Amafoto y’abana b’Ingagi 21 bazitwa amazina uyu mwaka

Mu kwezi gutaha biteganyijwe ko abana b’ingagi 21 bazitwa amazina mu muhango uzaba uba ku nshuro ya 12 mu Kinigi mu karere ka Musanze munsi y’ibirunga zituyemo. Ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB cyatangaje amafoto y’izi ngagi nto zizahabwa amazina. Abana b’ingagi bazahabwa amazina inkuru yavutse tariki 26/06/2015 into ivuka tariki 12/05/2016. Uyu ni umuhango umaze kumenyerwa […]Irambuye

Military Games: Gutsinda Tanzania ntibihagije ngo APR FC itware igikombe

APR FC irasabwa gitsinda ikipe y’igisirikare cya Tanzania ibitego birenze bibiri ngo yisubize igikombe cy’imikino ya gisirikare yari imaze iminsi 10 ibera mu Rwanda. Kuri uyu wa gatatu tariki 17 Kanama 2016 saa tanu (11h) kuri stade Amahoro i Remera, hateganyijwe umuhango wo gusoza imikino ya gisirikare ihuza ibihugu byo mu karere ka Afurika y’uburasirazuba, […]Irambuye

Nyamasheke: Imodoka ya UNHCR yakoze impanuka bayisangamo 86Kg z’urumogi

Mu ijoro ryakeye, imodoka ya Toyota Land Cruiser ifite Plaque Numero IT 904 RD y’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye wita ku mpunzi UNHCR mu Rwanda yakoze impanuka igeze mu kagari ka Kanazi mu murenge wa Ruharambuga bayisangamo 86Kg z’urumogi nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wa Police Iburengerazuba. Chief Inspector of Police (CIP) Theobard Kanamugire umuvugizi wa Police Iburengerazuba yatangaje […]Irambuye

i Masoro, umugore akiva mu birori bamutemaguye arapfa

Uwimana Philomene w’imyaka 42 wo mu mu karere ka Rulindo Umurenge wa Masoro ku mugoroba wo kuri uyu wa 16/08/2016 bamusanze mu nzu ye yapfuye atemaguwe n’abantu kugeza ubu bataramenyekana. Ni nyuma y’uko yari avuye muri Batisimu y’abana kuri ‘Assomption’. Philomene wibanaga mu nzu kuwa mbere kuri ‘Assomption’ ngo yari yagiye mu birori bya batisimu […]Irambuye

I Rusizi, amakosa yabaye mu gutora Abarindi b’Igihango ngo ntazongera

Kuri uyu wa kabiri abayobozi banyuranye mu karere ka Karongi bagarutse kuri raporo yagaragaje ko gutoranya Abarinzi b’igihango biheruka gukorwa bigahagarikwa byaranzwe n’icyenewabo, amarangamutima n’ubunyangamugayo bucye. Bavuga ko aya makosa atazongera mu kuvugurura aya matora. Aya makosa ngo yakozwe n’abayobozi ku nzego z’ibanze bihaga ijambo rinini mu gutoranya Abarinzi b’igihango, ubu ngo bizagendera cyane ku […]Irambuye

Muhanga: SACCO ya Nyamabuye imaze gutanga inguzanyo irenga miliyoni 300

Sacco Kora uteganya iherereye mu murenge wa Muhanga, Akarere ka Muhanga iravuga ko imaze gutanga inguzanyo ya Miliyoni  300 zirenga z’amafaranga y’u Rwanda, Miliyoni eshanu muri zo zikaba ziri mu bukerererwe. Ikigo cy’imali Sacco Kora uteganya mu murenge wa Nyamabuye cyatangiye mu mwaka wi 2009, ariko ngo kitaragira ubushobozi bwo guha inguzanyo abanyamuryango bacyo kuko […]Irambuye

Tubane James wari muri Rayon sports, asubiye muri AS Kigali

Myugariro Tubane James kuri uyu wa kabiri yavuye muri Rayon sports yari amazemo imyaka ibiri, asubira muri AS Kigali. Yayisinyiye amasezerano y’imyaka ibiri. Rayon Sports yarangiza shampiyona y’umwaka ushize itsinzwe bitego bike kurusha izindi, byatumye begukana igikombe cy’amahoro, banarangiriza ku mwanya wa kabiri muri shampiyona. Uyu musore w’imyaka 24 ngo yagerageje kuganira n’abayobozi ba Rayon […]Irambuye

Joao Havelange wayoboye FIFA imyaka 24 yapfuye afite imyaka 100

Joao Havelange umunyaBrasil wayoboye FIFA kuva mu 1994 kugeza mu 1998 yitabye Imana kuri uyu wa kabiri afite imyaka 100 mu mujyi akomokamo wa Rio de Janeiro. Havelange yize iby’amategeko akaba n’umucuruzi, gusa akaba yaranabaye umukinnyi wahagarariraga Brasil mu mikino yo koga na Water polo. Havelange mu 1974 yasimbuye Stanley Rous maze atangira kuvugurura umupira […]Irambuye

Police FC igiye gukina imikino ya gicuti n’amakipe yo hanze

Nyuma yo gutangaza Seninga Innocent nk’umutoza mushya Police FC yamaze gutangira imyitozo, igiye gukina imikino ya gicuti n’amakipe y’i Rubavu, n’i Goma muri DR Congo. Umwaka w’imikino wa 2015-16 Police FC yabaye iya gatanu (5) muri shampiyona. Byatumye ubuyobozi bw’ikipe bwirukana abari abatoza bayo Cassa Mbungo Andre na Nshimiyimana Maurice bita Maso. Basimbuwe na Seninga […]Irambuye

Muhanga: Abagore 2 baherutse kwicwa banizwe bakajugunywa bamenyekanye

Kuwa kane w’icyumweru gishize mu kagali ka Gahogo mu midugudu ya Nyarucyamo III na Kavumu hatoraguwe imirambo ibiri y’abagore bakiri bato bishwe mu buryo bumwe bakajugunywa ahatandukanye ndetse ntibahita bamenyekane. Ubu bamaze kumenyakana ndetse aba bombi bari inshuti nubwo umwe ari uw’i Nyamagabe undi i Huye. Umwe yitwa Euphrasie Kanakuze afite imyaka 24 ni uwo […]Irambuye

en_USEnglish