Month: <span>July 2015</span>

DJ Theo yatandukanye na Muyoboke yishingira iye ‘Label’

DJ Theo azwi cyane mu gutunganya muzika mu Rwanda, yari amaze igihe akorana na Alex Muyoboke muri ‘music label’ yitwa Decent Entertainment ya Muyoboke, gusa ubu Theo avuga ko yamaze gutandukana na Muyoboke ndetse yashinze Label ye nawe itunganya muzika. DJ Theo yahose afite studio yitwa Bridge Record ayivamo ajya gukorana na Alex Muyoboke usanzwe […]Irambuye

Rubavu: Amazi yabaye ingorabahizi, hari abajya kuyashaka mu Birunga

Muri iyi minsi mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’u Rwanda naho amazi ngo yahabaye ingume ku buryo hari abajya kuyashaka muri Pariki y’Ibirunga igice kibegereye kuko muri aya mashyamba hari amasoko menshi. Hakurya muri Congo ho ngo iki kibazo cyafashe indi ntera kuko hari abahasiga ubuzima bagiye gushaka amazi mu Birunga. Ni ibyaganiriwe mu nama y’impuguke zo […]Irambuye

AKON ati “Umushinga wanjye mu Rwanda watangira mu mezi 6”

Mu kiganiro kigufi yahaye abanyamakuru ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, icyamamare muri muzika Akon yavuze ko umushinga we wo gukwirakwiza amashanyarazi akomoka ku zuba mu Rwanda ushobora gutangira mu mezi atandatu ari imbere. Uyu muhanzi ukomoka muri Senegal kuri uyu wa kabiri yiriwe mu biganiro n’ibigo bifite mu nshingano zabyo kugeza amashanyarazi ku […]Irambuye

Abantu 270 000 biteganyijwe ko ari bo bazasura EXPO ya

EXPO Rwanda 2015 ku nshuro ya 18 ngo biteganyijwe ko izitabirwa n’abantu bagera ku 27 000 nk’uko bitangazwa n’Urugaga rw’Abikorera rufatanyije na Minisiteri y’ubucuruzi bayitegura. Iri murikagurisha rizatangira kuwa gatatu tariki 29 Nyakanga kugeza kuwa 12 Kanama 2015. Abacuruzi 383 nibo bazamurika ibikorwa byabo, muri bo 277 ni abikorera bo mu Rwanda naho 106 ni […]Irambuye

“Nta we ukwiye kuba Perezida ubuzima bwe bwose” – Obama

Perezida wa America Barack Obama amaze kugeza ijambo imbere y’Inama yaguye y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe (AU), mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yatangiye i Addis Ababa muri Ethiopia, ijambo rye ryibanze ku kwigisha abayobozi ba Africa ko bagomba kubaha ibiteganywa n’amategeko, anavuga kandi ku byo kurwanya iterabwoba ryugarije isi na Africa. Ijambo rya Perezida Obama ryakurikiye irya Nkosozana […]Irambuye

APR FC nyuma yo gusezererwa nabi (4 – 0) IRASABA

Ikipe ya Al Khartoum Al Watani y’i Khartoum muri Sudan imaze gusezerera ku buryo buyoroheye APR FC iyitsinze ibitego bine ku busa mu mukino wa kimwe cya kane cya CECAFA Kagame Cup i Dar es Salaam muri Tanzania. Vincent Mashami umutoza wungirije wa APR FC yatangaje ko bitwaye nabi cyane ndetse babisabira imbabazi. APR FC […]Irambuye

Bruce Melodie anezerewe cyane n’umukobwa we w’imfura

Uyu mwana w’amezi abiri gusa se yamushyize ahagera bose kuri Instagram mu rwego rwo kugaragaza ibyishimo atewe n’imfura ye yise Itahiwacu Britta. Uyu muhanzi ariko undi mukobwa mu minsi ishize yamushinje ko atwite inda y’imvutsi ariko ngo adashaka kuyemera. Bruce Melodie yabwiye Umuseke ko umukobwa we agiye kuzuza amezi abiri ibintu ngo yumva bimushimishije bikomeye. […]Irambuye

Impaka ziracyari nyinshi mu rubanza rwa Munyagishari ku bijyanye n’Abavoka

 “Yatubwiye ko afite Ubujurire ndetse ko n’Abavoka basanzwe bamwunganira nta kibazo bafitanye”; “Iyo Batonier yatugennye twubahiriza inshingano aba yaduhaye”; “Mu gihe inshingano twahawe tutarazamburwa twiteguye kuzubahiriza.” Mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buregamo Munyagishari Bernard ibyaha birimo ibya Jenoside n’ibyibasiye Inyokomuntu, kuri uyu wa 28 Nyakanga Abavoka bashya babwiye Urukiko ko kutitabira iburanisha byatewe no kuba […]Irambuye

AKON ari i Kigali mu biganiro na Leta ku mushinga

Ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB cyatangaje ko umuhanzi w’icyamamare Akon ari mu Rwanda aho yaje mu biganiro n’abayobozi b’inzego za Leta zishinzwe iby’ingufu ku mushinga we wa ‘Lighting Africa’ ugamije gukwirakwiza amashanyarazi aho atari muri Africa. Akon yagaragaye aganira na Minisitiri w’ibikorwa remezo James Musoni,  Germaine Kamayirese umunyamabanga wa Leta ushinzwe ingufu muri Minisiteri y’ibikorwa remezo, Francis […]Irambuye

NASA igiye gukora icyogajuru kinini cyane kizajyana umuntu kuri Mars

Ikigo NASA mu ishami ryacyo The Space Launch System (SLS) kimaze gutangaza ko kigiye gukora icyogajuru kinini kurusha ibindi byose byakozwe mu mateka kizajyana umuntu ku mubumbe wa Mars. Iki cyogajuru ngo kizaba cyaruzuye muri 2018. Ubu abahanga bazagikora bamaze gushyira ahagaragara igishushanyo mbonera cy’uyu mushinga, iki kikaba cyarerekanywe mu mpera z’Icyumweru gishize. Iki cyogajuru nicyo […]Irambuye

en_USEnglish