Dimension Data yageze mu Rwanda, yizeye ko Valens azatwara Td

Tour du Rwanda irabura umunsi umwe n’amasaha make igatangira. Amakipe 12 azava hanze akomeje kugera mu Rwanda. Team Dimension Data iyobowe na Kevin Campbell, wizeye ko Valens Ndayisenga, ubu ubakinira, azegukana Tour du Rwanda. Kuri uyu wa gatanu tariki 11 Ugushyingo 2016, saa 11:50 nibwo ikipe yabigize umwuga y’abanya-Afurika y’epfo yitoreza mu Butaliyani, Team Dimension […]Irambuye

Zuckerberg arahakana ko Facebook yafashije Trump gutsinda

Mark Zuckerberg ntabwo amerewe neza n’abanenga uburyo Facebook yakwirakwijweho amakuru y’impuha bigafasha Trump gutsinda. Zuckerberg ariko yagerageje guhagarara ku rubuga rwe. Avugira muri Leta ya California, Zuckerberg yavuze ko Facebook atariyo yabiryozwa. Ati “Abavuga ko amakuru y’impuha kuri Facebook hari icyo yahinduye mu matora ni igitekerezo kitari cyo. Hari ibimenyetso byagaragaje ko inkuru zitari zo […]Irambuye

Umutaliyani Vincenzo Alberto ashobora guhabwa akazi agatoza APR FC

APR FC igeze ku munsi wa kane wa shampiyona idafite umutoza mukuru. Vincenzo Alberto Annese ukomoka mu Butaliyani yatangiye ibiganiro n’abayobozi bayo, kandi ngo afite ikizere ko azahabwa akazi. Tariki 7 Nzeri 2016 APR FC yatangaje ko yatandukanye na Kanyankore Gilbert Yaounde wari umaze ukwezi kumwe gusa ayitoza. Kuva ubwo nta mutoza mukuru iyi kipe […]Irambuye

Episode 36: Eddy na Soso, James na Djalia basezeranyeho mu

Twagezeyo turicara hashize akanya tubona Patty na Jules badusanze aho twitaga home n’ibintu byabo byose!! Patty-“ Brothers , duciyeho rero ibisigaye ni kuri phone!! Njyewe-“eeeh Bro ,ko mwihuse se, ukwezi k’ubukode kwari kurangiye!!? Jules-“hhhhhh,wapi Bro, ubu nyine igikurikiyeho ni ukujya milieu tukayimerera nabi!! James-“ Brothers  ubwo nta kundi tuzongera abadapfuye ntibabura kubonana!   Twabagejeje ku […]Irambuye

Obama yatumiye Trump muri White House baraganira

Perezida Obama wa USA yatumiye Perezida watowe Donald Trump muri White House baraganira, ndetse Mme Melania Trump na Michelle Obama nabo babonaye. Nibwo bwa mbere Melania Trump yari ageze muri White House nubwo umugabo we we ahazi kuko yahinjiye mu 1987. Obama yavuze ko ikiganiro cye na Trump cyari kiza. Umuvugizi wa White House yavuze […]Irambuye

Senyange Yvan na Onesme bashobora kujya kuvurirwa muri Maroc

Ubufatanye bw’u Rwanda na Maroc mu mupira w’amaguru buteganya ko abakinnyi b’abanyarwanda bavunika bashobora kuvurirwa muri icyo gihugu. Senyange Yvan na Onesme bashobora gukurikira Itangishaka Blaise wageze yo kuvurwa. Ku cyumweru tariki 6 Ugushyingo 2016, nibwo umukinnyi wo hagati wa APR FC, Blaise Itangishaka yagiye kuvurirwa muri Maroc, nyuma yo kuvunika ivi mu mukino APR […]Irambuye

UMUKINNYI W’UKWEZI watowe yahembwe. Ni Nahimana Shasir wa Rayon Sports

Nahimana Shasir ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports niwe abakunzi b’umupira w’amaguru n’abatekinisiye batoye nk’umukinnyi wigaragaje kurusha abandi mu kwezi kw’Ukwakira muri Shampionat y’umupira w’amaguru mu Rwanda iterwa inkunga na AZAM. Yatangajwe anahabwa igihembo n’Umuseke IT Ltd kuri uyu wa kane. Ni umushinga w’UM– USEKE IT Ltd ugamije guteza imbere impano z’abakinnyi no kurushaho […]Irambuye

Episode 35: Eddy ashoje ubuzima bw’ishuri, aribaza ubuzima buri imbere…

Njyewe-“ ooooh Bb ,urakoze  kuri byose, uri umwihariko kuri njyewe kuko uzi byinshi byanjye! , nanjye nzakubahisha uko mbishoboye sibyo!   Soso yikirije azunguza umutwe turahaguruka afata Bag ashyiramo ya myenda yanjye mba ndamubajije!   Njyewe-“ uuuuuh ,wisubiyeho se ntago nzajyana nawe ?? Soso-“oya Sha Eddy,rata ngiye kuyitunganya hamwe niyanjye ndayikuzanira mu gitondo!! Njyewe-“ wooooow,Soso […]Irambuye

Isi iri kuvuga iki? Kagame “Tuzabana neza n’Ubuyobozi bushya”. Putin

*Minisitiri w’ingabo w’Ubudage ati “uru ni urucantege” *Minisitiri w’Ubutabera mu Budage ati “Isi ntirangiye ariko ibintu bizaba bisekeje” *Nkurunziza w’u Burundi ati “Intsinzi yawe ni intsinzi y’abanyamerika bose” * Museveni wa Uganda ati “Tuzakorana nk’uko nakoranye n’abamubanjirije” *Perezida Kagame yashimye gutsinda kwa Trump, n’uko USA izakomeza kubana neza n’u Rwanda Mu isi yose ikigezweho kurusha […]Irambuye

RALC iri gukora ubushakashatsi ku bukwe

Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco (RALC) irasaba Abanyarwanda kugira uruhare mu bushakashatsi iri gukora bayiha amakuru nyayo arebana n’ubushakashatsi iri gukora ku bukwe mbonera mu Rwanda. Ubu bushakashatsi buzakorerwa hirya no hino mu Gihugu. Hakazabazwa ibyiciro bitandukanye by’Abanyarwanda (urubyiruko, abakuze, abagabo n’abagore, abize n’abatarize, abanyamadini, abatuye mu migi ndetse n’ababa mu byaro…) uko bumva ubukwe. Umuyobozi […]Irambuye

en_USEnglish