Hong Kong: Binjiye mu Nteko bangiza ikiranganteko cy’igihugu

Ni ubwa mbere bibaye muri Hong Kong ko abaturage bigaragambyaga binjira mu Nteko ishinga amategeko bafite umujinya bakayitera hejuru.  Kuri uyu wa Mbere bisanzwe ari umunsi w’ubwigenge kuri iki gihugu cyahawe n’u Bwongereza bukagishyikiriza u Businwa ngo bikore igihugu kimwe. Ejo hari hateguwe imyigaragambyo mu mahoro, abaturage bakaba bashaka ko umushinga w’itegeko uri kwigwa mu […]Irambuye

Episode78: Ryan mu buzima bushya, yakiye agaciro k’urukundo yaharaniye

Doctor yagiye atyo, mu by’ ukuri aho nari nicaye nasaga nkudahari, amatwi yanjye yari amaze kumva ibyo ubwenge bwanjye butari bwiteze kwakira, umutima wanjye wateye cyane ndetse mbira ibyunzwe, muri ako kanya nkicaye nagiye kubona mbona Sabine arinjiye akinkubita amaso arikanga cyane. Yarijijishije aratambuka aransuhuza ariko mu maso ye hari hijimye ubona ko ababajwe no […]Irambuye

Bizimana yavuze ko Kayibanda na Habyarimana batari Abanyarwanda

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean Damascene, yavuze ko Kayibanda Grégoire na Habyarimana Juvenal bayoboye u Rwanda, ku butegetsi bwabo bagiye bafata abatutsi nk’abanyamahanga kandi amateka yerekana ko ahubwo abo bombi ari bo batari Abanyarwanda. Yabitangaje kuri iki Cyumweru mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Muyira mu […]Irambuye

U Rwanda na Uganda byarezwe mu rukiko kubera ‘gufunga imipaka’

Imiryango itegamiye kuri Leta muri Uganda yatanze ikirego mu rukiko irega Leta y’u Rwanda n’iya Uganda ku mabwiriza yo gufunga imipaka, ivuga ko yakenesheje abaturage. Kuva mu kwezi kwa kabiri, ubutegetsi mu Rwanda bwafunze umupaka wakoreshwaga cyane wa Gatuna “bunagira inama” abaturage b’u Rwanda yo kutajya muri Uganda. Abategetsi bavuze ko batafunze imipaka yose ahubwo […]Irambuye

Djabel Manishimwe muri APR FC…

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere ubwo ikipe ya APR FC yamurikaga abakinnyi bayo bashya bazifashisha mu mikino ya CECAFA Kagame Cup ndetse n’umwaka utaha w’imikino ,Manishimwe Djabel ni umwe mu bakinnyi bagaragaye mu mwambaro w’umweru n’umukara. Ni nyuma yuko mu mpera z’icyumweru Djabel byari byatangajwe ko yerekeje mu ikipe ya Gor Mahia yo […]Irambuye

Gukemura ibibazo mu burezi ni ‘process’ si nk’ahandi – Dr

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi Dr Isaac Munyakazi yabwiye Umuseke ko burya mu zindi Minisiteri cyangwa inzego z’ubuzima bw’igihugu kubona ikitagenda neza ukagikosora byoroha kurusha uko bimeze mu burezi. Mu burezi ho ngo bisaba kubigenza gake, mbere muri process’… Umuseke: Turabakiriye Dr Isaac Munyakazi Min Munyakazi: Murakoze cyane Umuseke: Wagaragaye k’umukino wa AS Kigali […]Irambuye

Pariki y’Akagera: Amafoto y’inyamaswa ‘ziyituyemo zituje’

Iyi pariki yashinzwe muri 1934 ikaba ifite ubuso bwa   1,122 km². Ni imwe muri pariki Ikora ku mupaka w’u Rwanda na Tanzania. Kubera ibibazo by’ubwiyongere bw’abaturage ndetse no gutahuka kw’impunzi, ubuso runaka bw’iyi pariki bwigeze kwangizwa n’ibikorwa bya muntu. Muri iki gihe yasubijwe ubuzima, inyamaswa ziyituyemo zirakenye. Ikora ku turere twa Kayonza, Gatsibo na Nyagatare. […]Irambuye

Ubuhamya bwa Bukuru wafashwe ku ngufu muri Jenoside afite imyaka

Iki cyaha cyo gufata, mu gihe k’Inkiko Gacaca ni icyaha cyaburanishwaga mu muhezo.  Byari imwe mu ntwaro abacanyi bakoresheje muri Jenoside yakorewe Abatutsi bagamije gutesha agaciro Abatutsikazi no kubanduza indwara. Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwahoze Arusha rwari rufite inshingano yo kuburanisha no guhana abo iki cyaha cyahamye. Bukuru utuye mu Karere ka Nyanza […]Irambuye

Nyanza/Muyira: Barasaba Leta kubaha imisozi yari ishyinguyeho ababo bishwe muri

Kwibuka 25, kuri iki cyumweru mu Karere ka Nyanza hashyinguwe Abatutsi biciwe mu ahitwa Mu Mayaga mu murenge wa Muyira, bose basaga ibihumbi 89 ariko abagiye bakurwa ahantu hanyuranye ni ibihumbi 84. Abarokotse basabye Leta ko yabegurira imisozi yari ishyinguyeho abantu babo kuko ngo n’ubundi bazahora bahibukira amabi yahakorewe. Minisitiri  w’ubutabera Johnston Businge akaba n’Intumwa […]Irambuye

Arena zo muri Roma ya kera hari ahantu h’urupfu

Abaturage ba Roma nibo ba mbere bubatse ibyumba binini bishushe nk’uruziga, bifite aho abantu bicaraga umwe iruhande rwa mugenzi we bakareba imikino itandukanye harimo uwahuzaga abagabo babiri bafite ingufu bakarwana bikarangira umwe yishe undi. Iyi mirwano y’injyanamuntu yaberaga mu cyumba bise ‘arena.’ Ijambo Arena ryo mu Cyongereza rikomoka ku rurimi rw’Ikilatini ‘Harena’ bivuga ahantu h’imirwano. […]Irambuye

en_USEnglish