Abatoza Mbusa Kombi Billy na Radjab Bizumuremyi bagiye gutoza ikipe yiyandikishije mu kiciro cya kabiri, FC Scandinavie y’i Rubavu. Bitunguranye ikipe nshya yo mu karere ka Rubavu, FC Scandinavie iyobowe n’umunye-Congo Kasongo Paruku Thierry yamaze kwiyandikisha mu kiciro cya kabiri. Iyi kipe ifite intego yo kongera kuzamura impano nyinshi zo muri Rubavu, yamaze gusinyisha abatoza […]Irambuye
Ahagana saa tanu z’ijoro kuri uyu wa gatatu mu murenge wa Rugerero mu kagari ka Muhira imodoka GR 952 ya gereza ya Rubavu yagonganye n’ikamyo plaque RAB 404 O abantu batatu bahasiga ubuzima barimo n’umuyobozi wungirije wa gereza ya Rubavu. Birakekwa ko iyi mpanuka yaba yatewe n’umuvuduko, abitabye Imana ni abari muri iyi modoka ya […]Irambuye
Muri Kaminuza yigenga ya Kigali, kuva kuwa gatanu tariki 30 Nzeri 2016 abarimu bose hamwe bashobora kuba barenga 30 bamenyeshejwe babaye bahagaritswe mu kazi kubera impamvu z’ubukungu nk’uko bamwe mu bahagaritswe babibwiye Umuseke. Umwe mu balimu bahagaritswe utifuje gutangazwa avuga ko hahagaritswe abarimu bashobora kuba barenga 30, ngo nta kindi kibazo gihari uretse ubukungu butifashe […]Irambuye
Ubu igituntu ni indwara y’ubuhumekero iri guhitana benshi cyane nk’uko bitanganzwa n’umuryango ushinjwe ubuzima ku isi (OMS). OMS itangaza ko hagati ya miliyoni 1.1 na 1.2 bishwe n’Igituntu 2014, kandi iyi ndwara biragoye cyane kuyivura bitewe ni uko abantu bitisuzumisha ku gihe ndetse ntibanywe imiti nk’uko bategetswe na muganga. Urwaye igituntu agira imbeho bikabije, agakorora, […]Irambuye
Senateri Jean de Dieu Mucyo yitabye Imana muri iki gitondo ajya mu kazi ke ku ngoro y’Inteko Ishinga amategeko. Amakuru y’urupfu rwe rutunguranye aremezwa na bamwe mu bari mu Nteko muri iki gitondo ndetse na bamwe mu bo bakoranaga. Aya makuru kandi yaje kwemezwa na Perezida w’Inteko umutwe wa Sena Hon Bernard Makuza. Umunyamakuru w’Umuseke uri […]Irambuye
Kuri iki cyumweru ubwo yari iwe Rigobert Song yagize ikibazo cyo gucika k’udutsi mu mutwe (stroke) ubu uyu mugabo wamamaye cyane mu mupira arembeye bikomeye mu bitari by’i Yaounde. Rigobert Song wakiniye amakipe nka Liverpool, West Ham United ndetse n’ayo mu Bufaransa no muri Turkiya, ubu amerewe nabi cyane kuko ku cymweru ubwo yari mu […]Irambuye
Mu gicuku cyo kuri uyu wa mbere mu mujyi wa Paris abajura babiri bambaye imyenda ya Police bafatiye imbuda kuri Kim Kardashian bamwambura imirimbo y’agaciro kabarirwa muri za miliyoni z’amadorari. Uyu mugore ari mu Bufaransa mu byitwa Paris Fashion Week, ngo yahungabanye cyane ariko ntabwo aba bajura bamugiriye nabi ku mubiri nk’uko byatangajwe n’umuvugizi we. […]Irambuye
Emile Munyaneza azwi cyane muri centre ya Gitwe mu myaka ya 2008 aho yacuruzaga Me2U ku muhanda, yiyimye byinshi arigomwa yizigamira amafaranga agera kuri miliyoni ebyiri n’igice (2 500 000Rwf) maze ajya kwiga mu Buhinde, avuyeyo yaganiriye n’Umuseke, uyu musore waje kubona akazi, kuri iki cyumweru yakoze ubukwe i Gitwe bwarimo utuntu dutangaje yitekerereje. Abantu […]Irambuye
I Juba, Ambasaderi Frank Mugambage yashyikirije Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo impuro zo guhagararira u Rwanda muri Sudan y’Epfo. Sudan y’Epfo ni igihugu ubu kiri mu bigize umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, ni igihugu kigaragaza ubushake mu gukorana n’ibindi nubwo muri iyi minsi cyaranzwe n’amakimbirane ashingiye ku kurwanira ubuyobozi. Sudan y’Epfo ni igihugu gikungahaye cyane […]Irambuye
Kuko nari nahumirije cyane, numvaga ahari atarijye uri gusoma message nabonaga kuri screen ya Telephone !! Ubwo nananiwe gusinzira nkomeza gutecyereza niba ibyo nsomye arijye byagenewe cyangwa message iyobye!! ariko agatima kakagarurwa nuko nabonagaho izina eddy !! Ubwo nakomeje gutecyereza gusubiza ari nako nibutse amagambo Fille wa James yambwiye numva nkomeje gutecyereza byinshi cyane , […]Irambuye