Ikipe zizazamuka mu kiciro cya mbere zahuye ngo zishakemo utwara igikombe cy’ikiciro cya kabiri. Pipiniere FC itsinda Kirehe FC kuri penaliti 5-4. Kuri iki cyumweru tariki 7 Kanama 2016, kuri stade ya Kicukiro habereye umukino wa nyuma wa shampiyona y’ikiciro cya kabiri. Kirehe FC yo mu ntara y’Iburasirazuba na Pipiniere FC yo mu karere ka […]Irambuye
Inkuru ye yo mu 1910 – 1912 irazwi cyane mu Rwanda ariko bacye cyane nibo baaba barabonye iyi foto ye mbere yo kunyongwa. Ni Rukara mwene Bishingwe wa Sekidandi na Nyirakavumbi nyina w’Amavubi. Ngo yangaga cyane agasuzuguro, ntiyaripfanaga kandi ntiyatinyaga. Iyi foto ye umusaza wayitanze avuga ko yavuye mu bubiko bw’Amateka mu Budage. Rukara rwa […]Irambuye
Umuhanzi Butera Knowless kuri iki cyumweru yasezeranye n’umunyamuzika Clement Ishimwe, ibirori byabo bibera i Nyamata muri Golden Tulip Hotel, ibirori byabo byakomeje kugirwa umwihariko w’umuryango gusa. Ubukwe bwabo ubu buri kubera i Nyamata… Ubukwe bwabo bwabereye mu busitani bwa Golden Tulip Hotel i Nyamata, hari abatumirwa ubona biganjemo abo mu miryango yabo n’inshuti za hafi. […]Irambuye
Shahram Amiri, umuhanga muri Siyansi y’imbaraga kirimbuzi muri Iran yishwe abambwe kubera gutanga amakuru y’ibanga kuri Leta zunze ubumwe za Amerika nk’uko byatangajwe kuri iki cyumweru n’umuvugizi w’ubutabera muri Iran Gholamhossein Mohseni-Ejeie Shahram Amiri yari yaraburiwe irengero kuva mukwa gatandatu 2009 ari muri Arabie saoudite aho yari yagiye mumutambagiro mutagatifu. Yongeye kugaragara mu kwa karindwi […]Irambuye
Adrien Niyonshuti we ntiyarangije n’irushanwa, Joanna Umurungi yasize umuntu umwe muri batanu bahatanaga mu koga 100m. Aba nibo ba mbere bahatanye ku ruhande rw’u Rwanda mu mikino Olympiques iri kubera muri Brazil, intego iba ari ukwegukana umudari. Adrien Niyonshuti wasiganwe ku magare muri Road Race aho birukaga 237Km amakuru avayo ni uko yabanje kugira ikibazo […]Irambuye
Mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatandatu nibwo Rwandair yagaragaje amafoto ya mbere y’indege yo mu bwoko bwa Airbus A330 -200 , kuri uyu wa gatandatu Rwandair yatangaje ko iyi ndege bwa mbere yafashe ikirere igeragezwa. Izi ni indege ebyiri zaguzwe na Rwandair, iyi Airbus A330 -200 yiswe “Ubumwe” na ngenzi yayo A330 -300 biteganyijwe ko zizagera mu […]Irambuye
Frédéric Harerimana umuyobozi w’Akarere ka Rusizi yabwiye Umuseke ko igihe cyo kubikora nikigera bizakorwa neza, nta uhutajwe cyangwa ngo ajyanwe ku ngufu. Gusa abaturage batuye mu manegeka mu mirenge ya Nyakarenzo na Nkungu ngo nibo bazahitamo gutura mu mudugudu ugezweho bagiye kubakirwa, cyangwa gukomeza kwizirika aho bashobora no guhitanwa n’ibiza. Mu kagali ka Murambi mu […]Irambuye
Bamwe mu baturage i Burundi basubiye mu mihanda kuri uyu wa gatandatu baririmba kandi bitwaje ibyapa biriho amagambo yo kwamagana Ubufaransa, u Rwanda, ubu noneho na Huma Rights Watch. Kuwa gatandatu wa mbere w’ukwezi kwa munani i Burundi bahimbaza umunsi mukuru wahariwe amakomine aho na Perezida Nkurunziza yagejeje ihambo ku barundi, mu byo yababwiye harimo […]Irambuye
Umusore witwa Martin Nshimiyimana ubu ari gushakishwa nyuma y’uko mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu yateye icyuma mu ijosi umugabo witwa Francois Sibonama w’imyaka 50 agapfa kubera gutakaza amaraso menshi. Byabereye mu mudugudu wa Nyaruhengeri mu kagali ka Mukinga, Umurenge wa Nyamiyaga ahagana saa yine n’igice z’ijoro nk’uko umuturage witwa Martin Bigaruka wari hafi […]Irambuye
Dr Jean Fidele Niyomugabo wari umuyobozi w’ibitaro bya Kinazi mu karere ka Ruhango bamusanze mu cyumba Motel yapfuye mu ijoro rishyira kuri uyu wa gatandatu mu mujyi wa Byumba mu karere ka Gicumbi. Amakuru y’urupfu rwe yemejwe na bamwe mu bakorana nawe ku bitaro bya Kinazi batifuje gutangazwa, babwiye Umuseke ko bamenyeshejwe iby’urupfu rw’umuyobozi wabo […]Irambuye