Tour du Rwanda irakomeje, Ruhumuriza Abraham ufte inararibonye arifuza kwitwara neza cyane muri etape ya kane isorezwa mu mujyi avukamo wa Huye. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki 17 Ugushyingo 2016, harakinwa agace ka kane k’isiganwa rizenguruka u Rwanda ku igare, Tour du Rwanda 2016, iri kuba ku nshuro ya munani (8) kuva […]Irambuye
Numvishe nishimye cyane ntangira kugendana ibi confidences, Ben we yari yasetse yagiye hasi turakomeza tugeze home dusanga igipangu cyose cyicaye hanze turabasuhuza ako kanya James ahita, ampamagara mfungura Ghetto yanjye ndinjira nkanda yes nshyira ku gutwi! Njyewe-” Hello Bro!” James-” poa Brother!uziko uyu umunsi ,bwari bwije tutavuganye!! Nari ngiye kuza kukureba mba nkubitanye na gahunda […]Irambuye
Young Grace akiri muto ngo yumvaga naba mukuru azibera umukanishi w’ibinyabiziga ibi ntibyashobotse ariko kuko ubu ari umuhanzi uri mu bazwi cyane mu gihugu ndetse ujya uvugwaho udushya twinshi. Young Grace uri mu bakobwa bakora HipHop bacye mu Rwanda akiri muto ngo yakundaga gucokoza cyane ibyuma akura yiyumvamo cyane ibintu by’ubukanishi. Yabwiye Umuseke ati “Iyo […]Irambuye
Umuhanzi wese agira ikimujyana mu nganzo, Jules Sentore yasohoye indirimbo yise “MUMARANYOTA” avuga urukundo akunda umukobwa we w’imfura. Uyu muhanzi ararimba ijyana za gakondo muri iki gihe igenda ikundwa kuko yumvikanisha umuco gakondo w’u Rwanda. Muri iyi ndirimbo ye nshya bamwe bibazaga ko aririmba umukobwa/umugore yakunze, ariko we avuga ko atari uko bimeze. We avuga […]Irambuye
Umwarimu w’amateka ubu muri US bita “Prediction Professor” kuko amaze kuvuga mbere abazatsinda amatora ya Perezida wa USA kuva mu 1984 atibeshya kugeza ubu, ubu yavuze ko Perezida watowe Donald Trump azavanwaho ikizere mu gihe ari ku buyobozi. Uyu muraguzi w’umutwe witwa Allan Lichtman yatangaje ko hari amahirwe menshi ko Donald Trump azakurikiranwa akavanwaho ikizere. […]Irambuye
Etape ya gatatu ya Tour du Rwanda imaze gutangira, abasiganwa bahagurutse i Karongi berekeza i Rusizi baciye mu muhanda mushya wa “Kivu Belt” uca ku nkengero z’ikiyaga. Ku ntera ya 115Km baragera i Rusizi, Valens Ndayisenga ari kurwana ku mwenda w’umuhondo yegukanye ejo. Muri iyi etape hari ahantu hatandatu hatangirwa amanota y’abitwaye neza mu kuzamuka […]Irambuye
Ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwemereye Umuseke ko imwe mu Ntare zirindwi zazanywe muri Pariki y’Akagera mu 2015 zivuye muri South Africa iherutse gupfa. Ubu buyobozi bwanadutangarije ariko ko hari utubwana tubiri duherutse kuvuka kuri izi ntare. Intare y’ingore iherutse gupfa yitwa GARUKA yari ifite imyaka itandatu yazanye n’izindi zose ari intare eshanu z’ingore n’ebyiri z’ingabo. […]Irambuye
Ubwo dutangira gufata uwo mukobwa ari nako duhungiza kuko yari afite umwuka mucye ! tubonye byanze turaterura tujyana munzu! Dukomeza gukora ibishoboka byose ariko wapi biranga ! Boss-” none se ubu tubigize gute koko!?, mwebwe mubana ,yari asanzwe agira ikibazo nkiki koko? Wa mwana w’umukobwa wamukoreraga yahise avuga We-” oya oya rwose mabuja ntabwo […]Irambuye
Mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyrugenge, Alphonse Gahima Gakuru yatonganye n’umuturanyi we Chantal Iragena mukwa gatatu uyu mwaka ubwo ihene za Chantal zari zonnye umurima wa Gahima maze uyu abwira Chantal amagambo akomeye ubu amugejeje mu nkiko. Gahima yahamwe n’ibyaha byo gukubita Chantal no kumubwira ko “Jenoside yongeye nanone ari we yaheraho” Iragena Chantal […]Irambuye
Umwami Mohammed VI wa Maroc kuri uyu wa kabiri yakiriye Perezida Kagame n’abandi bayobozi mu gutangiza inama mpuzamahanga ya 22 itegurwa n’Umuryango w’Abibumbye ku kubungabunga ikirere iri kubera i Marrakech. Perezida Kagame yaraye ageze muri Maroc mu ijoro rya keye aherekejwe na Mme Jeannette Kagame. Muri iyi nama hateganyijwe ibiganiro binyuranye bivugwa ku cyakorwa ngo […]Irambuye