*Iyi myanzuro bamwe mu ntumwa za rubanda ngo bayibona nk’igitero ku gihugu *Umudepite yasabye ko abadepite ba EU baje mu Rwanda bakwiye kujyanwa mu Itorero *MINAFET ngo niyo yanze ko bajya gusura Ingabire Victoire kuko bitari mu byabazanye Guhera saa cyenda z’umugoroba kuri uyu wa mbere mu Nteko Ishinga amategeko y’u Rwanda hateraniye inama nyunguranabitekerezo […]Irambuye
Kuri uyu mbere tariki 10/10/2016 mu ma saa sita n’ igice mu kagari ka Gisuna mu murenge wa Byumba umugore w’imyaka 21 yapfuye bivugwa ko basanze yiyahuye akoresheje igitambaro cyo kwifubika bita ‘esharpe’. Birakekwako yaba yihoye ko yanduye SIDA. Umugabo babanaga ariko batarasezerana kuko ngo babiteguraga yabimenye atashye mu karuhuko ka saa sita. Uyu mugore […]Irambuye
Umunyemari Vénuste Rwabukamba uzwi cyane mu mujyi wa Rwamagana yitabye Imana iwe mu rugo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere. Mu masaha ya saa sita kuri uyu wa mbere nibwo aba bana be basanze umurambo we mu nzu, yitabye Imana. Umwe mu bana ba Vénuste Rwakabamba yabwiye Umuseke ko umubyeyi we yirashe agapfa. Uyu mwana […]Irambuye
Sugira Ernest rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi akomeje kwitwara neza muri AS Vita Club yo muri DR Congo. Amaze gutsinda ibitego bitatu mu mikino itatu, ariko umutoza we Florent Ibenge abona agifite ibyo gukosora. Kuri iki cyumweru tariki 9 Ukwakira 2016, hakinwaga umunsi wa gatatu wa shampiyona ya DR Congo, Lina Foot. AS Vita Club yatsinze […]Irambuye
Abaturage b’i Save mu karere ka Gisagara bavuga ko hari aho bamaze kugera mu kubaka ubumwe n’ubwiyunge nubwo aha i Save ngo ari iwabo wa Habyarimana Yozefu Gitera Joseph uzwi cyane mu gucengeza amacakubiri mu myaka ya 1950. Mu cyumweru cyashojwe ubushize cyahariwe ubumwe n’ubwiyunge abanye-Save bakoze ibikorwa byo kubakira abatishoboye no kwegeranya amafaranga yo […]Irambuye
Kigali … 03rd September 2016 …… UAP Rwanda joined the rest of the world to celebrate The International Customer Service Week in Kigali and upcountry. With the rest of the large Group UAP Rwanda will celebrate this year from 3rd to 7th October aiming at being a customer Centric Organization. The week in Kigali and upcountry […]Irambuye
Muri Washington University muri Leta ya Missouri Donald Trump na Hillary Clinton bahatanira kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika bongeye guhangana mu kiganiro mpaka, Trump yitwaye neza kurusha mbere, Clinton nawe akomeza kwihagararaho no kurusha ingingo uyu mugabo. Trump yaje muri iki kiganiro afite icyasha cyo guhohotera abagore mu mvugo yafashwe mu 2005 atabizi ikongera […]Irambuye
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu, abaturage bo mu mudugudu wa Gatare mu kagari ka Mukoto mu murenge wa Bushoki muri Rulindo bavuga ko batabaye umugore witwa Patricie Muhawenimana agiye gutemwa na musaza we maze bakaburizamo umugambi we, bikarangira uyu mugabo wari ugiye gutema mushiki we arashwe agapfa. Emmanuel Karinganire umwe mu baturage batabaye yabwiye […]Irambuye
Guverinoma ya Ethiopia yatangaje kuri iki cyumweru ko yinjiye mu bihe bidasanzwe bizamara amezi atandatu, ni nyuma y’ibikorwa byinshi by’urugomo n’imyigaragambyo mu gihugu byahitanye abantu bikangiza byinshi. Hailemariam Desalegn Minisitiri w’Intebe wa Ethtiopia yavuze ko binjiye mu bihe bidasanzwe nyuma yo kubiganiraho cyane n’Inama y’abaminisitiri kubera impfu nyinshi n’ibimaze kwangirika mu gihugu. Ethiopia imaze iminsi […]Irambuye
Jim Gavin wamenyekanye cyane mu gutoza umupira w’amaguru ubu akaba ari umupilote w’indege z’ubucuruzi niwe uzaza atwaye indege itwaye amatungo 5 300 afatanyije n’umuryango Bothar ukora ibikorwa byo gutera inkunga. Iyi ndege iza mu Rwanda kuri uyu wa mbere niyo ya mbere izaba itwaye amoko menshi y’amatungo ihagurutse muri Ireland, izaba ari nayo itwaye urunyurane […]Irambuye