Arsenal-Barcelona: Urugamba rukomeye ku nshuro ya Kabiri

Hashize gusa amezi 11 ikipe ya Barcelona isezereye Arsenal mumikino ya UEFA champions Ligue, uyu mwaka wa 2011, urugamba hagati yaya makipe rurongeye nyuma yuko zitomboranye mumikino ya 1/16. Kuri uyu mugoroba kuri Emirates stadium i Londres, ikipe ya Arsenal iraba yakira Barcelona. Mumyaka 11 aya makipe amaze guhura inshuro 5, banganyije inshuro 2, eshatu […]Irambuye

Joseph Habineza: Icyatumye negura!

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 16, Joseph Habineza yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru bari benshi cyane, agirango abatangarize byinshi ku bwegure bwe kuri Ministeri ya siporo n’umuco yarayoboye. Muri iki kiganiro Joseph Habineza yatangaje ko ibyo kwegura kwe ntaho bihuriye n’abari kuvuga kuri Internet ko yasezerewe na Leta y’ u Rwanda, ahubwo we yeguye […]Irambuye

President Kagame muri Capital Talk

Kuri uyu wa kabiri, President Paul Kagame yagaragaye mu kiganiro cyamamaye cyane muri Kenya ndetse no muri Africa yose kitwa Capital Talk kuri Television ya K24 TV. Capital Talk ni ikiganiro kivuga kubya politiki kigatumirwamo ahanini abayobozi b’ibihugu na za Gouvernoma bagize ibyo bageza kubaturage bayoboye, ndetse ariko n’abandi bantu bagiye bakora ibintu bikomeye muri politiki, […]Irambuye

Amavubi yashoje nkuko yatangiye CHAN

Rwanda 1 – 2 Angola. Amavubi yaraye atsiznwe umukino wanyuma yakinaga na Angola, akaba yahise akatisha tiket igaruka i Kigali kuko n’ubundi yari yaramaze gusezererwa muri iri rushanwa rya CHAN riri gukinwa kunshuro ya kabiri. Amavubi niyo kipe irangije nabi imikino yo mu matsinda kuko nta mukino numwe yabashije gutsinda habe yemwe no kunganya. umukino wambere yawutsinzwe […]Irambuye

U Rwanda ntacyo rwikanga ku iterabwoba

U Rwanda ntacyo rwikanga kijyanye n’ibikorwa by’iterabwoba ariko rugomba kugira ingamba rufata mu rwego rwo gukumira bene ibyo bikorwa bigaragara henshi mu karere ruherereyemo. Ibyo byavuzwe na  Lieutenant Colonel Joseph NZABAMWITA, umuhuzabikorwa wa Rwanda Center for Strategic Studies kuri uyu wa kabiri mu nama y’umunsi umwe yateraniye i Kigali kuri uyu wa kabiri. Iyo nama […]Irambuye

Umugambi wo kwataka wahiriye Harry Redknapp

Umutoza w’ikipe ya Tottenham nyuma yo kuvana intsinzi yigitego 1 – 0 bwa AC Milan kuri stade ya Giussepe Meazza y’i Milano, yavuzeko yishimiye ko gahunda yajyanye yo kwataka Milan AC abakinnyi be bayikurikije kandi ikabahira. “Tottenham dukunda gusatira, nirwo rufunguzo rwa ruhago, niko kuzibira izamu kwiza, ndishimye cyane” ayo namagambo y’umukambwe Harry Redknapp nyuma yintsinzi yakuye hanze mumukino ubanza […]Irambuye

U Rwanda rufite byinshi byo gutanga – Richard Newfarmer

Uwahoze ahagarariye Banki y’isi n’ishyirahamwe ry’ubucuruzi kw’isi (World Trade Organisation) muri LONI (UN) Richard Newfarmer, aratangazako u Rwanda rufite ubushobozi bwo kugira icyo rutanga mu bukungu mu karere ndetse no ku isi hose. Newfarmer uri mu nama yahurije hamwe izobere mu bukungu bw’isi, zaje kureba uburyo ibihugu byakomeza gukataza mu majyambere, inama yateguwe na International […]Irambuye

Museveni ntiyorohewe nabo bahanganye

Habura umunsi umwe gusa ngo amatora y’umukuru w’igihugu cya Uganda abe, birasa naho k’uruhande rwa President Museveni umaze imyaka 25 k’ubuyobozi bwa Uganda, bitamworoheye kuko abakandida bahanganye bagera kuri 7 bakomeje kugaragaza imbaraga. Ku munsi wejo nibwo Yoweri Museveni yasoje campanye yo kwiyamama mu mugi wa Kampala, abo bahanga barimo Kiza Besigye usa naho afite […]Irambuye

Minisitiri Joe Habineza yeguye

Nkuko byemejwe mu itangazo ryasohowe n’ibiro bya minisitiri w’intebe riremezako President Paul Kagame yemeye ukwegura kwa Joseph Habineza wari Minisitiri w’Urubyiruko Sporo n’Umuco. Kegeza ubu impamvu yo kwegura kwa Ministri Joseph Habineza nyirubwite ntarazitangaza. Joseph Habineza akaba ari umugabo warumaze kumenyakana cyane kubera imyitwarire ye benshi bita iya ki jeune, yagaragariraga kuri stade mu mikino […]Irambuye

en_USEnglish