Ubwo baba bari mu matora muri USA, N.Korea irarasa cya

Kuri uyu wa kabiri ubwo muri Amerika bazaba baramukiye mu matora, Korea ya Ruguru yo ngo izahita igerageza missile yayo y’ubumara. Mu buryo bwo gukangaranya Amerika n’umuyobozi mushya uzatorwa nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru Yonhap muri Korea y’epfo. Ingabo za Amerika n’iza Korea y’Epfo ziryamiye amajanja mu mwigimbakirwa wa Korea biteguye cyane kubera amakuru y’uko Korea ya […]Irambuye

Umukinnyi yakubise umutwe umusifuzi arapfa

Muri Mexique mu gace kitwa Hidalgo mu bakina batabigze umwuga, umukinnyi ubu ari guhigwa bukware nyuma yo gukubita umutwe umusifuzi agahita apfira aho mu kibuga. Uyu mukinnyi ngo yahise abura, police yahoo iri kumushakisha uruhindu ngo aryozwe iby’uyu mujinya we. Uyu musifuzi ku cyumweru mu gitondo ngo yariho asifurira amakipe abiri y’abatarabigize umwuga maze aha […]Irambuye

Mu 2015 u Burundi ngo bwacuruje toni 3 za zahabu

Mu gihe igihugu cyari mu mpagarara mu 2015, mu Burundi nibwo havuye zahabu nyinshi yagiye gucururizwa i Dubai. Leta yo yameza ko icyo gihe yacuruje ibiro 411 bya zahabu ariko abakoze igenzura bakavuga ko ari toni eshatu zirenga. Nyinshi ngo ni zahabu iva muri Congo bagura n’inyeshyamba nka FDLR n’ingabo za Congo ubwazo nk’uko bivugwa na […]Irambuye

Umwana wo mu muhanda yavamo umukinnyi ukomeye- Danny Usengimana

Rutahizamu wa Police FC n’Amavubi, Danny Usengimana wari umunshyitsi mu gusoza amarushanwa y’abana yateguwe n’umuryango ‘Shelter Them Rwanda’, yemeza ko abana bari mu mihanda bataruwe bashobora kuvamo impano zidandukanye zirimo n’iz’umupira w’amaguru. Kuri iki cyumweru tariki 6 Ugushyingo 2016, ku kibuga cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, hasojwe irushanwa ryahuje amakipe umunani (8) y’abana batarengeje […]Irambuye

Umubare mu nini muri US ni abapfa kururusha abavuka

Muri raporo yakozwe n’ibiro by’ubushakashatsi ku mibereho yagaragajeko hagati ya 2010 na 2015 uduce 1 653 twatakaje kimwe cya kabiri cy’abagituye mu gihe kimwe ariko muri rusange abaturage biyongera ku kigero cya 4% muri USA. Delaware and Hawaii nitwo duce twonyine tutatakaje abaturage benshi. Uko iyi rapporo ibisobanura ngo iyo iki gihugu kitaza kuba gituwe […]Irambuye

Kuki umuntu anyereza ibya Leta bigahera tukabyakira kandi hari ubutabera?

Abakoze ayo makosa ngo baranegwa, bagahindurirwa imirimo bikarangira. Ahashyirwa amafaranga menshi niho hagaragara inyereza n’imicungire mibi. Imishinga ifite agaciro ka miliyari 120 yadindiye PAC yasabye ubugenzacyaha Raporo ya Komisiyo y’abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo w’igihugu PAC kw’isesengura yakoreye raporo y’umugenzunzi mukuru w’imari ya leta  y’umwaka wa 2014/2015 yagaragaje ko hakiri icyuho mu micungire y’umutungo […]Irambuye

FBI yahagaritse gukurikirana Clinton, amasaha macye mbere y’amatora

Mu itangazo rifatwa nk’irije ku munota wa nyuma, umuyobozi w’ibiro bishinzwe iperereza muri USA (FBI) James Comey ryavuze kuri iki cyumweru ko babona bidakwiye gukurikirana umukandida w’Abademocrates Hillary Clinton kubera e mails bari baherutse kubona bakekamo ibyaha. Mu ibaruwa yandikiwe abanyamategeko, James Comey yavuze ko FBI isubiye mwanzuro yari yarabonye mu kwa karindwi gushize wemeza ko […]Irambuye

EPISODE 32: Eddy abwiye Soso ko nubwo amukunda afite isezerano

Episode ya 32: …………Njyewe-“ Bb, ntiwakumva uburyo nkubona ubivuga udategwa kandi undebana amaso ahamya ukuri,Bb, ndumvamo urukundo!! Soso-“Eddy ntago wibeshye!,ndi kugukunda sha!! Njyewe-“ Soso,ntagishimisha nko gukundwa kuri bamwe, ku bandi ho hari abashimishwa nicyo urukundo rutanga!,Soso,buri muntu wese ugize amahirwe yo gukundwa ntakuntu atanezerwa!, en plus umukobwa uri classic nkawe   birarenze! simbyiyumvisha neza, Gusa njye […]Irambuye

Fatanya n’Umuseke gutora Umukinnyi w’ukwezi

Nyuma y’iminsi itatu ya shampiyona y’u Rwanda, AZAM Rwanda Premier League, abanyamakuru b’Umuseke, bafashijwe n’abandi banyamakuru bakurikirana imikino ya shampiyona, batoranyije abakinnyi bane bitwaye neza mu Ukwakira: *Orotomal Alex (Sunrise FC) Alex ubu ni rutahizamu wa Sunrise FC ya mbere ku rutonde rwa shampiyona n’amanota 9/9, muri uku kwezi yatsinze imikino itatu (AS Kigali, Kirehe na […]Irambuye

en_USEnglish