ManU: Ji Sung Park ukwezi adakina

Umukinnyi wa Manchester United Ji Sung Park agiye kumara ukwezi kose hanze yikibuga kubera ikibazo cy’imvune yagiriye mumyitozo. Nkuko byemejwe na staff yabaganga ba Manchester, uyu munya Korea warumaze iminsi adakinira ikipe ye ya Man U kubera igikombe cya Aziya yari arimo, nyuma yo kugaruka yahawe akaruhuko muri iyi week end nibwo kari karangiye, akaba […]Irambuye

Harry Redknapp yiyemeje kwataka

Umutoza wa Tottenham Hotspurs yatangarije BBC ko uyu mugoroba ubwo aza kuba akina n’ikipe ya AC Milan kuri stade ya Giussepe meazza i Milan aza kwataka nkuko asanzwe abigenza iyo yasuye. Mur’uyu mukino wa 1/16 cya UEFA Champions Ligue Tottenham iraza gukina idafite kizigenza wayo Gareth Bale ufite ikibazo kimvune, ndetse na Tom Huddlestone na […]Irambuye

Kurwanya iterabwoba mu Karere

Ikigo gishya mu Rwanda  cyigisha iby’ifatwa ry’ingamba mu kubumbatira umutekano cyatumije impuguke mu bya gisirikare ngo bige ku ngamba zafatirwa iterabwoba mu karere. Colonel Thomas Dempsey wavuye ku rugerero mu gisirikare cya leta zunze ubumwe z’amerika afatanya na Brg. Gen Richard Rutatina, umujyanama wa perezeda kagame mu by’umutekano ni inzobere ziri gutanga ibiganiro muri iyi […]Irambuye

Berlusconi: Urubanza ku ubusambanyi

Umucamanza wo mu mujyi wa Milan, mu Butaliyani, yategetse ko ministiri w’intebe w’icyo gihugu, Silvio Berlusconi, aburanishwa ku byaha byo gusambanya umukobwa wari ukiri umwana. Amakuru aravuga ko Berlusconi yahaye amafaranga umukobwa warufite imyaka 17 kugira ngo baryamane, iyi myaka ikaba itemewe gukora uriya mwuga wo kwigurisha mubutariyani. urubanza rwa Berlusconi ruzaburanishwa mumezi 3 ari […]Irambuye

Mbeki yashimishijwe naho u Rwanda rugeze

Kuri uyu wa kabiri uwahoze ari President wa Africa y’epfo Thambo Mbeki, yatangarije ibiro ntaramakuru bya Africa y’epfo SABC ko ubwo aheruka mu nama yo kwizihiza imyaka 20 ya African Capacity Building Foundation (ACBF) inama yaberaga i Kigali mu cyumweru gishize, yasanze U Rwanda ari igihugu cyateye imbere bitari amagambo. Muri iyi nama yari ifite […]Irambuye

Impunzi zirakangurirwa gutaha

General Gatsinzi Marcel Minisitiri ufite mu nshingano ze gucyura impunzi, mu ruzinduko aherutsemo kugirira muri Malawi yabonanye n’impunzi zigera ku bihumbi 2000 z’abanyarwanda azishishikariza gutaha. Izi mpunzi zikaba nyinshi muri zo zimaze igihe gisaga ku myaka 16 muri Malawi, kubijyanye n’impamvu zidataha, zikaba zarabwiwe na Marcel Gatsinzi ko ibyo bumva byibihuha ko ugeze mu Rwanda […]Irambuye

Hillary Clinton aravuga iki kuri IRAN

Hillary Clinton ashyigikiye imyigaragambyo muri IRAN: Nkuko tubikesha ibiro ntaramakuru BBC, umunyamabanga wa Leta muri Amerika Hillary Clinton yatangaje ko ashyigikiye imyigaragambyo igamije impinduka muri IRAN. Clinton, umugore w’uwahoze ari President w’Amerika Bill Clonton, yagize ati” abanya Iran bafite uburenganzira nkubwo abanya Misiri baherutse guharanira” Abanya Iran ibihumbi bateraniye kuri kurubuga rwa AZADI Square mumurwa […]Irambuye

INAMA MPUZAMAHANGA K’UBWOROZI

Kuri uyu wa 15 Gashyantare, i Kigali hateraniye inama yateguwe n’ umuryango mpuzamahanga wita ku buzima bw’amatungo. Iyo nama ihuje intumwa zaturutse mu  bihugu  45 bya Afrika, n’abafatanyabikorwa batandukanye, ikaba iri kwiga uburyo butandukanye bwateza imbere ubworozi ku mugabane wa Afrika. Muri iyi nama hazigirwamo uburyo harwanywa indwara z’amatungo kugira ngo Afrika yihaze ku bikomoka […]Irambuye

Umugaba mukuru w’ingabo UK mu Rwanda

Umugaba mukuru w’ingabo z’ibihugu bigize ubwongereza bwaguye; United Kingdom na Irland y’amajyaruguru, General Sir David Richards, Kuruyu wa kabiri Gashyantare aragirira uruzinduko rwi’minsi itatu mu Rwanda. Nkuko byemezwa n’umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda Lt Col Jill Rutaremara. Uru ruzinduko rukaba rubaye mu rwego rw’ubufatanye hagati y’igisirikare cy’u Rwanda ndetse n’igisirikare cya United Kingdom, gusa ariko kandi […]Irambuye

Misiri: Abanyegana 2 bahiye ubwoba

Abakinnyi babiri b’abanye Ghana banze gusubira mu ikipe yabo kubera gutinya ibyaberaga mu misiri. Cofie na Eric Bekoe bakinira ikipe ya Petrojet mu cyiciro cya mbere mu misiri banze kwitaba guhamagarwa k’umutoza wabo Helmi Toulan ngo bagaruke mu myitozo, bavugako badashaka kongera kuba mubyo babobonye mu byumweru bibiri bishize. Eric Bekoe ati : “umuryango wange […]Irambuye

en_USEnglish