Digiqole ad

AMAFOTO: Icyamamare TONY ADAMS mu Rwanda

Saa sita n’iminota 10 z’ijoro kuwa 02 Gicurasi nibwo Tony Adams yari ageze mu Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 47 yamenyekanye mu cyane mu myaka 14 yamaze ari kapiteni w’ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza. Kuva kuwa 02 kugeza kuwa 04 Gicurasi yari mu Rwanda mu gikorwa cya Airtel/Arsenal Soccer Clinic.

Adams hamwe n'abana ku Kicukiro kuri uyu wa gatanu
Adams hamwe n’abana ku Kicukiro kuri uyu wa gatanu

Tony Alexander Adams ni umwongereza w’imyaka 47 uzwi cyane ku isi mu mpura w’amaguru no mu Bwongereza by’umwihariko aho afite izina ry’cyubahiro rya MBE (Member of British Empire) ritangwa n’umwamikazi, kubera ibigwi urihabwa aba yaragezeho mu Bwongereza.

Kuva mu 1983 kugeza mu 2002 yakiniraga ikipe ya Arsenal FC ari nayo yakiniye mu gihe cye cyose akanayibera captain wubahwa cyane mu mateka y’iyi kipe.

Kwitwara neza mu kibuga byatumye mu 1988 ku myaka 21 gusa ahita agirwa kapiteni w’ikipe ya Arsenal, kuva ubwo kugeza ahagaritse gukina mu 2002 yari kuri uyu mwanya muri iyi kipe mu gihe cy’imyaka 14.

