Ku mugoroba wo kuri uyu wa 24 Nzeri 2015 Perezida Kagame yari mu cyumba cy’inama cya University of Columbia i New York mu biganiro bya World Economic Forum. Mu mbwirwaruhame ye, yagarutse ku nzira zikwiye zo kurandura ubukene, avuga ko abanyarwanda bafite amasomo ahagije y’amateka ku buryo amahirwe abonetse yo kwivana mu bukene bayakoresha mu […]Irambuye
Gukosora: Mu Karere ka Rutsiro haravugwa ibikorwa by’uruhererekane byo kwiba Banki na Koperative yo Kubitsa no kugiriza Umurenge SACCO. Mu gihe kitarenze umwaka hibwe Banki y’abaturage y’u Rwanda, ubu haravugwa ubujura bwibasiye UMURENGE SACCO wa Mushubati wibwe kuri uyu wa kane tariki 24 Nzeri 2015, wibwe nyuma y’uko hibwe n’Ikigo nderabuzima cya Musasa. Mu nkuru yacu […]Irambuye
Mufti w’u Rwanda, Sheikh Kayitare Ibrahim yatanze ihumure ko mu Bisilamu bagera kuri 717 baguye mu mutambagiro mutagatifu i Mecca muri Saudi Arabia nta Munyarwanda urimo. Kuri uyu wa kane, mu gihe Abisilamu bo mu Rwanda bishimira umunsi mukuru bita “Iddil-Adhuha”. Hari itsinda ry’Abisilamu b’Abanyarwanda 74 berekeje i Mecca mu mutambagiro mutagatifu. Kujya i Mecca […]Irambuye
Mu gihe impanuka zikomeye zikomeje gutwara ubuzima bw’abantu cyane cyane mu mihanda yo mu ntara, mu karere ka Kirehe hatangijwe ukwezi kwahariwe kubahiriza amategeko y’umuhanda abantu barengera ubuzima, ubuyobozi bw’akarere bwibukije abatwara ibinyabiziga bose kwirinda kwiyahura bagendera ku muvuduko ukabije, busaba n’abagenzi kwibutsa ababatwaye kwirinda umuvuduko ukabije mu gihe babonye bagenda cyane. Mu gihe hirya […]Irambuye
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyasohoye imibare igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 7%, mu gihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka biturutse ahanini ku rwego rwa Serivise rwazamutse cyane. Urwego rw’inganda rwazamutse ku gipimo cy’10%, urw’ubuhinzi rwazamutse 5% n’urwa Serivise rwazamutse ku gipimo cya 6%, nibyo bikomeje gutuma umusaruro rusange w’igihugu ujya ejuru, ari nawo […]Irambuye
Ikipe y’igihugu y’amagare ikubutse mu mukino nyafurika aho yegukanye imidari ibiri, ikomeje kwitabira amarushanwa menshi hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kwitegura Tour Du Rwanda, ubu abasore b’u Rwanda bagiye kwitabira isiganwa rizenguruka Côte d’Ivoire ‘Tour de Côte d’Ivoire 2015’. Ikipe igizwe n’abakinnyi batandatu niyo irerekeza muri Côte d’Ivoire kuri uyu wa kane tariki […]Irambuye
Mu nama ijyanye n’Umutekano ihuje intumwa za Leta ya Congo Kinshasa n’iz’u Rwanda, Minisitiri w’Ingabo Gen James Kabarebe yavuze ko u Rwanda rwiteguye gukorana na Congo kugira ngo inyeshyamba za FDLR zirandurwe burundu, naho Minisitiri w’Umutekano n’ingabo zavuye ku rugerero muri DRC yashimye ibikorwa bya Perezida Paul Kagame. Muri iyi nama ibera i Kigali, Minisitiri […]Irambuye
Umuraperi Amag The Black n’umunyamakuru w’imikino Taifa Kalisa Bruno bapfaga ijambo ‘Mtalamu’. Kuri ubu iri jambo Amag The Black yemeye kureka kuzongera kurikoresha. Nk’uko Amag The Black abitangaza, avuga ko imwe mu mpamvu yahisemo kureka iryo jambo ari uko adashaka gukomeza kuvugwa cyane mu itangazamakuru kubera ijambo rimwe gusa. Mu kiganiro yagiranye na Umuseke, yavuze […]Irambuye
Uyu mukambwe ukomoka mu gihugu cy’Ubuyapani, Hidekichi Miyazaki yanditse amateka ku Isi ubwo yavudukaga mu ntera ingana na m 100 ku bantu bakuze barengeje imyaka 100. Aha hantu Mzee Hidekichi yahirutse mu gihe cy’amasegonda 42,22 mu marushanwa yaberaga mu mujyi wa Kyoto. Arangije kwiruka, uyu musaza yatangiwe kwigamba kuri nomero ya mbere mu kwiruka iyi […]Irambuye
Mani Martin ni umwe mu bahanzi nyarwanda batangije kwimakaza umuco wo kuririmba by’umwimerere ‘Live’, kuri we asanga Polisi y’igihugu kuba iza igahagarika ibitaramo atari amakosa yayo. Ahubwo ko umuti w’icyo kibazo ari Minisiteri y’Umuco na Siporo yagira icyo ibikoraho. Avuga ko mu mwaka wa 2012 muzika nyarwanda nta muntu wari uzi ko ishobora kugera aho […]Irambuye