Month: <span>August 2013</span>

Abanyafurika bageze ku kayabo k’amadolari mu ikoranabuhanga

Umugabane w’Afurika ufatwa nk’umwe mu yasigaye inyuma mu iterambere. Hamwe mu hantu uyu mugabane wasigaye inyuma ni mu bijyanye n’ikoranabuhanga, gusa ubu hari ikizere ko bamwe mu rubyiruko rw’Afurika bamaze kugera ku rwego rw’abaherwe ku isi bitewe no gukoresha<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/abanyafurika-bageze-ku-kayabo-kamadolari-mu-ikoranabuhanga/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Green Party yahawe icyemezo nk’ishyaka ryemewe mu Rwanda

Kuri uyu wa gatanu ku kigo cy’igihugu cy’imiyoborere (RGB),  Ishyaka riharanira  demokarasi no kurengera Ibidukikije mu rwanda  niho ryahawe icyemezo  nk’umutwe wa Politiki wemewe n’itegeko rigenga imitwe ya politikimu Rwanda. Ribaye ishyaka rya 11 ryemerewe gukorera mu Rwanda. Green<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/green-party-yahawe-icyemezo-nkishyaka-ryemewe-mu-rwanda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ubukana mu mateka y’urukundo

Nshuti bavandimwe, basomyi b’ ”UM-- USEKE” namwe bantu mufite impano mu mpanuro, ndabakeneye. Amateka, ubundi kubayazi bavuga ko adasubirwamo kuko bibara uwayabonye. Ubuzima buri wese anyuramo, bugira icyo bumusigira ndetse bukamubera isomo, sinzi niba murimwe haruwo byabayeho ngo amateka amugaruke.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ubukana-mu-mateka-yurukundo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ibiganiro ku muyoboro wa Peteroli mu karere biri kuba

Abahanga mu bukungu bari mu biganiro by’uburyo umuyoboro wa petrol (Pipeline) uhuza ibihugu bya Uganda, Rwanda na Kenya washyirwaho vuba. Aba bahanga b’ibyo bihugu bari kwigira hamwe ibisabwa ngo uwo muyoboro wubakwe, ndetse n’uko isoko uyu muyoboro uzagemurira ringana.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ibiganiro-ku-muyoboro-wa-peteroli-mu-karere-biri-kuba/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

COGEBANQUE yabaye iya kabiri mu gutanga serivisi nziza muri EXPO

Kubera imikorere inoze, COGEBANQUE yashimiwe ku wa kabiri mu gutanga serivisi nziza muri EXPO 2013 iherutse gusozwa yaberaga i Gikondo mu cyanya cyagenewe imurikagurisha. COGEBANQUE yashimiwe cyane gutanga serivisi nziza muri EXPO ariko abayigana bemeza ko no ku mashami<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/cogebanque-yabaye-iya-kabiri-mu-gutanga-serivisi-nziza-muri-expo-2013/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Uburyo 9 wakoresha kugira ngo wirinde kubyibuha cyane igihe utwite

Kurya bihagije igihe utwite ni ngombwa cyane kuko wowe n’umwana wawe muba mukeneye intungamubiri nyinshi cyane ariko kurya aha babiri ntibivuga kurya inshuro ebyiri z’ibyo wari usanzwe ufungura. Ni gute wagaburira umwana utwite utarengeje urugero ukirinda kugira ibiro byinshi?<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/uburyo-9-wakoresha-kugira-ngo-wirinde-kubyibuha-cyane-igihe-utwite/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kuwa 09 Kanama 2013

Aba bana bo mu kagali ka ka Gihara, umurenge wa Runda mu karere ka Kamonyi bari bazanye n’ababyeyi babo kuvuzwa mu gikorwa cya Army Week aho bakirwaga n’abasirikare bavura mu bitaro bya Girisikare i Kanombe. Photo/DS Rubangura Niba nawe ufite<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kuwa-09-kanama-2013/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Abasirikare bavuye abana 1700 ku buntu mu minsi 5 ishize

Intego abasirikare bavura mu bitaro bya Gisirikare by’u Rwanda i Kanombe, yari iyo kuvura abana 1500 ahatandukanye mu gihugu uhereye tariki 05 kugeza kuya 10 Kanama 2013 mu gikorwa cya Army week, Maj Dr Kayondo King yabwiye Umuseke ko<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/abasirikare-abana-1700-ku-buntu-mu-minsi-5-ishize/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

PGGSS III: Harabura amasaha macye. NI INDE ukijyana?

Amasaha asigaye ari munsi ya 24 ngo tumenye umuhanzi cyangwa umuhanzikazi wegukana igihembo cya Primus Guma Guma Super Star kiri kuba ku nshuro ya gatatu. Iri rushanwa ritegurwa na BRALIRWA ifatanyije na East African Promoters babinyujije mu kinyobwa cya<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/pggss-iii-harabura-amasaha-macye-ni-inde-ukijyana/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Igeragezwa ry’urukingo rwa Malaria riratanga ikizere

Nk’uko bitangazwa n’abari kugerageza urukingo rwa malariya, ikizere cyo kugera ku ntego kirahari kuko ngo aho bageze bakora uru rukingo bigaragara ko biri kugenda neza. Aba bashakashatsi bari kugerageza uru rukingo ruri kugeragerezwa muri Leta z’unze ubumwe za America;<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/igeragezwa-ryurukingo-rwa-malaria-riratanga-ikizere/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish