Month: <span>June 2016</span>

Ngororero: Umusore yikase ubugabo nyuma yo guteshwa agiye kwiyahura

Iburengerazuba – Umusore w’imyaka 26 wo mu mudugudu wa Kibingo mu kagali ka Rugogwe Umurenge wa Muhororo mu karere ka Ngororero mu mpera z’icyumweru gishize yafatiwe mu cyuho ari kugerageza kwiyahura akoresheje akagozi baramutesha maze nyuma gato ahita akoresha urwembe yikata amabya (udusabo tw’intanga) ayavanaho. Uyu musore utarabyara na rimwe, ngo nyuma yo kubuzwa kwiyahura […]Irambuye

Menya indangagaciro 9 z’umuco w’u Rwanda

Mu ndangagaciro z’umuco w’u Rwanda nk’uko bitangazwa n’inteko y’ururimi n’umuco harimo kubaha Imana, gukunda igihugu, kugira ubupfura, kunga ubumwe ndetse no kwagura amarembo nk’indagagaciro ikubiyemo amatwara mashya nka Demokarasi, uburinganire n’ubwuzuzanye, ikoranabuhanga no kumenya indimi z’amahanga. Izo ndagagaciro ni izi; Josiane UWANYIRIGIRA UM– USEKE.RWIrambuye

Nyamasheke: Abayobozi bashinjwa kugurisha inka za ‘Gira inka’ batawe muri

Hashize igihe abaturage bo mu murenge wa Kanjogo mu kagari ka Kigarama bavuga ko inka nyinshi zigenewe abatishoboye muri gahunda ya ‘Gira inka’ abayobozi ku rwego rw’akagali bazikubira cyangwa bakaziha abatazigenewe babahaye icyo bita ‘Ikiziriko’ (ruswa). Police kuri uyu wa 01 Kamena yataye muri yombi abayobozi bagera kuri batatu bashinjwa ibi byaha. Francine Uzabakiriho Umunyamabanga […]Irambuye

Miss Rwanda yakiriwe na Minisitiri Mushikiwabo

Kuri uyu wa 1 Kamena 2016 Miss Rwanda 2016 Jolly Mutesi yakiriwe mu biro na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda bagirana ikiganiro bombi. Miss Rwanda avuga ko kuri we ari inzozi yakabije guhura na Minisitiri Mushikiwabo umuntu abona nk’intangarugero kuri we. Uyu mukobwa avuga ko ahora yifuza kuzagera ikirenge mu cya Minisitiri Louise Mushikiwabo. Jolly […]Irambuye

Urukiko rwanzuye ko Umulisa uyobora Ikigo ‘INMR’ afungwa by’agateganyo iminsi

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko Umulisa Alphonse wayoboraga Ikigo cy’Ingoro z’Umurage z’u Rwanda (INMR) akurikiranwa afunzwe by’agateganyo iminsi 30, ngo kuko bimwe mu byaha akurikiranyweho yiyemerera ko yabikoze (n’ubwo we atabibona nk’ibyaha). Urukiko rutegeka ko Olive Habiryayo bakurikiranywe hamwe arekurwa agakurikiranwa ari hanze. Muri iri somwa ryakozwe […]Irambuye

Impanuka y’imodoka ya RDF yahitanye abagore 2 bo muri Malawi

Ku muhanda wa Kigali – Musanze mu murenge wa Bushoki Akarere ka Rulindo, impanuka y’imodoka y’ivatiri y’ingabo z’u Rwanda yakoze impanuka kuri uyu mugoroba ihitana abantu barimo abagore babiri bakomoka muri Malawi bari bagiye gusura abagabo babo bagiye kurangiza amahugurwa mu ishuri rya gisirikare i Nyakinama. Icyateye iyi mpanuka ntikiramenyekana, ariko amakuru agera k’Umuseke aravuga […]Irambuye

DRC: Padiri Malu Malu wari Perezida wa Komisiyo y’amatora yapfuye

Uwahoze ari Perezida wa Komisiyo y’amatora muri Congo Kinshasa Padiri Apollinaire Malumalu yitabye Imana kuri kuwa 31 Gicurasi ku myaka 54 azize uburwayi. Ibi byemejwe kuri Voice of America na François Balumuene  Ambasaderi wa Congo Kinshasa muri USA aho uyu mupadiri yari amaze iminsi arwariye. Ambasaderi Balumuene yavuze ko uyu mupadiri yitabye Imana mu ijoro […]Irambuye

Burundi: Nkurunziza yatanze iminsi 15 ngo abafite intwaro babe bazitanze

Mu rugendo  yakoreye muri Komini ya Makamba, Perezida w’u Burundi yahavugiye ijambo riha umuburo abaturage batunze imbunda mu ngo zabo mu buryo budakurikije amategeko kuba bazisubije mbere y’iminsi 15 bitaba ibyo bagafatirwa ingamba zidasanzwe. Hashize igihe agace ka Makamba karahindutse indiri y’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi  bwakorwaga n’abantu bitwaje intwaro, ibi bikaba bihangayikishije abategetsi b’u Burundi. […]Irambuye

Abamotari basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi bahavana ingamba

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri  Koperative “Mba Hafi” y’Abamotari bakorera mu Mujyi wa Kigali yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatusti mu 1994 rwa Gisozi,  mu rwego rwo kurushaho  kumenya amateka mabi yaranze u Rwanda.  Koperative “Mba Hafi” ivuga ko  impamvu batekereje igikorwa cyo gusura urwibutso no kunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata […]Irambuye

Umunezero si inshuti n’ubutunzi. Inama 10 zaguha umunezero nyawo

Umunezero ukomoka mu butunzi n’inshuti ushobora guhinduka ndetse ukanashira burundu , bitewe n’uko inshuti zihemuka cyangwa zikadusiga bitewe n’urupfu. Naho ubutunzi bwo ntibuhoranwa kuko ibitera ibihombo biba bibukikije. Bityo rero umunezero ushingiye kuri ibi uhita uyoyoka ako kanya. Kandi burya umunezero niyo soko yo kugira ubuzima bwiza bw’impagarike(physical health), ibitekerezo(mental health), no kubana neza n’abandi(social […]Irambuye

en_USEnglish