Month: <span>September 2014</span>

Ndamukunda ariko umenya arwaye kubeshya

Muraho neza, njye nifuje kubandikira ngo mbabwire ikibazo mfite muri ‘relationship’ n’umuhungu kuko nabanje kubikinisha ariko maze kubona ko ashobora kuba arwaye kandi njyewe ndamukunda cyane. Njyewe ndi umukobwa ugeze igihe cyo gushaka, umuhungu dukundana nawe ntabwo ari umwana. Agitangira kuntereta hashize nka 2 ans yanyerekaga ko ashoboye cyane, agatira imodoka, akanjyana ahantu hahenze, akanganiriza […]Irambuye

Shampionat iratangira mu byumweru bibiri, ABABATIJWE mu mazi abira

Shampiyona y’umupira w’amaguru y’icyiciro cya mbere 2014/2015 mu Rwanda  iratangira tariki ya 20 Nzeri 2014, kubera ingaruka z’ikibazo cy’uwiswe Daddy Birori ubu abandi bakinnyi b’abanyamahanga bahawe amazina bari mu mazi abiri kuko FERWAFA yabahaye icyumweru kimwe bakaba bashatse ibyangombwa bibaranga bitari ibyo bahawe bageze mu Rwanda. Bonnie Mugabe umuvugizi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yabwiye […]Irambuye

Imodoka ya Perezida Kenyatta yari yibwe yabonetse muri Uganda

Imodoka ya President wa Kenya Uhuru yari yibwe ku wa Gatatu washize ubu ngo yabonywe i Tororo  muri Uganda.Police yavuze ko yabonye imodoka yo mu bwoko BMW 735 ya President Uhuru iparitse abantu bayibye bayitaye ngo kubera ko bakekaga ko bari guhigwa. Umukuru w’Ibiro by’ubushinjacyaha muri Polisi ya Uganda Peter Mabeya yagize ati: “Twari dufite […]Irambuye

Fidel Castro avuga ko umutwe wa ISIS washyizweho na Mossad

Umusaza Fidel Castro wahoze ari Perezida wa Cuba aherutse gutangaza ko ihuriro rya NATO arigereranya n’aba NAZI bo kwa Hitler ndetse ko umutwe wa Islamic State uri gukora amabi muri Iraq na Syria washyizweho n’urwego rw’ubutasi rwa Israel rwa Mossad. Castro utarigeze na rimwe acudika na America n’inshuti zayo zose kuwa mbere w’iki cyumweru yatangaje […]Irambuye

“Kuba ndi Mc ntacyo bibangamiraho ubuhanzi bwanjye”- Mc Tino

Kasirye Martin umunyamakuru, umuhanzi, akaba n’umushyushyarugamba uzwi cyane ku izina rya Mc Tino, ngo kuba ari umwe mu ba Mcs bakunzwe cyane mu Rwanda ntacyo bibangamira ubuhanzi bwe. Tino ni umuhanzi uririmba mu itsinda rya TBB ribarizwamo abandi bahanzi nka Bob na Benjamin, akaba n’umwe mu bashyushya rugamba “Mcs” bakunze kugaragara mu bitaramo bikomeye ndetse no […]Irambuye

Intambara y’iminsi 50 muri Gaza yatwaye Israel miliyari 2,5 z’amadorali

Minisitiri w’Ingabo mu gihugu cya Israel Moshe Yaalon yatangaje ko igitero igihugu cye cyagabye mu gace ka Gaza mu minsi 50 ishize, cyatwaye akayabo ka miliyari 2,5 z’amadolari, nk’uko yabigarutseho kuwa kabiri. Mu nama yaberaga mu mujyi wa Tel-Aviv ijyanye n’ubukungu, yagize ati “Ikiguzi cy’urugamba rwiswe ‘Bordure protectrice’ mu bijyanye n’igisirikare, n’ibindi byarugiyeho bigera kuri […]Irambuye

Iraq: ISIS yaciye umutwe undi munyamakuru

Mu ijoro rya cyeye nibwo umutwe wa ISIS wagaragaje amashusho umurwanyi wabo aca umutwe umunyamakuru ukomoka muri USA witwa  Steven Sotloff. Uyu munyamakuru yafashwe bunyago mu 2013 n’abarwanyi ba ISIS bamusanze muri Syria aho yakoreraga akazi ke yatumwe n’ikinyamakuru Foreign Policy magazine. Uwishe uyu munyamakuru biravugwa ko ari nawe wishe uwa mbere mu byumweru bibiri […]Irambuye

Mu mpera z’ukwa 10 Nyabarongo iratangira gutanga amashanyarazi

Ingufu z’amashanyarazi ziracyari nke mu Rwanda, Leta ivuga ko ikomeje gushaka inzira zo kongera amashanyarazi akenewe mu gihugu, urugomero rwa Nyabarongo ruherereye mu murenge wa Mushishiro mu karere ka Muhanga ni igice kimwe mu bisubizo kuri iki kibazo. Kuri uyu wa kabiri Nzeri byatangajwe ko mu gihe cy’ukwezi kumwe ruba rutangiye gutanga amashanyarazi. Minisitiri w’ibikorwa […]Irambuye

Johannesburg: Inyubako iberamo Big Brother Africa yahiye

Umuriro ukomeye kuri uyu wa kabiri Nzeri wibasiye inyubako iberamo amarushanwa ya Big Brother Africa mu gace ka Sasani mu mujyi wa Johannesburg bituma gahunda z’iri rushanwa ryari gutangira tariki ku cyumweru tariki 07 Nzeri zigizwayo nk’uko byatangajwe n’abategura iri rushanwa. Ntibiramenyekana icyateye iyi mpanuka kugeza ubu, Endemol South Africa na M-Net bategura iri rushanwa […]Irambuye

Njarama: Safari atunzwe no gusana ibikoresho by’ikoranabuhanga

Safari Rachid w’imyaka 23 y’amavuko atuye mu kagari ka Kigomba, umurenge wa Njarama mu karere ka Ngoma avuga ko yiteje imbere kubera ubuhanga bwo gufasha abaturage mu kubasanira ibikoresho by’ikoranabuhanga biba byangiritse. Safari asana ibikoresho bitandukanye birimo amaradiyo, amateleviziyo, amasaha, amatelefoni, n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga. Safari, afite umugore n’umwana, avuga ko aka kazi kamutunze kandi kamufashije […]Irambuye

en_USEnglish