Uyu muhanzi yamamaye cyane I Burayi ariko ubu yaba agiye gutangira kwigarurira abakunzi ba muzika muri Amerika. Nyuma yo kugaragara mu nyandiko nini y’ikinyamakuru New York Times mu minsi ishize, uyu musore ukomoka ku mubyeyi w’umunyarwanda aragaragara ku rupapuro rwa mbere rwa magazine izwi cyane muri Amerika yitwa “Time Out” y’i New York. “Who the […]Irambuye
Kubufatanye bwa MTN Rwanda na Sosiyeti y’ubwishingizi Prime Life Insurance Limited batangije ubwishingizi ku buzima buzajya bwishyurwa hifashishijwe MTN Mobile Money bityo wapfa umuryango wawe ugahabwa amafaranga guhera kuri 250 000 mu gihe wishyuye 4 525Rwf ku mwaka. Minani Gregoire Umuyobozi wa Prime Life Insurance Limited avuga ko ubu bwishingizi bufite akamaro kuko umuntu ashobora […]Irambuye
Ku nshuro ya Kane irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ribaye, uburyo bwo kuzatoranya umuhanzi uzegukana iri rushanwa ndetse n’ibizakurikizwa byatangajwe kuri uyu wa gatanu tariki 02 Gicurasi mu kiganiro n’abanyamakuru. Umuhanzi uzegukana PGGSS IV ni uzerekana ko akunzwe n’abaturage bazamutora, bifite agaciro ka 50% mu bigenderwaho, kuba azi kuririmba by’umwimerere (Live) bizaba bifite 30%, […]Irambuye
Abakecuru b’impanga bahuye bafite imyaka 78 baherukanaga ari impinja. Ann Hunt na Elizabeth Hamel baherukanaga bakiri impinja nk’uko BBC ibivuga. Muri Mata umwaka ushize Elizabeth yabonye ibaruwa iturutse muri Leta ya Oregon, USA, kuri mudasobwa ye. Iyo baruwa yatangiraga ivuga ko nyirayo ashaka uwo bahuje amaraso wo muryango we. Akimara kuyibona yahise yumva atangiye gutekereza […]Irambuye
Ku nshuro ya gatandatu Copa Coca-Cola rimwe mu marushanwa azamura impano z’abana bato kuva ku myaka 17 ryagarutse, ni nyuma yuko ritangiye kubera mu Rwanda kuva mu mwaka wa 2009 nk’uko byatangajwe kuri uyu wa 02 Gicurasi mu kiganiro n’abanyamakuru. Iri rushanwa riterwa inkunga na BRALIRWA ibinyujije mu kinyobwa cya Coca-Cola, kuri iyi nshuro ya […]Irambuye
Saa sita n’iminota 10 z’ijoro kuwa 02 Gicurasi nibwo Tony Adams yari ageze mu Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 47 yamenyekanye mu cyane mu myaka 14 yamaze ari kapiteni w’ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza. Kuva kuwa 02 kugeza kuwa 04 Gicurasi yari mu Rwanda mu gikorwa cya Airtel/Arsenal Soccer Clinic. Tony Alexander Adams ni […]Irambuye
Tony Adams wabaye kapiteni wa Arsenal imyaka 14, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa 02 Gicurasi aje mu Rwanda gusoza igikorwa cyari kimaze icyumweru cyiswe Airtel/Arsenal soccer Clinic. Kuri uyu wa gatanu nk’umugabo, yanasinye ku masezerano y’ubufatanye mu guteza imbere umupira w’amaguru w’abana hagati ya Ferwafa na Airtel Rwanda. Nyuma yagiye gukina […]Irambuye
(U-RWANDA RW’ABANYARWANDA) Mu myumvire y’Abakurambere bacu ba mbere, “Isi” yose (=Cosmos) yari u-Rwanda. Iyo myumvire kandi, twakwita “imyumvire y’umwimerere” w’Abanyarwanda, tuyisanga mw’isesengura ry’umurage w’imigani n’ibitekerezo Abakurambere bacu badusigiye. Kimwe muri byo bitekerezo n’imigani ni icyo bita: “igitekerezo cy’IBIRARI” kitugezaho amavu n’amavuko y’imiryango n’amoko yose, kitwereka ukuntu amwe muri ayo moko yakomotse kw’i-Juru (=ay’Ibimanuka-), andi agakomoka […]Irambuye
Geneva – Dr Hamadoun I. Touré Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro mpuzamahanga ku ikoranabuhanga, ITU yatangaje kuri uyu wa gatanu ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, umuherwe uzwi ku isi Carlos Slim Heru na Madame Park Geun-hye Perezida wa Koreya y’Epfo aribo bahawe igihembo cy’uyu mwaka wa 2014 cy’ubuyobozi bwiza mu guteza imbere ikoranabuhanga (ICT) na Internet yihuta […]Irambuye
Nyuma y’uko ku itariki 29 Mata, nibwo umucamanza Theodor Meron yafashe icyemezo cyo gufungura Dr Gérard Ntakirutimana wahamwe n’icyaha cya Jenoside n’ibindi byaha byibasiye inyoko muntu, agakatirwa igifungo cy’imyaka 25, akaba yari afungiye mu gihugu cya Benin, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jeoside ‘CNLG’ yamaganye iri rekurwa. Mu itangazo CNLG yasohoye yibukije ko uyu Dr Gérard […]Irambuye