Rajab Bizumuremyi na Mbusa Kombi Billy bagiye gutoza FC Scandinavie

Abatoza Mbusa Kombi Billy na Radjab Bizumuremyi bagiye gutoza ikipe yiyandikishije mu kiciro cya kabiri, FC Scandinavie y’i Rubavu. Bitunguranye ikipe nshya yo mu karere ka Rubavu, FC Scandinavie iyobowe n’umunye-Congo Kasongo Paruku Thierry yamaze kwiyandikisha mu kiciro cya kabiri. Iyi kipe ifite intego yo kongera kuzamura impano nyinshi zo muri Rubavu, yamaze gusinyisha abatoza […]Irambuye

ULK yahagaritse abarimu benshi, amashami amwe arafungwa

Muri Kaminuza yigenga ya Kigali, kuva kuwa gatanu tariki 30 Nzeri 2016 abarimu bose hamwe bashobora kuba barenga 30 bamenyeshejwe babaye bahagaritswe mu kazi kubera impamvu z’ubukungu nk’uko bamwe mu bahagaritswe babibwiye Umuseke. Umwe mu balimu bahagaritswe utifuje gutangazwa avuga ko hahagaritswe abarimu bashobora kuba barenga 30, ngo nta kindi kibazo gihari uretse ubukungu butifashe […]Irambuye

Igituntu ngo kiri kwica abantu benshi kubera kutivuza – OMS

Ubu igituntu ni indwara y’ubuhumekero iri guhitana benshi cyane nk’uko bitanganzwa n’umuryango ushinjwe ubuzima ku isi (OMS). OMS itangaza ko hagati ya miliyoni 1.1 na 1.2 bishwe n’Igituntu 2014, kandi iyi ndwara  biragoye cyane kuyivura bitewe ni uko abantu bitisuzumisha ku gihe ndetse ntibanywe imiti nk’uko bategetswe na muganga. Urwaye igituntu agira imbeho bikabije, agakorora, […]Irambuye

Hon J.de Dieu Mucyo yitabye Imana….. Ejo yari mu nama

Senateri Jean de Dieu Mucyo yitabye Imana muri iki gitondo ajya mu kazi ke ku ngoro y’Inteko Ishinga amategeko. Amakuru y’urupfu rwe rutunguranye aremezwa na bamwe mu bari mu Nteko muri iki gitondo ndetse na bamwe mu bo bakoranaga. Aya makuru kandi yaje kwemezwa na Perezida w’Inteko umutwe wa Sena Hon Bernard Makuza. Umunyamakuru w’Umuseke uri […]Irambuye

Rigobert Song ubuzima bwe buri ‘hagati y’urupfu n’umupfumu’

Kuri iki cyumweru ubwo yari iwe Rigobert Song yagize ikibazo cyo gucika k’udutsi mu mutwe (stroke) ubu uyu mugabo wamamaye cyane mu mupira arembeye bikomeye mu bitari by’i Yaounde. Rigobert Song wakiniye amakipe nka Liverpool, West Ham United ndetse n’ayo mu Bufaransa no muri Turkiya, ubu amerewe nabi cyane kuko ku cymweru ubwo yari mu […]Irambuye

Amb. Mugambage ubu ni nawe Ambasaderi w’u Rwanda muri S.Sudan

I Juba, Ambasaderi Frank Mugambage yashyikirije Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo impuro zo guhagararira u Rwanda muri Sudan y’Epfo. Sudan y’Epfo ni igihugu ubu kiri mu bigize umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, ni igihugu kigaragaza ubushake mu gukorana n’ibindi nubwo muri iyi minsi cyaranzwe n’amakimbirane ashingiye ku kurwanira ubuyobozi. Sudan y’Epfo ni igihugu gikungahaye cyane […]Irambuye

Episode ya 15: Eddy agiye gutegura Anniversaire ya Fille….

Kuko nari nahumirije cyane, numvaga ahari atarijye uri gusoma message nabonaga kuri screen ya Telephone !! Ubwo nananiwe gusinzira nkomeza gutecyereza niba ibyo nsomye arijye byagenewe cyangwa message iyobye!! ariko agatima kakagarurwa nuko nabonagaho izina eddy !! Ubwo nakomeje gutecyereza gusubiza ari nako nibutse amagambo Fille wa James yambwiye numva nkomeje gutecyereza byinshi cyane , […]Irambuye

en_USEnglish