Gicumbi: Mu gitaramo cya Gospel bati “Utazi agaciro k’amaguru abyinira

Kuri iki cyumweru Mu nzu mbera byombi y’Akarere ka Gicumbi habereye igitarmo cyo guhimbaza Imana bise “Gicumbi ni wowe utahiwe”, muri iki gitaramo hatangiwe ubutumwa bushishikariza urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge aho abaririmbyi bagize bati “Utazi agaciro k’amaguru abyinira inzoga”. Ni igitaramo cyateguwe n’urubyiruko ruba muri za chorale mu madini anyuranye rufatanyije n’ubuyobozi.inzu mberabyombi cyabereyemo yuzuye abantu […]Irambuye

Kayirebwa yizihije imyaka 70 mu gitaramo n’abakunda indirimbo ze

Kigali – Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, Cécile Kayirebwa umuhanzi wakunzwe igihe kinini cyane mu Rwanda, yizihije isabukuru y’imyaka 70 mu gitaramo n’abakunzi b’indirimbo ze. Yataramanye nabo cyane baririmbana indirimbo ze bakunze,  banamuha impano yo kumwifuriza gukomeza kuramba no kuramuka. Kayirebwa wavutse tariki 22 Ugushyingo 1946 yashimiye abaje kwifatanya nawe, atebya abari aho avuga uburyo […]Irambuye

SPECIAL FINAL: Ndayisenga yahesheje ishema igihugu cye…. LIVE n’AMAFOTO

Saa yine zuzuye abasiganwa bari bahagurutse imbere ya Stade Amahoro bagiye gukora urugendo rwo kuzenguruka mu gace k’Umujyi wa Kigali inshuro icyenda ku ntera ya 108Km. Igishyika ni kinshi ku bafana b’amagare ko Valens Ndayisenga ubu ufite Maillot Jaune ari buyigumane akegukana iri siganwa. Agace nk’aka umwaka ushize kegukanywe na Eyob Metkel n’ubu uri gusiganwa. […]Irambuye

Episode 45: Soso – “Eddy, I want to spend this

Njyewe-“ Bb, uwo munsi nuza uzahindura ubuzima bwawe  n’ubwanjye  ariko  icyo nzicyo nuko utazaba utari mwiza kuri njye ,gusa kandi nzi ko uko iminsi isigana insigurira kutazakwibagirwa!” Soso-“Eddy ngaho nyemerera ! ,I want to spend this night with you!!”   Ubwo naracecetse akanya gato ba Djalia bari bari inyuma yacu baba batugezeho! Bakigera aho twari […]Irambuye

Rayon ubu ni iya mbere nyuma yo gutsindira Sunrise i

Ku munsi wa gatanu wa Shampionat ya Azam Rwanda Premier Ligue imikino ya kinwe uyu munsi kuwa gatandatu irangiye Rayon Sports ifashe umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Sunrise FC igitego kimwe ku busa ku mukino waberaga kuri stade ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare. Ku kibuga cy’ibitaka, abafana bari benshi cyane biganjemo aba […]Irambuye

Kibangu: Hagiye kubakwa icyumba cy’abakorewe ihohorerwa rishingiye ku gitsina

Ku kigo nderabuzima cya Gitega giherereye mu murenge wa Kibangu mu Karere ka Muhanga, hagiye kubakwa icyumba cy’abakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu rwego rwo kubaha ubuvuzi bwihariye. Byavuzwe  ku mugoroba wo kuri uyu wa kane muri gahunda yateguwe  n’umushinga wa Profemmes Twese hamwe  witwa BURI JWI RIFITE AGACIRO  wahuje  abaturage, abashinzwe serivisi z’ubuzima mu […]Irambuye

Muhanga>>>Musanze Eyob Metkel niwe utsinze. Ibintu byahinduye isura

Uko barangije: 1 EYOB Metkel (Dimension Data for Qhubeka)    3:15:57 2.BYUK– USENGE Patrick (Club Benediction de Rubavu) ” 3 HAYLAY Kbrom (Ethiopia) ” 4 HATEGEKAGasore ,, 5 UWIZEYIMANABonaventureDimension Data for Qhubeka  0:46 6 OKUBAMARIAMTesfom (Eritrea)  ,, 7 BENEKECalvin(South Africa)    ,, 8 GOLDSTEINOmer (Cycling Academy Team)  ,, 9 GEBREIGZABHIERAmanuel (Dimension Data for Qhubeka)  ,, 10 BURUTemesgen […]Irambuye

Tanzania: Yafatiwe mu bitaro amaze igihe yiyita umuganga agafata ruswa

Uyu muganga wabyiyise biravugwa ko amaze igihe cy’umwaka abeshya abarwayi ko avura ku bitaro bikuru bya Dodoma, maze akabasha kuvana amafaranga mu barwayi ayita aya servisi. Uyu basanze ari umunyeshuri, akaba yarafatiwe aha kwa muganga aho yakoreraga ubujura. Dr Caroline Damian umuyobozi w’ibi bitaro bya Dodoma  yavuze ko uyu musore yafashwe nyuma yo gutegwa umutego […]Irambuye

Kamonyi: Ushinzwe imibereho y’abaturage afungiye kunyereza iby’abakene

*Yari amaze imyaka irenga irindwi muri iyi mirimo *Yafashwe mu masaha amwe ubwo Sena yari mu nama banenga abanyereza ibyagenewe guteza imbere abaturage Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi yatawe muri yombi na Police y’u Rwanda akurikiranyweho kunyereza amabati yo kubakira abatishoboye muri gahunda zibagenerwa. Kayiranga Bonaventure yafashwe […]Irambuye

en_USEnglish