Ikoraniro ry’abantu benshi rya 7 mu mateka y’isi ryabaye i

Mu mateka yanditse y’isi kuri uyu wa gatanu nibwo abantu benshi cyane bongeye guhurira ahantu hamwe ku kintu kimwe, ni mu mujyiwa Chicago muri USA aho abafana ba Baseball bishimiraga intsinzi yo kwegukana igikombe ku ikipe yahoo Chicago Cubs, nicyo cya mbere yegukanye mu myaka 108 ishize. Abafana ba Cubs bari uruvunganzoka, abana bateruwe ku […]Irambuye

Jay Z na Beyoncé bakoze Concert basaba abaje gutora Clinton

Mu gihe habura iminsi ine ngo amatora abe, mu mujyi wa Cleveland muri Leta ya Ohio Hilary Clinton yasabye ibihumbi birenga 10 byari bihakoraniye kumutora. Aba bari bitabiriye concert y’ubuntu ya Jay Z n’umugore we Beyoncé waje abatunguye. Muri iki gitaramo harimo n’abashyigikira Donald Trump bari baje kwirebera aba banyamuzika. Beyoncé waje abatunguye yagize ati […]Irambuye

Mme J.Kagame yashimiye Abarinzi b’igihango 17, barimo uwarinze umurambo wa

Kuri uyu munsi ubwo Unity Club Intwararumuri yari mu nteko yayo ya cyenda inizihiza imyaka 20 imaze, umuyobozi mukuru wayo Mme Jeannette Kagame yashimiye cyane anahemba Abarinzi b’igihango bijejwe gukomeza gufashwa kuba imbuto yo kwimakaza ubumuntu mu babyiruka. Muri aba bashimiwe harimo n’uwagize uruhare mu kurinda no gusigasira umurambo wa Mme Agathe Uwiringiyimana. Abashimiwe ni ; […]Irambuye

Umuseke Player of the Month: Gutora birakomeje, bizasoza ku cyumweru

Gutora umukinnyi w’ukwezi k’Ukwakira muri shampionat y’umupira w’amaguru mu Rwanda birakomeje. Bizarangira ku cyumweru maze Umuseke itangaze uyu mukinnyi anagenerwe igihembo. Gutora ni rimwe ku munsi, bizarangira ku cyumweru saa sita z’ijoro. Iki ni igitekerezo n’umushinga w’UM– USEKE IT Ltd, ugamije guteza imbere umupira w’amaguru muri rusange, kumenyakanisha umupira w’u Rwanda kurushoho no guteza imbere […]Irambuye

Gisagara: Umwana bafashaga yarapfuye biyemeza gukomereza ku muryango we

Hepfo mu cyaro mu kagari ka Nyamugari gahana imbibi n’u Burundi mu murenge wa Nyanza mu karere ka Gisagara, kuri uyu wa kane umuryango Shelter Them-BATARURE ufasha abatishoboye waje gusura umuryango wa Jean Claude Niyomugabo, umwana bavanye ku muhanda agasubira mu rugo agasubira mu ishuri. Babajwe cyane no gusanga hashize amezi atatu yitabye Imana, ariko […]Irambuye

Amaze imyaka 34 abana n’ingona mu nzu. Ngo ayoza amenyo

*Iyi ngona ngo ayoza amenyo buri munsi Abenshi borora imbwa n’injangwe n’utundi tunyamaswa tubana n’abantu, abadasanzwe borora inzoka, ingwe, intare n’ibindi, umugabo Nobumitsu Murabayashi wo mu Buyapani we ntasanzwe na busa kuko yoroye ingona (caiman). Iyi ayikubitaho ikiziriko akayitemberana mu mujyiwa wa Hiroshima aho atuye abaho bagatangara. Iyi ngona Murabayashi abana nayo mu rugo rwe […]Irambuye

Abayobozi ba Rayon sports ntibampaye agaciro – Tubane James

Myugariro Tubane James ari mu bafashije Rayon sports gutwara igikombe cy’Amahoro 2016 ntiyongerewe amasezerano bituma ajya muri AS Kigali. Avuga ko abayoboziba Rayon sports  bamwirengagije ntibamuha agaciro akwiye agahitamo kugenda. Rayon sports ni yo kipe yatsinzwe ibitego bike muri shampiyona y’umwaka ushize, 12. Umwe mubabigizemo uruhare ni Tubane James wari myugariro wabo. Uyu musore wari […]Irambuye

“Mutumiwe mu rugamba rwo gukomeza ibyiza byubaka u Rwanda” –

Kuri uyu wa gatanu mu gitondo, mu ijambo yagejeje ku banyamuryango ba Unity Club iri kwizihiza imyaka 20 mu Nteko Rusange yayo ya cyenda, Mme Jeannette Kagame yavuze ko hakiri ibyo gukora ngo u Rwanda rukomeze ibyiza byubaka igihugu, avuga ko ari urugamba rugomba gutozwa cyane ababyiruka. Unity Club ni umuryango w’abagore b’abayobozi n’abagore babaye […]Irambuye

Gisagara: Ibihugu 11 byaje kwiga akamaro k’uturima tw’igikoni

Intumwa zo mu bihugu 11 birimo bine byo muri Africa kuri uyu wa kane zasuye Akarere ka Gisagara mu murenge wa Mushubi ziga zinareba akamaro k’uturima tw’igikoni. Ubuyobozi bwakoresheje uyu mwanya mu kwibutsa abaturage ko nta rugo rukwiye kuba rudafite aka karima. Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu  karere ka Gisagara  Clemance Gasengayire […]Irambuye

RSSB, RRA, UR raporo y’umugenzuzi w’imari irabishinja imicungire mibi y’umutungo

Kuri uyu wa kane Inteko Ishingamategeko umutwe w’abadepite yashyikirijwe na Komisiyo y’imicungire y’umutungo wa Leta (PAC) raporo y’isesengura yakoze kuri raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta y’imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu mwaka wa 2014/ 2015. Iyi komisiyo yagaragaje muri raporo yayo ko ibigo bitandukanye binini RSSB, RRA, Kaminuza y’u Rwanda byagize imikorere itandukanye igira ingaruka […]Irambuye

en_USEnglish