“Kuva kwa kane mvuye aha kugeza uyu munsi kuri iyi saha ntituravugana, ntituranabonana” Mu gitondo cyo kuri uyu wa 03 Kanama, Mugesera ukurikiranyweho n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda ibyaha bya Jenoside, yabwiye Urukiko ko atazi amakuru y’umwunganira mu mategeko, ibi byatumye urubanza rusubikwa kuko Urukiko kimwe n’Ubushinjacyaha nabo batazi amakuru y’uyu mugabo. Mu iburanisha riheruka, Me Jean […]Irambuye
Ikinyamakuru cyo mu Budage Der Spiegel, kiravuga ko Chancelliere w’iki gihugu Angela Merkel yatangiye ibiganiro byo kuziyamamaza mu matora y’umwanya ariho ashaka manda ya kane. Angela Merkel aziyamamaza muri manda ya kane mu matora azaba mu mwaka wa 2017, nk’uko Der Spiegel, kibivuga ariko ngo ntashobora kuzatangaza umugambi we umwaka wa 2016 utaragera. Aya makuru iki […]Irambuye
Muri gahunda y’Inteko Nshingamategeko y’u Rwanda imitwe yombi yihaye yo gukusanya ibitekerezo by’abaturage ku guhindura ingingo ya 101 y’Itegeko nshinga, abaturage b’i Gitwe bagaragarije izo ntumwa za rubanda ko bifuza ko Perezida Kagame yakomeza kubayobora. Nta gitekerezo kinyuranyije n’ibi cyahatangiwe. Mu ishuri rikuru ry’i Gitwe-ISPG intumwa za rubanda zashakaga kumva ibitekerezo by’abanyeshuri, abakozi, abayobozi b’ishuri […]Irambuye
Bivugwa ko muri muzika nyarwanda Abakobwa barimo ari mbarwa kubera ko ababigerageje ngo basabwa ruswa y’igitsina bagacika intege impano zabo zikazima. Knowless we siko abibona. Avuga ko ruswa y’igitsina isabwa umuntu bitewe n’uko yaje cyangwa uko yifashe. Butera Knowless niwe muhanzi mu b’igitsina gore ubu uri kuri ‘top’ mu Rwanda, yazamutse asanga abandi nka Miss Jojo, […]Irambuye
*Perezida Kagame yashimye ibikorwa by’uru rubyiruko rwishyize hamwe * Kagame yabasangije amateka y’uburyo yize amashuri muri Uganda bimugoye akaza kurihirwa n’Umubiligi *Yababwiye ko akimara kuba Perezida yagiye gushimira uyu Mubiligi wamurihiye *Kagame yemereye uru rubyiruko ubufasha, ariko by’umwihariko yemera kuzabarihira ubukode bw’aho gukorera mu Rwanda Ni mu mwiherero wabaye kuri uyu wa gatanu tariki 31 […]Irambuye
Mu ijambo Perezida Pierre Nkurunziza yagejeje ku Barundi kuri iki cyumweru nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Gen Adolphe Nshimirimana wafatwaga nk’inkoramutima ye ndetse akundwa na bamwe mu baturage, Nkurunziza yasabye abaturage gutuza bakabana mu mahoro, abakundaga nyakwigendera Gen Nshimirimana bakirinda kwihorera. Kuri Twitter y’Ibiro by’Umukuru w’igihugu cy’u Burundi batangaje ko kuva hagatangira impagarara za Politiki muri […]Irambuye
Police y’u Rwanda imaze iminsi yongeye gukangurira abantu kwirinda ibikorwa bisakuriza abandi, cyane cyane abanyatubari n’abanyamadini. Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru Police yo mu karere ka Gasabo yahagaritse igiterane Africa HAGURUKA cya Zion Temple inafata ibyuma ndangururamajwi byakoreshwaga muri iki giterane cyaberaga kuri stade ya ULK ku Gisozi. Iki giterane ngarukamwaka gitegurwa n’itorero Zion […]Irambuye
Ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA y’amakipe yabaye aya mbere mu karere riterwa inkunga na Perezida Paul Kagame, kuri iki cyumweri ikipe ya AZAM FC yo muri Tanzania niyo yaryegukanye itsinze Gor Mahia yo muri Kenya ku bitego bibiri ku busa. Iyi kipe nibwo bwa mbere yegukanye iri rushanwa. AZAM FC ya Mugiraneza Jean […]Irambuye
Nyuma yo kwegura kwa Ntampaka Theogene, Ikipe ya Rayon Sports kuri iki cyumweru mu nama rusange yashyizeho ubuyobozi bushya bukuriwe na Perezida mushya Gacinya Denis. Olivier Gakwaya wari warasezeye yongeye kugaruka aba umunyamabanga w’iyi kipe y’i Nyanza. Azaba yungirijwe na Visi Perezida wa mbere Martin Rutagambwa, Visi Perezida wa kabiri Fredy Muhirwa naho Umunyamabanga Mukuru […]Irambuye
Kuri uyu wa gatandatu abanyamuryango ba Association y’abakora umwuga wo gutera ikinya no gukangura abarwayi mu Rwanda yitwa RAA(Rwanda Association for Anesthetics) bahuriye mu Ishuri rikuru ry’ubuzima rya Kigali baganira ku mbogamizi bahura nazo ndetse n’intambwe bamaze gutera mu gusohoza umwuga wabo. Kuva iyi Association yajyaho ngo imaze kugera kuri byinshi byiza. Vice President w’iyi […]Irambuye