Month: <span>June 2016</span>

Tanzania: Mu ntara ya Tanga abantu bishwe baciwe imitwe

Abaturage b’ahitwa Kibatini mu ntara ya Tanga mu Majyaruguru ya Tanzania, bahunze ingo zabo nyuma y’ubwo bwinshi batewe n’urupfu rw’abantu umunani bishwe baciwe imitwe. Impamvu zihishe inyuma y’ubwo bwicayi ntiziramenyekana, Polisi iracyahiga bukware aba barishe abo bantu bikekwa ko bihishe mu mashamba. Polisi yasabye abaturage kwihangana mu gihe igikorwa iperereza ariko abaturage bo batangiye guhunga […]Irambuye

Japan: Umwana wari wajugunywe mu ishyamba n’ababyeyi nk’igihano bamusanze ari

Uyu mwana yasizwe mu ishyamba rwagati mu Buyapani kuwa gatandatu n’ababyeyi be bamuhaga igihano, yatowe ari muzima nta n’ikibazo afite. Uyu mwaka afite imyaka irindwi, yitwa Yamato Tanooka yasanzwe mu kigo cya gisirikare hafi y’ahitwa Shikabe mu majyaruguru y’ikirwa cya Hokkaido, ni muri kilometoro nkeya z’aho yari yajugunywe. Ababyeyi be mbere bari bavuze ko uyu […]Irambuye

Ihuriro ry’abahanzi rigiye kwibuka bagenzi babo bazize Jenoside

Mu minsi mike hashinzwe ihuriro ry’abahanzi ku mugaragaro bise ‘Rwanda Music Federation’ rihita rinatora abariyoboye, ryateguye urugendo rwo kwibuka abahanzi bagenzi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro yabo ya mbere. Kuwa 17Kamena 2016 hateganijwe urugendo rwo kwibuka ruzahera  Kimihurura ku Nteko kugera kuri Petit Stade ahazabera umuhango nyir’izina wo kwibuka. Ibi bikaba […]Irambuye

Karenge: Umugoroba w’ababyeyi wabafashije guca nyakatsi ku buriri

*Umuguroba w’ababyeyi wababafashije mu kwishyura mutuelle de santé, no kwikemurira ibibazo Mu mudugudu wa Kanyangese mu murenge wa Karenge mu karere ka Rwamagana abaturage bavuga ko  umugoroba w’ababyeyi watumye ibibazo byinshi byari byarabaye akarande bibonerwa umuti, mu byo wakemuye harimo no kubona amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza, nyakatsi ku buriri, gutira imyambaro n’amakimbirane yo mu ngo […]Irambuye

Miss Sharifa yatanze imashini zidoda 12 ku bakobwa babyariye i

Umuhoza Sharifa witabiriye irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2016 ahagarariye Intara y’Amajyaruguru akaza kwegukana amakamba abiri arimo kuba igisonga cya kane cya Nyampinga ndetse no kuba ariwe wakunzwe cyane kurusha abandi ‘Miss Popularity’, yahaye imashini zidoda 12 Association yitwa ‘Icyerekezo’ ihuriwemo n’abakobwa babyariye mu ngo zabo bigatuma bacikisha amashuri. Iki gikorwa yakoze kikaba ari umwe […]Irambuye

Kutishyurwa Miliyoni 172 y’ibirarane bya Mutuelle byadindije iyubakwa ry’ibitaro bya

Ubuyobozi bw’bitaro bya Kibungo buratangaza ko kuba hari amafaranga y’u Rwanda asaga kuri Miliyoni 172, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize (RSSB) kitarabishyura byadindije gahunda yo kubaka ibi bitaro, n’ibindi bikorwaremezo by’ibitaro, ndetse no kugura ibikoresho nkenerwa. Ubuyobozi bw’ibitaro bya Kibungo buvuga ko mu mafaranga y’ibirarane by’ubwisungane mu kwivuza “Mutuelle de Santé” asaga Miliyoni 200, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize (RSSB) […]Irambuye

Abakora ‘envelopes’ zipfunyikwamo ibicuruzwa bavuga ko batabona ibikoresho

Ku bufatanye bw’uturere twose n’inganda na koperative zitunganya ibyo bapfunyikamo (envelope) ibicuruzwa, bari mu bukangurambaga bwo guca burundu ikoreshwa ry’amasashi ya ‘plastique’ yangiza ibidukijije. Abafite inganda zikora ‘envelope’ zemewe bavuga ko kubona ibyo gukoresha bitaborohera kuko uruganda rubitunganya muri Afurika ari rumwe gusa. Mu rwego rwo kubungabunga no kurengera ibidukikije, kuva mu mwaka wa 2005, […]Irambuye

en_USEnglish