Byavuye mukwa 6/2016, ubu ngo Gereza ya Mageragere izafungura mukwa

Kuri uyu wa kane, Minisitiri w’umutekano mu gihugu hamwe n’umuyobozi w’urwego rushinzwe infungwa n’abagororwa (RCS) basuye ahari kubakwa gereza ya Mageragere, bemeza ko bitarenze ukwezi kwa 10 abagororwa bazatangira kwimurwa bavanwa muri Gereza ya Kigali bazanwa hano. Bari aha i Mageragere, tariki 30/12/2015 ushinzwe imyubakire y’iyi gereza yabwiye intumwa za Minisiteri y’ubutabera ko mu  kwezi […]Irambuye

Kigali – Gicumbi: Coaster ya Stella ikoze impanuka, 4 bapfuye

Kuri iki gicamunsi imodoka ya Toyota Coaster RAB 672 I ya kompanyi ya Stella Express yava i Kigali yerekeza i Gicumbi yakoze impanuka igeze ahitwa mu Kigoma, uwabonye iyi mpanuka yabwiye Umuseke ko yabonye inkomere yinshi. Police yemeje ko abantu batatu aribo bapfuye mu mpanuka naho, undi umwe yapfiriye ku bitaro bya Byumba kubera ibikomere […]Irambuye

Mutoniwase yashushanyije ‘First Lady’ na crayon amuha ifoto nk’impano

Edwige Mutoniwase ni umwe mu bana 23 barangije amahugurwa y’ibyumweru bitatu y’ikoranabuhanga mu ishuri rya Tumba College of Technology, kuko ari mu bana batsinze neza mu bigo bigamo, Mutoniwase afite n’ubuhanga yagaragaje mu gusoza aya mahugurwa kuri uyu wa Kane muri iki kigo kiri i Rulindo. Mutoniwase w’imyaka 18 yabashije gushushanya akoresheje crayon/pencil, ishusho ya […]Irambuye

Umwana yavutse ku itariki IMWE n’iyo se na nyina nabo

*Ngo biba ku muryango umwe muri miliyoni 48 Caitlin na Tom Perkins b’ahitwa Queensland muri Australia bavutse ku itariki imwe (16/08/1986) ngo batandukanyijwe n’iminota 50. Ubuzima bwaje kubahuza barakundana barashakana, ejo bundi kuwa kabiri bibarutse umwana ku ri iyi tariki nabo bavutseho nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru MailOnline. Umukobwa wabo wavutse bamwise Lucy Marie Perkins yatumye uyu […]Irambuye

i Karongi, umunyeshuri yakubise mwalimu ngo ‘wamututse kuri nyina’

Kuri station ya Police ya Rubengera hafungiye umunyeshuri w’umuhungu wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye ushinjwa gukubita mwalimu we Damien Nzabahimana ku kigo cy’amashuri yisumbuye cya Groupe Scolaire Nyarubuye. Uyu munyeshuri avuga ko yakubise mwalimu we kuko ngo yari amaze kumutuka kuri nyina. Byabaye kuwa kabiri w’iki cyumweru ubwo ngo mu ishuri habaye intonganya […]Irambuye

Ngoma: Kiliziya na Kaminuza byumvikanye ku ikoreshwa ry’ubutaka

Kuwa kabiri, Diyoseze Gatolika ya Kibungo na Kaminuza ya Kibungo (UNIK) basinye umukono ku masezerano yemerera iyi kaminuza kubyaza umusaruro ubutaka bwa Diyosezi hagamijwe guteza imbere abaturage. Aya masezerano yasinyiwe mu biro bya Diyoseze ya Kibungo hagati y’umuyobozi wayo  Mgr Antoine Kambanda n’umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo Prof Silas Lwakabamba, ni amasezerano ngo agamije gukoresha […]Irambuye

Nyarutarama: Police yishe ukekwaho iterabwoba

Police y’u Rwanda yatangaje ko ahagana saa mbili z’ijoro kuri uyu wa kane yarashe uwitwa Mbonigaba Channy ukekwaho iterabwoba arapfa nyuma y’uko arasanye na Police, ndetse akaba yakomerekeje umwe. Supt. Jean Marie Ndushabandi ukora mu Biro by’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yatangaje ko uyu mugabo yari afite imbunda yikingiranye mu nzu i Nyarutarama. Polisi ngo […]Irambuye

BYARANGIYE, Johnny McKinstry yirukanywe

Akazi ke karangiye mu Amavubi, si we uzatoza umukino utaha w’Amavubi na Ghana mu gushaka ticket yo kujya mu gikombe cya Africa cya 2017. Umuseke ufite amakuru yizewe ko uyu mutoza yashyikirijwe ibaruwa imusezerera mu kazi kuri uyu wa kane. Mu ijoro ryakeye, amakuru Umuseke ukesha umwe mu bashinzwe iby’uyu mutoza utifuje gutangazwa ni uko […]Irambuye

MilitaryGames: APR FC yabuze igikombe kubera kubura ibitego 2

Imikino ya Gisirikare yaberaga mu Rwanda yasojwe kuri uyu wa gatatu, APR FC yari ihagarariye igisirikare cy’u Rwanda inanirwa kwisubiza igikombe mu mupira w’amaguru kuko itabashije gutsinda ikinyuranyo cy’ibitego bibiri iya Tanzania bakinaga bityo Ulinzi yo muri Kenya iba ariyo icyegukana. Umukino wa nyuma w’umupira w’amaguru kuri uyu wa gatatu, warangiye APR FC itsinze kuri […]Irambuye

Rayon yatangiye imyitozo, umutoza mushya n’abakinnyi 9 bashya

*Rwatubyaye ngo aracyari umukinnyi wabo *Diarra, Bakame na Pierro ntibagaragaye mu myitozo *Rayon Sports ubu izajya ikorera imyotozo ku Mumena Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Rayon Sports yatangiye imyitozo yitegura Shampionat, iri kumwe n’umutoza mushya wungirije Masudi Juma, ndetse n’abakinnyi icyenda bashya barimo umurundi Nahimana Shasir, Yvan Senyange na Nova Bayama bavanye muri […]Irambuye

en_USEnglish