Digiqole ad

Perezida Kagame: Ese tugeze he?

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje aho u Rwanda rugeze ubu rwiyubaka,  itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda nkuko ribiteganya, mu ijambo rye Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yashimangiye ko abanyarwanda bageze kuri byinshi byiza kandi bikomeye.

Akaba yibanze kuri ibi bikurikira:

  • Aho igihugu kivuye
  • Ishusho y’ U Rwanda uyu munsi:
  1. Ubukungu
  2. Urwego rw’ ubuzima
  3. Urwego rw’ ubutabera
  4. Ububanyi n’ amahanga

Kanda hano wisomere iri ijambo rirambuye

1 Comment

  • Tuzagera kuri byinshi turi kumwe nawe! Imana ifashe u Rwanda nuyu musaza ururi imbere

Comments are closed.

en_USEnglish