Month: <span>May 2014</span>

Bizimana azanye indirimbo yise “Isaro ry’i Nyanza” irimo amateka ya

Indirimbo ivuga ubuzima bwa Rayon Sports n’amateka “Isaro ry’i Nyanza” Niyo Umuhanzi Leon BIZIMANA uzwi kw’izina rya Mons’bil ashyira ahagaragara kuri uyu wa gatanu muri Alpha Palace Hotel.    Leon Bizimana (a.k.a Mons’bil)  mu ndirimbo ye aragaragaza uruhererekane rw’amateka kuri iyo kipe mu mvugo y’abahanzi mu Kinyarwanda gisaba gutegaga neza ugutwi, akaba anatanga ibisobanuro kuri […]Irambuye

U Rwanda rurakira inama Nyafrika yiga ku ubuhinzi

Kuri uyu wa kane tariki 29/5/2014 Ministeri y’ubuhinzi yatangaje ko u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ijyanye n’ubuhinzi izaba igamije kureba ibyagezweho mu buhinzi mu myaka itanu ishize. Iyi nama ikazakoranya inzobere mu buhinzi zigera kuri 300 zivuye mu bihugu bitandukanye bya Africa. Tony Nsanganira umwe mu bari gutegura iyi nama ku ruhande rwa MINAGRI yavuze […]Irambuye

Rwanda, Ethiopia na Kenya bigiye kohereza ingabo muri S.Sudan

Ibihugu by’u Rwanda, Ethiopia na Kenya bizohereza ingabo zigera ku 2500 muri Sudani y’Epfo mu rwego rw’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumye “Nations Mission in South Sudan (UNMISS)” kugira ngo bajye kurinda abaturage b’abasivili. Ibi bikaba byagarutsweho na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu muryango w’abibumbye Samantha Power. Samantha yashimye ibi bihugu uko ari bitatu (Rwanda, […]Irambuye

Isoko rya Busoro rimaze imyaka irenga 40 mu gishanga. AMAFOTO

Ku cyumweru nibwo riba rihinda kuwa gatatu nimugoroba nabwo rikarema abacuruzi bacye. Ni isoko ry’ahitwa i Busoro, ntiryubakiye na mba riri mu gishanga kiri hagati y’imisozi ibiri ihanamye hagati Mu karere ka Huye,mu Umurenge wa  Gishamvu. Rimaze igihe kinini cyane buri wese twabajije mu bahatuye avuga ko yavutse arisanga. Ricururizwamo ibiribwa, amatungo n’imyambaro n’utundi dukoresho […]Irambuye

Senateri Roméo Dallaire agiye kuva muri Sena ya Canada

Senateri Roméo Dallaire wigeze kuyobora ingabo zari mu butumwa bw’amahoro mu Rwanda mu myaka 20 ishize, ariko kuva mu mwaka wa 2005 akaba yari Umusenateri muri Sena ya Canada aratangaza ko tariki 17 Kamena azava mu Nteko Ishinga Amategeko akajya gukora ibikorwa by’ubugiraneza cyane cyane mu gufasha abana binjizwa mu gisirikare no kurwanya Jenoside. Mu […]Irambuye

Nta maboko agira ariko ntibimubuza gokora amasiporo akomeye

Barbie Thomas ni umugore uzwiho kugira umubiri ukomeye kandi umeze neza kubera siporo, igitangaje ni uko nta maboko afite. Ibi ariko ntibimubuza kugaragaza ko hari byinshi yakora.  Ku myaka ibiri nibwo kubera ubukubaganyi Barbie yafashe insinga z’amashanyarazi impanuka yatumye acika amaboko yombi. Avugana na DailyMail yagize ati “Umuganga yemeje ko ntashobora kuzabaho, kandi ko ntacyo nzashobora kwimarira, ko […]Irambuye

Ruhango: Min.Nsengimana yashimiye 'Gafunzo Rice Mill' kuri gahunda yo guha

Mu rugendo Minisitiri w’urubyiruko n’ikoranabuhanga mu itumanaho (MYICT), Nsengimana Jean Philibert yakoreye mu Mirenge inyuranye yo mu Karere ka Ruhango kuwa 28 Gicurasi 2014, yashimiye ibikorwa uruganda rutunganya umusaruro w’umuceri rwa Gafunzo rumaze kugeraho no kuba ruha icyizere n’urubyiruko rukabaha akazi. Uru ruzinduko rwa Minisitri w’urubyiruko n’ikoranabuhanga Nsengimana rwari rugamije kureba ibikorwa by’iterambere urubyiruko rumaze […]Irambuye

Ninde uzegukana igihembo cy’umukinnyi wa shampionat ishize?

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” rirateganya igikorwa cyo guhemba abakinnyi bitwaye neza muri Shampiyona y’umupira w’amaguru y’umwaka ushize wa 2013/2014, nk’uko ubuyobozi bwa FERWAFA bubitangaza. Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke, Kayiranga Vedaste, umuvugizi akaba na Visi-Perezida wa FERWAFA yavuze ko bateganya igikorwa cyo guhemba abakinnyi bitwaye neza muri Shampiyona irangiye wa 2013/2014 nk’uko byari byabaye umwaka […]Irambuye

Muhanga: Inzoga za Siruduwire n’Utuyuki zirandarika abazinyoye

Bamwe mu batuye mu mujyi wa Muhanga bakomeje kwinubira ubusinzi bukabije bukomeje kokama abo bashakanye ndetse bamwe muri bo bagatangaza ko aho bukera bibaviramo gusenya ingo zabo bitewe no kuba batakibashije kwihanganira ibikorwa bigayitse bikorwa na bo mu gihe baganjijwe n’agasembuye. Inzoga zahawe amazina ya Siruduwire n’Utuyuki (inzagwa zengwa mu bitoki zikanyuzwa mu nganda), nizo zikunze […]Irambuye

en_USEnglish