Bonny Mugabe yagizwe Team Manager w’Amavubi asimbuye Alfred Ngarambe ku itariki 10 Kanama 2014, Ngarambe yari yazize kutumvikana kuri bimwe n’abamuyoboraga, Bonny Mugabe wamusimbuye ubu akaba yirukanywe we ngo yazize ibishingiye ku gufata nabi abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi. Guy Rurangayire umuyobozi ushinzwe amakipe y’ibihugu muri Minisiteri y’umuco na Siporo yabwiye Umuseke ko Bonny Mugabe yirukanywe. […]Irambuye
Rayon Sports ikomeje kwitegura umwaka utaha wa shampiyona, yaguze abakinnyi babiri, yongerera amasezerano abandi babiri. Umutoza wayo Masudi Djuma nawe agiye kongererwa amasezerano vuba. Ikipe ya Rayon sports umwaka ushize w’imikino yarangije ku mwanya wa kabiri muri shampiyona, itwara igikombe cy’amahoro, iri gushaka uko yagumana abayifashije. Bongereye amasezerano abakinnyi Kwizera Pierro na Ismaila Diarra, ubu […]Irambuye
Angelique Kantengwa wahoze ari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’ubwiteganyirize bw’abakozi, RSSB, umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda yabwiye Umuseke ko ubucamanza bwamugize umwere ariko Ubushinjacyaha buri gusesengura iki cyemezo byaba ngombwa bakazakijuririra. Kantengwa yatawe muri yombi muri Nzeri 2014 akekwaho kugira uruhare mu inyerezwa ry’amafaranga y’u Rwanda miliyari 1,6 no gutanga amadolari ya Amerika ibihumbi 30 ($30 000) […]Irambuye
Abayobozi bakuru mu by’umutekano bagera kuri 50, benshi muri bo bahoze ari abafasha ba Perezida George W.Bush basinyeku ibaruwa imwe batangaza ko Donald Trump nta “bushobozi, indagagaciro n’ubunararibonye” afite byo kuba Perezida kandi ko “yashyira mu kaga umutekano n’imibereho myiza ya USA” aramutse atowe nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru NewYork Times. Aba baburiye abanyamerika ko Trump aramutse […]Irambuye
*Ngo yamaze igihe kinini mu madini nyuma ayavaho agendera kuri Bibiliya gusa *Yemeza ko Knowless na Clement batasezeraniye mu idini *Asanzwe ari inshuti y’imiryango yombi *Ati “Ntiwavuga ko habayeho ubusambanyi igihe cyose umusore n’inkumi bafite gahunda yo kubaka urugo” *Amahame y’Abadive ngo nayo urebye asa n’abyemera kuko yakira abishyingiye akabagaya gusa Pasitoro Joshua Rusine avuga […]Irambuye
Kimwe n’abandi ba Perezida 15 b’ibihugu bya Africa Perezida Kagame nawe kuri uyu wa mbere yitabiriye irahira rya Perezida wa Tchad akaba na Perezida w’Umuryango wa Africa yunze ubumwe Idriss Deby Itno i N’Djamena muri Tchad. Ibiro bya Perezida Kagame bivuga ko agezeyo uyu munsi Perezida Kagame yakiriwe na Minisitiri w’Intebe Albert Pahimi Padacké Imihango […]Irambuye
Icyamamare muri muzika ya Rumba kuwa gatandatu yarafashwe aheranwa na Hotel yitwa Rickside Villas yananiwe kwishyura amashilingi 20 000 y’icumbi n’amafunguro yafashe muri iyi Hotel. Defao uzwi cyane muri aka karere muri muzika ya Rumba avuga ko byatewe n’ushinzwe kumenyakanisha ibikorwa bye wamusize aha muri Hotel akigendera nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru byo muri Kenya. Defao ngo […]Irambuye
Idriss Deby Itno Perezida wa Tchad kuva mu 1990 kuri uyu wa mbere ararahirira mandat ya gatanu nk’umukuru w’igihugu mu mihango iri bubere muri Hotel nini mu mujyi wa Ndjamena. Ibintu ariko ntibyfashe neza hanze mu mujyi, abarwanya ubutegetsi bwe kuri iki cyumweru bigaragambije batatanywa na Police umuntu umwe araraswa arapfa nk’uko bivugwa na AFP. […]Irambuye
Kuri iki cyumweru hagati ya saa yine na saa tanu z’amanywa mu mudugudu wa Izuba Akagali ka Rukiri ya I mu murenge wa Remera umugabo witwa Willy Kwizerimana yimanutse mu nzu akoresheje ishuka arapfa. Ni nyuma y’uko yari abuze amafaranga ibihumbi magana ane yari abitse kuri telephone ye mu buryo bwa Mobile Money nk’uko bivugwa […]Irambuye
Kuri iki cyumweru, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi wari uhagarariye Perezida Kagame mu giterane ngarukamwaka gihuza amatorero n’amadini mu Rwanda kitwa RWANDA SHIMA IMANA, yagaragagaje ko nubwo ari umunyapolitiki, ari n’umuntu usenga aho yibukije ko Zaburi y’100 umurongo wa gatatu ivuga ko abantu bose bagomba guhora bashima Imana kuko ari yo itanga byose. Rwanda Shima Imana […]Irambuye