Mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Nduba mu kagari ka Gasura umugabo w’imyaka 26 yishe umugore we mu ijoro ryo kuri iki cyumweru amutemaguye akoresheje umupanga. Iyi ni indi nkuru ibabaje y’ubwicanyi mu bashakanye buba hato na hato, kugeza ubu haracyekwa ko uyu mugore yishwe kubera amakimbirane asanzwe hagati ye n’umugabo we. Uyu mugabo uregwa […]Irambuye
Hasigaye iminsi 19 ngo mu Rwanda hatangire isiganwa ry’amagare, Tour du Rwanda 2016. Mu myiteguro yayo, hari amakipe yari yemerewe kuyitabira yatangaje ko atazaboneka. Ayo makipe yamaze gusimbuzwa ikipe z’ibihugu bya Cameroun na Kenya. Tariki 30 Kanama 2016 nibwo ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ryatangaje amakipe 16 yatoranyijwe muri 30 yari yasabye kwitabira Tour du Rwanda […]Irambuye
Mu gitondo kuri uyu wa mbere Perezida Kagame yageze i Maputo muri Mozambique, ku kibuga cy’indege yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Oldemiro Julio Marques Baloi. Ni mu ruzinduko rw’iminsi ibiri muri iki gihugu, biteganyijwe ko uyu munsi Perezida Kagame agirana ibiganiro na Perezida Filipe Nyusi Jacinto uyobora Mozambique kuva muri Mutarama 2015. Ibiganiro byabo biribanda […]Irambuye
Nyamirambo – Ku munsi wa gatatu wa Shampionat y’umupira w’amaguru mu Rwanda kuri iki cyumweru APR FC yari yakiriye Gicumbi FC, APR yahabwaga amahirwe imbere y’abafana bayo i Kigali ariko Gicumbi yihagazeho binganya 1 -1. APR FC yarushije Gicumbi guhererekanya neza, gusa Gicumbi yihagararaho neza mu kugarira ndetse igice cya mbere kirangira ari 0 – […]Irambuye
Reuben Nsemoh wo muri Leta ya Georgia muri USA yarokotse igikomere cyo mu mutwe yagiriye mu kibuga kuko yari yagiye myuri Coma, gusa uyu musore w’imyaka 16 ubwo yagarukaga yaje avuga ururimo rw’icy’Espagnol gusa atabasha kuvuga icyongereza ururimi kavukire rwe. Uyu mwana w’umusore ni umunyezamu mu mupira w’amaguru mu ishuri ryitwa Brookwood High School ubwo […]Irambuye
Mu gihe habura iminsi 19 ngo Tour du Rwanda itangire, abazahagararira u Rwanda bakomeje gusiganwa bitegura. Muri Nyungwe Challenge Areruya Joseph yaje imbere, yiyongerera ikizere cyo kwegukana Tour du Rwanda. Kuri iki cyumweru tariki 24 Ukwakira 2016, i Kamembe mu karere ka Rusizi hatangiriye isiganwa rihuza abanyarwanda basiganwa ku magare, bitegura Tour du Rwanda, isiganwa […]Irambuye
Mu gihe hasigaye iminsi 20 gusa ngo Tour du Rwanda itangire, habaye isiganwa riyitegura kandi rifasha abatoza gutoranya abakinnyi ntakuka bazayikina. Isiganwa Karongi – Rusizi ryegukanywe na Nsengimana Jean Bosco. Kuwa gatandatu tariki 22 Ukwakira 2016, abatuye intara y’uburengerazuba babonye ibirori by’umukino w’amagare. Habaye isiganwa rihuza abakinnyi bitegura Tour du Rwanda, izatagira tariki 13 Ugushyingo, […]Irambuye
Umusore witwa Ntakirutimana w’ikigero kimyaka 19 y’amavuko uvuka mu murenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke yafatiwe mu karere ka Rusizi agerageza gucika nyuma yo kwica umubyeyi we umubyara amukubise itiyo (tuyau) y’amazi mu mutwe. Uyu musore asanzwe akora mu kigo cy’ubwubatsi arashinjwa kwica se Jacques Nsengiyumva w’imyaka 51 akemera ko yamujije ko yari amaze […]Irambuye
Kamonyi – Ahagana saa mbili z’ijoro kuri uyu wa gatatu ku muhanda wa Kigali – Muhanga ugeze mu murenge wa Musambira imodoka y’ikamyo yambaye plaque yo muri Uganda birakekwa ko yacitse feri ikagonga imodoka ya Toyota Coaster ya Horizon Express yari itwaye abagenzi abantu 11 bahasize ubuzima ako kanya. Umwe mu baturage batabaye yabwiye Umuseke […]Irambuye
Inteko rusange imitwe yombi iteranye kuri uyu wa gatatu mu gitondo imaze gutorera Mme Oda Gasinzigwa gusimbura Hon Christopher Bazivamo mu Nteko y’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EALA). Mme Gasinzigwa yatsinze undi mukandida witwa Callixte Kanamugire ukora mu bunyamabanga bwa FPR-Inkotanyi. Hon Christopher Bazivamo wari umudepite mu Nteko ya EALA aherutse kugirwa umwe mu bungirije umunyamabanga […]Irambuye