Igifaru Ronaldo yasezeranye amarira

Ronaldo Nazario da Lima yagaragaye ku matereviziyo mpuzamahanga ni mugoroba asezera ku bakunzi be muri Ruhago, ati: “ntibyoroshye gusezera ku kintu cyagushimishaga” araturika ararira! Ronaldo, mu Rwanda benshi bitaga igifaru, bitewe n’ubuhanga yari yihariye mugutaha izamu, aretse umupira kumyaka 34, mu mpamvu yatanze yavuzemo imvune zikomeye mu mavi ye, umubiri we unaniwe kubera ibiro byinshi, […]Irambuye

Fulham yinaniwe imbere ya Chelsea

Uyu ni umutwe w’inkuru nyuma yuko benshi bemeje ko Chelsea yacitse ikipe ya Fulham kuri stade yayo ya Graven Cottage i Londres mu ijoro ryakeye. Nyuma yo kunganya 0 -0 hagati y’aya makipe yombi, umutoza wa Fulham Mark Hughes yatanaje ko yababajwe cyane n’uko uyu mugoroba batagize amahirwe yo gutsinda Chelsea, nyuma yuko umukinnyi wabo […]Irambuye

Amavubi arakinira ishema gusa/CHAN

Group D: Rwanda  vs  Angola (Hilal) Tunisia   vs Senegal Nyama yo gutsindwa imikino yombi yabanje yo mu itsinda rya D, amavubi uyu munsi i Port Soudan muri Soudan, arakina umukino wanyuma mwitsinda n’ikipe ya Angola. Uyu mukino ufite icyo uvuze gusa ku ikipe zizazamuka hagati ya Tunisia, Senegal na Angola zose zigishaka ticket ya 1/4 muri […]Irambuye

Kigali City Tower iratahwa mukwa 4

Mu kwezi kwa kane uyu mwaka nibwo Kigali City Tour, inzu ndende mu Rwanda kurusha izindi izatahwa ku mugaragaro. Iyi nzu y’amagorofa 18 izakorerwamo ibintu byinshi nka mabanki, aho berekanira za cinema, amazu y’urubyiniro, restaurant, inzu zicururizwamo, amakuru atugeraho atubwirako za supermaket nka Nakumatt nazo zizakoreramo ndetse n’ibindi byinshi Iyi nzu ikaba ari intangiriro y’indi […]Irambuye

Inzu ndende mu Rwanda izafungurwa mukwa 4

Mukwezi kwa kane uyu mwaka nibwo Kigali City Tour, inzu ndende mu Rwanda kurusha izindi izatahwa ku mugaragaro. Iyi nzu y’amagorofa 18 izakorerwamo ibintu byinshi nka mabanki, aho berekanira za cinema, amazu y’urubyiniro, restaurant, inzu zicururizwamo, amakuru atugeraho atubwirako za supermaket nka Nakumatt nazo zizakoreramo ndetse n’ibindi byinshi Iyi nzu ikaba ari intangiriro y’indi miturirwa […]Irambuye

Perezida Kagame: Ese tugeze he?

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje aho u Rwanda rugeze ubu rwiyubaka,  itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda nkuko ribiteganya, mu ijambo rye Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yashimangiye ko abanyarwanda bageze kuri byinshi byiza kandi bikomeye. Akaba yibanze kuri ibi bikurikira: Aho igihugu kivuye Ishusho y’ U Rwanda uyu munsi: Ubukungu Urwego rw’ ubuzima […]Irambuye

Sangira ijambo na H.E Paul Kagame

Nyakahwa Perezida wa Republika Paul yatangaje ku mugaragaro ko afite umurongo kuri Facebook na Twitter aho abantu babyifuza bazajya bamubaza ibibazo cyangwa batanga ibitekerezo akazajya abasubiza we ubwe buri wa gatutu, ku makuru dukesha urubuga igihe.com, Facebook na Twitter ni site za internet wiba social networks mu rurimi rw’icyongereza ugenekereje mu kinyarwanda ni nk’ihuriro inshuti […]Irambuye

Yohana 13:34 Mukundane

Itegeko ribereho kubahirizwa iyo ritubahirijwe rirahanirwa. Kuki Yesu yagize gukundana itegeko? N’uko yari azi ko bigoye gukunda, byaba byoroshye gukunda ugukunda ariko gukunda umwanzi wawe birakomera. Niyo mpamvu Yesu yabigize itegeko kuko yavuze ati nimuramutsa ababaramutsa ntaho muzaba mutandukaniye nab’ isi, kuko nabo ariko babigenza bakunda ababakunda. Nagira ngo mbabwire ko mu nyama n’ amaraso bitakunda […]Irambuye

Democracy protests bring down Egypt’s Mubarak

CAIRO – Fireworks burst over Tahrir Square and Egypt exploded with joy and tears of relief after pro-democracy protesters brought down President Hosni Mubarak with a momentous march on his palaces and state TV. Mubarak, who until the end seemed unable to grasp the depth of resentment over his three decades of authoritarian rule, finally […]Irambuye

NUR:1337 barangije mu mwaka wa 2010

“Twakoresheje imbaraga nyinshi kugirango mugere kuri uru rwego mugezeho.” Aya ni amwe mu magambyo yatangajwe n’ Umuyobozi wa Kaminuza Nkuru y’ U Rwanda Prof Silas Lwakabamba kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Gashyantare mu muhango wo gushyikiriza impabumenyi abanyeshuri basaga 1337 barangije amasomo yabo mu mwaka ushize wa 2010. Umuyobozi wa Kaminuza Nkuru y’ […]Irambuye

en_USEnglish