Muri iyi week end abantu bakomoka i Rubavu n’inshuti zabo bateraniye muri Petit Stade i Remera ngo barebe icyo bakora bakarushaho guteza imbere aho bakomoka bahereye cyane cyane ku byo Akarere kifitemo nk’ubukererugendo no kuba ari agace k’ubucuruzi cyane kuko gahana imbibi n’umujyi wa Goma. Jerome Twahirwa akomoka mu murenge wa Kanama, ariko akora ubucuruzi […]Irambuye
Kuri iki cyumweru Mu nzu mbera byombi y’Akarere ka Gicumbi habereye igitarmo cyo guhimbaza Imana bise “Gicumbi ni wowe utahiwe”, muri iki gitaramo hatangiwe ubutumwa bushishikariza urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge aho abaririmbyi bagize bati “Utazi agaciro k’amaguru abyinira inzoga”. Ni igitaramo cyateguwe n’urubyiruko ruba muri za chorale mu madini anyuranye rufatanyije n’ubuyobozi.inzu mberabyombi cyabereyemo yuzuye abantu […]Irambuye
Kigali – Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, Cécile Kayirebwa umuhanzi wakunzwe igihe kinini cyane mu Rwanda, yizihije isabukuru y’imyaka 70 mu gitaramo n’abakunzi b’indirimbo ze. Yataramanye nabo cyane baririmbana indirimbo ze bakunze, banamuha impano yo kumwifuriza gukomeza kuramba no kuramuka. Kayirebwa wavutse tariki 22 Ugushyingo 1946 yashimiye abaje kwifatanya nawe, atebya abari aho avuga uburyo […]Irambuye
Saa yine zuzuye abasiganwa bari bahagurutse imbere ya Stade Amahoro bagiye gukora urugendo rwo kuzenguruka mu gace k’Umujyi wa Kigali inshuro icyenda ku ntera ya 108Km. Igishyika ni kinshi ku bafana b’amagare ko Valens Ndayisenga ubu ufite Maillot Jaune ari buyigumane akegukana iri siganwa. Agace nk’aka umwaka ushize kegukanywe na Eyob Metkel n’ubu uri gusiganwa. […]Irambuye
Njyewe-“ Bb, uwo munsi nuza uzahindura ubuzima bwawe n’ubwanjye ariko icyo nzicyo nuko utazaba utari mwiza kuri njye ,gusa kandi nzi ko uko iminsi isigana insigurira kutazakwibagirwa!” Soso-“Eddy ngaho nyemerera ! ,I want to spend this night with you!!” Ubwo naracecetse akanya gato ba Djalia bari bari inyuma yacu baba batugezeho! Bakigera aho twari […]Irambuye
Ku munsi wa gatanu wa Shampionat ya Azam Rwanda Premier Ligue imikino ya kinwe uyu munsi kuwa gatandatu irangiye Rayon Sports ifashe umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Sunrise FC igitego kimwe ku busa ku mukino waberaga kuri stade ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare. Ku kibuga cy’ibitaka, abafana bari benshi cyane biganjemo aba […]Irambuye
Ku kigo nderabuzima cya Gitega giherereye mu murenge wa Kibangu mu Karere ka Muhanga, hagiye kubakwa icyumba cy’abakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu rwego rwo kubaha ubuvuzi bwihariye. Byavuzwe ku mugoroba wo kuri uyu wa kane muri gahunda yateguwe n’umushinga wa Profemmes Twese hamwe witwa BURI JWI RIFITE AGACIRO wahuje abaturage, abashinzwe serivisi z’ubuzima mu […]Irambuye
Uko barangije: 1 EYOB Metkel (Dimension Data for Qhubeka) 3:15:57 2.BYUK– USENGE Patrick (Club Benediction de Rubavu) ” 3 HAYLAY Kbrom (Ethiopia) ” 4 HATEGEKAGasore ,, 5 UWIZEYIMANABonaventureDimension Data for Qhubeka 0:46 6 OKUBAMARIAMTesfom (Eritrea) ,, 7 BENEKECalvin(South Africa) ,, 8 GOLDSTEINOmer (Cycling Academy Team) ,, 9 GEBREIGZABHIERAmanuel (Dimension Data for Qhubeka) ,, 10 BURUTemesgen […]Irambuye
Uyu muganga wabyiyise biravugwa ko amaze igihe cy’umwaka abeshya abarwayi ko avura ku bitaro bikuru bya Dodoma, maze akabasha kuvana amafaranga mu barwayi ayita aya servisi. Uyu basanze ari umunyeshuri, akaba yarafatiwe aha kwa muganga aho yakoreraga ubujura. Dr Caroline Damian umuyobozi w’ibi bitaro bya Dodoma yavuze ko uyu musore yafashwe nyuma yo gutegwa umutego […]Irambuye
*Yari amaze imyaka irenga irindwi muri iyi mirimo *Yafashwe mu masaha amwe ubwo Sena yari mu nama banenga abanyereza ibyagenewe guteza imbere abaturage Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi yatawe muri yombi na Police y’u Rwanda akurikiranyweho kunyereza amabati yo kubakira abatishoboye muri gahunda zibagenerwa. Kayiranga Bonaventure yafashwe […]Irambuye