Etape 4: Ruhumuriza arifuza kugera iwabo i Huye ari imbere

Tour du Rwanda irakomeje, Ruhumuriza Abraham ufte inararibonye arifuza kwitwara neza cyane muri etape ya kane isorezwa mu mujyi avukamo wa Huye. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki 17 Ugushyingo 2016, harakinwa agace ka kane k’isiganwa rizenguruka u Rwanda ku igare, Tour du Rwanda 2016, iri kuba ku nshuro ya munani (8) kuva […]Irambuye

Episode 42: Mignone asabye imbabazi Ben mu buryo bukomeye

Numvishe nishimye cyane ntangira kugendana ibi confidences, Ben we yari yasetse yagiye hasi turakomeza tugeze home dusanga igipangu cyose cyicaye hanze turabasuhuza ako kanya James ahita, ampamagara mfungura Ghetto yanjye  ndinjira nkanda yes nshyira ku gutwi! Njyewe-” Hello  Bro!” James-” poa Brother!uziko uyu umunsi ,bwari bwije tutavuganye!! Nari ngiye kuza kukureba mba nkubitanye na gahunda […]Irambuye

Young Grace ngo iyo ataba umuhanzi yari kuba Umukanishi

Young Grace akiri muto ngo yumvaga naba mukuru azibera umukanishi w’ibinyabiziga ibi ntibyashobotse ariko kuko ubu ari umuhanzi uri mu bazwi cyane mu gihugu ndetse ujya uvugwaho udushya twinshi. Young Grace uri mu bakobwa bakora HipHop bacye mu Rwanda akiri muto ngo yakundaga gucokoza cyane ibyuma akura yiyumvamo cyane ibintu by’ubukanishi. Yabwiye Umuseke ati “Iyo […]Irambuye

Jules Sentore yasohoye indirimbo ivuga imyato umukobwa we

Umuhanzi wese agira ikimujyana mu nganzo, Jules Sentore yasohoye indirimbo yise “MUMARANYOTA”  avuga urukundo akunda umukobwa we w’imfura. Uyu muhanzi ararimba ijyana za gakondo muri iki gihe igenda ikundwa kuko yumvikanisha umuco gakondo w’u Rwanda. Muri iyi ndirimbo ye nshya bamwe bibazaga ko aririmba umukobwa/umugore yakunze, ariko we avuga ko atari uko bimeze. We avuga […]Irambuye

Wa muraguzi w’umutwe wavuze mbere ko Trump azatsinda, ubu yavuze

Umwarimu w’amateka ubu muri US bita “Prediction Professor” kuko amaze kuvuga mbere abazatsinda amatora ya Perezida wa USA kuva mu 1984 atibeshya kugeza ubu, ubu yavuze ko Perezida watowe Donald Trump azavanwaho ikizere mu gihe ari ku buyobozi. Uyu muraguzi w’umutwe witwa Allan Lichtman yatangaje ko hari amahirwe menshi ko Donald Trump azakurikiranwa akavanwaho ikizere. […]Irambuye

Timothy Rugg yegukanye etape Karongi >>> Rusizi … AMAFOTO

Etape ya gatatu ya Tour du Rwanda imaze gutangira, abasiganwa bahagurutse i Karongi berekeza i Rusizi baciye mu muhanda mushya wa “Kivu Belt” uca ku nkengero z’ikiyaga. Ku ntera ya 115Km baragera i Rusizi, Valens Ndayisenga ari kurwana ku mwenda w’umuhondo yegukanye ejo. Muri iyi etape hari ahantu hatandatu hatangirwa amanota y’abitwaye neza mu kuzamuka […]Irambuye

Imwe mu ntare zazanywe mu Rwanda iherutse gupfa

Ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwemereye Umuseke ko imwe mu Ntare zirindwi zazanywe muri Pariki y’Akagera mu 2015 zivuye muri South Africa iherutse gupfa. Ubu buyobozi bwanadutangarije ariko ko hari utubwana tubiri duherutse kuvuka kuri izi ntare. Intare y’ingore iherutse gupfa yitwa GARUKA yari ifite imyaka itandatu yazanye n’izindi zose ari intare eshanu z’ingore n’ebyiri z’ingabo. […]Irambuye

Episode 41: Mignone agiye mu bitaro abura amaraso, Ben aramutabaye

Ubwo dutangira gufata uwo  mukobwa ari nako duhungiza kuko yari afite umwuka mucye ! tubonye byanze turaterura tujyana munzu! Dukomeza gukora ibishoboka byose ariko wapi biranga ! Boss-” none se ubu tubigize gute koko!?, mwebwe mubana ,yari asanzwe agira ikibazo nkiki koko?   Wa mwana w’umukobwa wamukoreraga yahise avuga We-” oya oya rwose mabuja ntabwo […]Irambuye

Kigali: Afungiye kuvuga ko Jenoside igarutse yahera ku muturanyi we

Mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyrugenge, Alphonse Gahima Gakuru yatonganye n’umuturanyi we Chantal Iragena mukwa gatatu uyu mwaka ubwo ihene za Chantal zari zonnye umurima wa Gahima maze uyu abwira Chantal amagambo akomeye ubu amugejeje mu nkiko. Gahima yahamwe n’ibyaha byo gukubita Chantal no kumubwira ko “Jenoside yongeye nanone ari we yaheraho” Iragena Chantal […]Irambuye

Umwami wa Maroc yakiriye Perezida Kagame mu nama ya COP22

Umwami Mohammed VI wa Maroc kuri uyu wa kabiri yakiriye Perezida Kagame n’abandi bayobozi mu gutangiza inama mpuzamahanga ya 22 itegurwa n’Umuryango w’Abibumbye ku kubungabunga ikirere iri kubera i Marrakech. Perezida Kagame yaraye ageze muri Maroc mu ijoro rya keye aherekejwe na Mme Jeannette Kagame. Muri iyi nama hateganyijwe ibiganiro binyuranye bivugwa ku cyakorwa ngo […]Irambuye

en_USEnglish