*Maj Dr Rugomwa ashinjwa kwica umwana abanje kumukubita bikomeye *Umuvandimwe we, Nsanzimfura Mamerito ngo ararwaye, ntiyitabye Nyamirambo – Maj Dr Aimable Rugomwa uregwa kwica umwana w’umuhungu wo mu baturanyi be mu murenge wa Kanombe amukubise, kuri uyu wa 09 Ugushyingo yagombaga kuburana mu mizi kuri iki cyaha mu rukiko rwa gisirikare, ariko yabwiye Urukiko ko atiteguye […]Irambuye
Donald Trump niwe torewe kuba Perezida wa 45 wa USA. Nyuma yo gutsindwa Hillary Clinton yahise ahamagara uwo bari bahanganye ashima ko amutsinze. Ni nyuma yo gutsinda mu buryo bwasaga n’ubutunguranye mukeba we Hillary Clinton wahabwaga amahirwe mbere. Trump yagejeje ku majwi 279 (mu gihe itsinzi isaba 270) y’abatora muri za Leta. Yatsinze muri Leta zigira […]Irambuye
Djalia-“ oya oya Sabi,widuhabura ariko!! Ninde wakubwiye ko turwara imitima? Sabine-“ niwe sha Mana weee! James-“ uuuuh, inde se? Sabine-“ Master!!! Soso-“uuuuh, none se ko mwihisha nyine kandi yatubonye!! Sabine-“Umva Soso nawe ra,ubuse dukore iki koko mana yajye!!? Soso-“ nyine naze atwirukane ntakundi byagenda!! Njyewe-“none se ubundi ubwo niwe mubonye, cyangwa Sabine abonye usa nawe!!?? […]Irambuye
Gutora umukinnyi w’ukwezi k’Ukwakira muri shampionat y’umupira w’amaguru mu Rwanda byararangiye. Nyuma y’iminsi umunani (8) y’amatora, uwatsinze agiye gutangazwa. Tariki 14 Ukwakira 2016, nibwo Umuseke IT Ltd yatangaje ko igiye kujya ishima umukinnyi witwaye neza kurusha abandi mu kwezi muri shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, AZAM Rwanda Premier League. Iyi gahunda yatangiranye n’uyu mwaka w’imikino […]Irambuye
Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 agiye gutangira irushanwa rihuza ibihugu by’inshuti za Maroc. Mbere yo kuritangira, basuwe na myugariro Emery Bayisenge uba muri icyo gihugu. Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 6 Ugushyingo 2016, nibwo abasore 20 b’ikipe y’igihugu Amavubi y’abatengeje imyaka 20 bagiye muri Maroc baciye i Dubai. Bagiye mu irushanwa rihuza ibihugu by’inshuti […]Irambuye
Aherekejwe na Mme Jeannette Kagame wamwakiriye ejo mu ruzinduko rw’akazi yajemo mu Rwanda, Claudine Talon umugore Perezida Patrice Talon wa Benin, kuri iki gicamunsi yasuye ikigo Isange One Stop Center gikorera ku Kakiru kita cyane ku bakorewe ihohorerwa rishingiye ku gitsina. Commissioner of Police Dr Daniel Nyamwasa watangiranye na Isange One Stop Center wakiriye aba bashyitsi […]Irambuye
Mu gitondo kuri uyu wa kabiri, mu kagari ka Nyange mu murenge wa Bugarama bahasanze umugore usanzwe ugira uburwayi bwo mu mutwe ukomoka mu murenge wa Gashonga yajombaguwe ibyuma mu buryo bukomeye mu gitsina, mu kibuno no mu jisho. Uyu mugore ubu ngo ararembye bikomeye kuko ibyo byuma byageze no kuri nyababyeyi. Bamwe mu batuye […]Irambuye
Tour du Rwanda 2016 irabura iminsi itanu ngo itangire. Amwe mu makipe 17 azayitabira yatangiye kugera mu Rwanda. Iya mbere yahageze ni Lowest Rates Cycling Team yo muri Canada. Izindi zirahagera kuri uyu wa kane. Ku cyumweru tariki 13 Ugushyingo 2016 nibwo isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda ku magare rizatangizwa ku mugaragaro. Iri siganwa rigiye kuba […]Irambuye
Karongi – Abarimu bigisha mu mashuri yisumbuye nabo bakenera gukarishya ubumenyi, abo mu mashuri ya TTC Rubengera na Mururu bavuga ko bungukiye byinshi mu rugendoshuri baherutse kugirira mu ruganda rwa CIMERWA mu Bugarama. Aba barimu b’ibigo byombi bagiyeyo mu rwego rwo kwiyungura ubumenyi baha abo bigisha. Ubusanzwe ngo bigisha ‘formule’ yo gukora ciment ariko benshi […]Irambuye
Djalia-“nizereko ari karibu!! Njyewe-“kabisa ubu niteka ryose amen!! Djalia-“ hhhhhh,umva yewe!,chérie haguruka umpobere se nyine!! James-“ Ubu ndimo nibaza aho mpera ngo ngushyire ibicu!! Djalia-“ oya weeee!!nahita niruka ,ndabitinya mbabarira!! Soso-“ Eddy rata ngwino nkwihoberere ureke aba ngo banze ko babaterura!! Njyewe-“ hhhhh!yambiiiii !! Djalia-“ noneho nanjye ndemeye!,Chérie ngwino ungwemo wenda unterure ndumva kandiye!! Ubwo James yahise […]Irambuye