Impinduka mu burezi muri 2011

Nkuko byari byifujwe n’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba ko ingengabihe y’amashuli igomba guhuzwa mu karere ni muri urwo rwego hashyizwe ahagaragara ingengabihe igaragaza uko umwaka w’amashuli wa 2011 uteganyijwe. Icyitonderwa :Ikiruhuko cya Kabiri gifite ibyumweru bitatu aho kuba 2 nkuko byari bisanzwe kubera igikorwa cy’ibarura giteganyijwe gukorwa mu kwezi  kwa Kanama 2011 IMBONERAHAMWE IGARAGAZA UKO UMWAKA  W’AMASHURI […]Irambuye

en_USEnglish