IMG_2711
Ubwo yari ahingutse avuye mu kibuga cy’indege
Tony Adams yinjiye mu Rwanda ubona yishimye cyane
Tony Adams yinjiye mu Rwanda ubona yishimye cyane
IMG_2714
Tony Adams avuga n’abaje kumwakira
IMG_2719
Hamwe n’umwe mu batoza boherejwe na Arsenal waje kumwakira, na John Magara umukozi ba Airtel waje nawe kwakira Adams
IMG_2724
Mu kiganiro kigufi cyane yabwiye abanyamakuru ko yishimiye cyane kugera mu Rwanda
IMG_2729
Wabonaga yifuza kuganira n’ubishaka nubwo bamwihutishaga kubera gahunda zindi afite kuri uyu wa gatanu
Abifuje agafoto n'icyi cyamamare bakabonye
Abifuje agafoto n’icyi cyamamare bakabonye
IMG_2735
Yinjira mu modoka ngo age aho yateguriwe kuruhukira
Mu gitondo ku biro bya Airtel i Remera
DSC_3514
Tony ahabwa ikaze na John Magara ku biro bya Airtel Rwanda i Remera aje mu kiganiro n’abanyamakuru no gusinya ku masezerano nk’umuhamya hagati ya FERWAFA na Airtel Rwanda
Yumva ibyo abanyamakuru bamubaza
Yumva ibyo abanyamakuru bamubaza
Yavuze ko ari ibyishimo kuri we kuza mu Rwanda kuzamura impano z'umupira w'amaguru
Yavuze ko ari ibyishimo kuri we kuza mu Rwanda kuzamura impano z’umupira w’amaguru
DSC_3544
Kayiranga Vedaste Vice President wa FERWAFA asinya kuri ayo masezerano y’ubuatanye mu kuzamura impano z’abana mu mupira
DSC_3549
Uhagarariye Airtel asinya
DSC_3555
Tony yishimiye gusinya nk’umuhamya
Aho kuri Airtel abifuje gufatana ifoto nawe bayibonye
Aho kuri Airtel abifuje gufatana ifoto nawe bayibonye
Ku kibuga ku Kicukiro
Ku Kicukiro abana bari bamutegereje
Ku Kicukiro abana bari bamutegereje
Yinjiye abaramutsa cyane
Yinjiye abaramutsa cyane
Uyu mutoza wo muri Arsenal y'abana yaje ahasanga yahise amubwira uko ibintu bimeze n'aban bafite uko bangana
Uyu mutoza wo muri Arsenal y’abana yaje ahasanga yahise amubwira uko ibintu bimeze n’aban bafite uko bangana
Yahise avanamo inkweto n'impanto ngo akinane n'abana
Yahise avanamo inkweto n’impanto ngo akinane n’abana
Ku bakina Football, dore uko Tony Adams afunga inkweto ze
Ku bakina Football, dore uko Tony Adams afunga inkweto ze
DSC_3575
Mu kibuga atangiye gukina n’abana
DSC_3581
Yereka abahungu uko bashobora gukinisha umutwe mu gihe hatewe corner cyangwa bagiye gutsindisha umutwe
Adams hamwe n'abana ku Kicukiro kuri uyu wa gatanu
Adams hamwe n’abana ku Kicukiro kuri uyu wa gatanu
Uyu mugabo yakiniye Arsenal FC imikino 504 ari myugariro, ayitsindira ibitego 32 byinshi muri byo ni ibyo yatsindishaga umutwe
Uyu mugabo yakiniye Arsenal FC imikino 504 ari myugariro, ayitsindira ibitego 32 byinshi muri byo ni ibyo yatsindishaga umutwe
Si umuhanga mu gukinisha umutwe gusa yari azi no guteresha neza amaguru
Si umuhanga mu gukinisha umutwe gusa yari azi no guteresha neza amaguru
Tony Adams imbere y'umufotozi w'Umuseke
Tony Adams imbere y’umufotozi w’Umuseke
Yamwegereye ngo amufotore neza
Yamwegereye ngo amufotore neza
DSC_3587
Abana bari kwitoza mu Rwanda muri Arsenal/Airtel Soccer Clinic bavuye mu bihugu bya Zambia, Uganda, Ghana, Nigeria n’u Rwanda, barimo abakobwa n’abahungu bose hamwe ni 28
DSC_3589
Uyu mwangavu wo muri Ghana ari mu bamaze iminsi mu Rwanda bitoza
DSC_3592
Nyuma yo kuwuconga bafashe akaruhuko gato baraganira
DSC_3595
Yabahaye umwanya ngo bamubaze icyo bashaka
DSC_3598
Yumva uyu musore ibyo avuga
DSC_3601
Adams ni umugabo ukunda kuba aseka anaganira cyane
DSC_3607
Abwira uyu musore uko agomba guhagarara mu kibuga
DSC_3611
Abereka uko umupira uca imbere y’izamu iyo uhinduwe, ndetse n’ababa bashobora kuwutera ukajya mu izamu cyangwa ukavamo
DSC_3618
Tony Adams ari kumwe n’abandi boherejwe na Arsenal, yabwiye aba bana ko ikintu cya mbere mu mupira ari ubwenge
Kayiranga Vedaste wo muri FERWAFA hamwe n'umunyamakuru wa SuperSport bakurikiranye imyitozo
Kayiranga Vedaste wo muri FERWAFA hamwe n’umunyamakuru wa SuperSport bakurikiranye imyitozo
Nathan Asley umwe mu batoza bavuye muri Arsenal  yabwiye abanyamakuru ko muri Africa yahabonye impano nyinshi
Nathan Asley umwe mu batoza bavuye muri Arsenal yabwiye abanyamakuru ko muri Africa yahabonye impano nyinshi
Abantu batandukanye bari bakifuza kwifotozanya n'iki cyamamare
Abantu batandukanye bari bakifuza kwifotozanya n’iki cyamamare
DSC_3672
Umutoza Richard Tardy na Tony Adams bitegereza uko aba bana bakina
DSC_3677
Ni abasore bakiri bato bagaragaza koko ko bafite impano ya ruhago
DSC_3681
Uyu mukobwa yagaragaje imbaraga mu gutera umupira ni nawe wabaye uwa mbere muri aba 28 bose
DSC_3694
Bari guconga ruhago kuri uyu munsi wa nyuma w’amahugurwa bamazemo icyumweru n’abatoza boherejwe na Arsenal
DSC_3706
Uyu musore yitwa Bigiraneza Rachid ni murumuna wa Ndahinduka Michel rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, uyu murumuna we nawe ni rutahizamu, umuntu areberaho ngo ni mukuru we na Jimmy Gatete
Abari kwiga gutoza boherejwe na Arsenal hamwe na Tony Adams na Richard Tardy bitegereza aba bana
Abari kwiga gutoza boherejwe na Arsenal hamwe na Tony Adams na Richard Tardy bitegereza aba bana
Ni aba bato cyane mu myaka
Ni aba bato cyane mu myaka. Umwali Uwase Douce, afite imyaka 13, akinira AS Kigali y’abakobwa, akunda umukinnyi Malta wo muri Brazil (ni umugore) na Lionel Messi wo muri FC Barcelona
Umuyobozi muri Airtel Rwanda avuga ko Airtel ifite ubushake bwo kuzamura impano z'abana ibinyujije mu bufatanye ifitanye n'amakipe ya Arsenal na Manchester United, umwaka ushize muri gahunda nk'iyi mu Rwanda haje Quinton Fortune wahoze ari myugariro muri Man U
Teddy Bhullar, umuyobozi wa Airtel Rwanda avuga ko Airtel ifite ubushake bwo kuzamura impano z’abana ibinyujije mu bufatanye ifitanye n’amakipe ya Arsenal na Manchester United, umwaka ushize muri gahunda nk’iyi mu Rwanda haje Quinton Fortune wahoze ari myugariro muri Man U
Tony asubiye mu kibuga
Tony asubiye mu kibuga
Nyuma y'imyotozo
Nyuma y’imyotozo
Adams yabahaye indi myitozo ngororamubiri bakwiye kujya bakora kenshi
Adams yabahaye indi myitozo ngororamubiri bakwiye kujya bakora kenshi
Iyi ni imyitozo yo gukomeza inda
Iyi ni imyitozo yo gukomeza inda
nyuma mu gikorwa cyo kubaha imidari
nyuma mu gikorwa cyo kubaha imidari
Aba bana bahawe imidari n'impamyabushobozi
Aba bana bahawe imidari n’impamyabushobozi
Abatari abo mu Rwanda bazereka iwabo icyo bavanye mu Rwanda
Abatari abo mu Rwanda bazereka iwabo icyo bavanye mu Rwanda
Abana umunani b'abanyarwanda bari bari muri Airtel/Arsenal Soccer Clinic bifotozanya n'aba bayobozi ndetse na Tony Adams n'abatoza ba Arsenal
Abana umunani b’abanyarwanda bari bari muri Airtel/Arsenal Soccer Clinic bifotozanya n’aba bayobozi ndetse na Tony Adams n’abatoza ba Arsenal
Itsinda ry'aba bana, abatoza ba Arsenal, abayobozi ba Airtel Rwanda na Tony Adams
Itsinda ry’aba bana, abatoza ba Arsenal, abayobozi ba Airtel Rwanda na Tony Adams
Tony Adams yashoje iki kiciro cyo gutoza abana, kuwa gatandatu azatangiza icyo kwigisha abatoza 30 bo mu Rwanda gutoza
Tony Adams yashoje iki kiciro cyo gutoza abana, kuwa gatandatu azatangiza icyo kwigisha abatoza 30 bo mu Rwanda gutoza

Photos/ Paul Nkurunziza & Plaisir MUZOGEYE
ububiko.umusekehost.com

0 Comment

  • Ibi bintu ni byiza cyane. Mukomereze aho.

Comments are closed.

en_USEnglish