharmacie muri za Kaminuza zinyuranye ku Isi iteraniye i Harare muri Zimbabwe. Bimpe […]Irambuye